Umugabo ntabwo yananira||Yahishuye akantu buri mugore yakorera umugabo bikaryoha hagati yabo||Eliane

  Рет қаралды 99,755

ISIMBI TV

ISIMBI TV

Күн бұрын

Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Пікірлер: 1 000
@marieuwase4776
@marieuwase4776 4 жыл бұрын
Wa mama we ibyivuga ubivugira kuko uzi neza caractères y'umugabo wawe, ntabwo abandi bagabo bateye nkawe, harabagabo agressive, violant , uko wakwitwara kose ntabigushimire. Epuis urukundo rurashira agashaka undi mudamu , jyewe niko mbibona
@Twese.01
@Twese.01 4 жыл бұрын
Na caracters zumugabo we ntazo azi kuko umuntu amenywa n'Imana,ubwe ntiyiyizi avuga ngo azi umugabo we!hariho ibyo utiyiziho,n'umugabo atakuziho n'abantu batakuziho bizwi n'Imana gusa kandi ibyo nibyo bikomeye cyane.
@Hubbs567
@Hubbs567 4 жыл бұрын
Asa Nunes domina umugabo wr
@Hubbs567
@Hubbs567 4 жыл бұрын
Nuwa domina
@happymunezero4923
@happymunezero4923 4 жыл бұрын
Ararc .A, umuntu wese si Imana ngo ntahinduke. Imana niyo idahinduka yonyene
@umulinganicole2012
@umulinganicole2012 4 жыл бұрын
Yego kbs
@mariemwiza6155
@mariemwiza6155 4 жыл бұрын
Uzabona uracari kwisi. Wagiye ureka gukora mugisebe abadamu bagenzi bawe wibazoko abagore basenya bose ko aribigoryi ? Ahubwo wabuze lbyuvuga kandi bibitiya ntayuzi yaba waruyizi ntiwakwirirwa ushinyagurira indushyi urakabije kwinshyira hejuru urakabije pee 😭😭😭
@urugendo2
@urugendo2 4 жыл бұрын
Eliane, biba byiza kwigisha ibyo wize ufitiye n'ubuhamya; Niba ibi Bibazo warabinyuzemo uzakomeze gushinyagurira no gutoneka abahuye n ibibazo; Umugabo yakuzaniye indwara nka sida urihangana? Yaragutaye ashaka undi mugore uramwihanganira? Yaragukubise ujya mu bitaro urihangana? Yanze kubahiriza inshingano z'urugo cg akwicisha inzara urihangana? Yakubwiye ko atakigukunda cg atakigushaka mu maso ye urihangana? Yabyaye abana hanze arabazana urabarera?
@janetfuraha1296
@janetfuraha1296 4 жыл бұрын
Urakoze kumumbariza p
@nana-sp5bu
@nana-sp5bu 4 жыл бұрын
Umbaye kure pe jye mba mbona ntazi ibyo uyu mugore aba avuga
@Queen-ze1tm
@Queen-ze1tm 4 жыл бұрын
@@nana-sp5bu yageze iyajya sha niyivugire
@espoirejane446
@espoirejane446 4 жыл бұрын
Ibaze umuntu yakubwiye ati sinkigukunda ,nawe ukamubwira uti ugomba kubanza kunkundira icyibi ni icyiza ,ati usigaye uri cyibi ,uti hoya ahubwo ndi kuba keza cyane 🤔
@nackyssamwinjayire1675
@nackyssamwinjayire1675 4 жыл бұрын
Bite Cyiza, iyo umuntu yageze kurwego nk'urwa Eliane mubitekerezo,biramworohera cyane kunyura muri ibyo bibazo wabajije Eliane. Ikibazo,kiba igihe,unyuze muri ibyo bibazo wabajije,utazi uko ubisohokamwo. Aha rero,niho umugore w'umunyabwenge atanira n'umupfapfa. Umupfapfa abona ibibazo agahunga ibibazo,mugihe umunyabwenge amenya uko anyura mubibazo atabihunze. Niyo mpamvu,umunyabwenge yubaka ariko umupfapfa agasenya. Gusa Eliane abura akantu kamwe kdi kingenzi kubumva amagambo ye,ariko aka: Kumenya ko abo abwira batamwumva, kdi abenshi bafite ibikomere ndetse batazi n'uko bakwiyomora. Kuko rero Eliane afite ibyakomora benshi,azige kuvuga yomora ibikomere abamwumva,kuruta kuvuga yiyomora kdi we yaramaze gutera intambwe. Muri make,arabura kuvuga yigisha kuruta kuvuga abwiriza.
@ayii779
@ayii779 4 жыл бұрын
Sorry ndavuga ibi aruko ntafite urugo rubi, ni rwiza ndetse nurugo rwintanga rugero kuburyo harabo dufasha mubitekerezo! Ariko muri société tubona ingo zibabaye! Eliane ibyuvuga, ntabwo abagore benshi bakubitwa baba ndetse babumbuye nakanywa kabo imbere yabatware babo, baba baciye bugufi ndetse kurusha wowe uko uvuga ubikora, ariko BIKANGAAaa! Attention mumagambo uvuga nta expérience uragira iyo wabonye niyiwanyu kwa maman wawe si wowe! Clément wawe ndamuzi ntavuga arumvikana! Jyushima Imana abagabo bose suko bateye! Rero jyawigisha ibyawe ariko ntujyire uwutunga urutoki. Sabin hari umukecuru wigeze kuzana we afite expérience kandi yabivuyemo neza , ujyureka abo ba Eliane
@tatyanna9871
@tatyanna9871 4 жыл бұрын
Nibyo rwose ingo ziratandukana ntabwo urugero rwe rwakoreshwa mungo zose icyo nashimye mubyo yavuze byose ni ukudatera hejuru ako kanya habaye ikibazo kuko kuvugana umujinya bituma uvuga nabi bitari ngombwa ariko nabyo biterwa n'umuntu hari utabishobora kandi nawe ntakumucira urubanza kuko iyo ututswe cg ukubiswe urengana biragoye kubyihanganira ikindi n'icy'abagabo bahohoterwa n'abagore babo nabyo bibaho ariko niibo bake ugereranyije n'abagore Erega ahari abantu hanuka urunturuntu!
@jeanpierre418
@jeanpierre418 4 жыл бұрын
@@tatyanna9871 ariko ibyo Eliane aviga bitaribyo ni ibihe? Yigeze gutanga urugero ati: umugabo nakuka umunabi uzamuve iruhande ujye mu gikoni kumushyuhiriza amazi yo gukaraba. Hanyuma najya kuryama nawe ukarabe wiyambure ujye mu buriri umushyireho uturenge. Ati uwo mugabo nataguhindukiza uzamenye ko afite ikibazo.
@SunShine-rq9yy
@SunShine-rq9yy 4 жыл бұрын
@@jeanpierre418 ariko abagabo murikunda ye! Ubwo se wumva wabwira umuntu nabi agahita agukorera ibyo ushaka byose nkaho we atababara? Umugore si ibuye nawe agira emotions kumubwira nabi bimutera umunabi. Ese mwe abagabo iyo bababwiye nabi muhita mujya gutanga care? Twese turi abantu di, ntimukadufate nka robot.
@jeanpierre418
@jeanpierre418 4 жыл бұрын
@@SunShine-rq9yy ibyo Eliane avuga ari nabyo nakozeho commentaire bireba abagore! Ibireba abagabo bizaza muyindi topic.
@SIBOMANA-rv6bz
@SIBOMANA-rv6bz 4 жыл бұрын
Sun Shine abagore batize cyangwa bigize ibishegabo nibo bananirwa abagabo ariko habaho nabagabo barimo abazimu
@SunShine-rq9yy
@SunShine-rq9yy 4 жыл бұрын
Abashyigikiye amagambo ya Eliane benshi ni abagabo ofcourse! Ariko mujye mwibuka ko na bashiki banyu, abakobwa banyu cg aba mama banyu bubatse cg bazubaka. Sinzi niba mwakwishimira ko babaho batotezwa ubuzima bwabo bwose.
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Yego niginsina gabo ntabashiki babo bagira bareke batete
@intuntu7863
@intuntu7863 4 жыл бұрын
Wibeshye , harimo abagabo benshi bari kuvugako afite ibigambo, abandi babona batashobokana nawe. Nange ubwange nagiye mbikomoza mu ibiganiro yakoze ko atari umugore wo kwisukirwa. Ndakubwiza ukuri abagabo ashobora kubana nawe ni bakeya , urugambo, ubwibone n ubushegabo agira ni bakeya babyihanganira. Ubuse umugabo we niwe uba yamwohereje.
@roseniragire1669
@roseniragire1669 4 жыл бұрын
@@intuntu7863 natwe tuba twumiwe pe
@nahimanaalain7469
@nahimanaalain7469 4 жыл бұрын
Ukuri kuratoneka sha abakoze ahomugwaye
@intuntu7863
@intuntu7863 4 жыл бұрын
@@nahimanaalain7469 bavure cg ubabwire uko bakwivuza. Kubwange ntamwana wange cg mushiki wange nska kubona mubitaro cg gusaza iimburagihe kubera ubucakara. Niyompamvu ntaterwa impfunwe no kujya mugokoni nkateka. Ikibabaje ni uko hari ababyuririyeho bagashaka kungira umucakara bigatuma dutandukana. Ariko nta nubwo nshaka umwana wange cg mushiki wange utamenya agaciro k ikiremwa muntu. Ndakubwiza ukuri hari urukundo ibi byose nti mwabibona ahubwo iyo twamaze kubana twibwrako babaye our property. Kandi tugiteretana biranashoboka ko wanyambuye undi ubizi. Ko wazaga murugo hadakubuye. Cg nkaza iwawe hadashashe Kubera urukundo ntiwabibonaga. None kuko nta rukundo ukaba udashoboye kugomana nange reka dusezeraneho neza tudateranye amacumu. Maze tujye duhurira ahantu nurybyaro rwacu dusangire twishimye tubabwize ukuri ko tutashoboye kumvikana. Aho kubasiga ari ipfubyi zitazi ico zazize.
@Yonzalifestyle250
@Yonzalifestyle250 4 жыл бұрын
Sabin wazatuzaniye uwo clement umugabo we please
@jeannebushayija9671
@jeannebushayija9671 4 жыл бұрын
Arasakuza gusa sinzi nabamwunva icyo bashaka.nabanze avugane nabantu mubwire ibyo baciyemxo abone gusakuza
@umubyeyiwabo8920
@umubyeyiwabo8920 4 жыл бұрын
Umugabo we yarababajwe, avuga nka radio Rwanda
@janetjanet396
@janetjanet396 4 жыл бұрын
@@umubyeyiwabo8920 uyumugore afite aka radio, sinzi ko umugabo we indiba yamatwi ye ikirinzima.😃
@eliemyasiro5311
@eliemyasiro5311 4 жыл бұрын
Ntabwo Aliane yabyemera ko tumubona bye ndabazi mumugi aho bakorera
@ATSINDA1
@ATSINDA1 4 жыл бұрын
@@janetjanet396 😂😂😂😂😂Uransekeje canee gusa nibyo
@annuwi8656
@annuwi8656 4 жыл бұрын
Umugabo wawe yatagowe koko.. wagira umugore uvuga asukiranya amagambo angana gutya wowe ugashobora kuvuga? Umugabo wawe buriya yarumiwe yabuze ayo Acura n’ ayo Amira.
@clementinesinzumunsi728
@clementinesinzumunsi728 4 жыл бұрын
Komera mme Eliane,umugabo n'umutwe kandi n'umutware w'urugo, kandi uhejeje neza cane : nivyagorana uhamagare ijuru kuko niryo ryonyene rishoboye.
@londochark5690
@londochark5690 3 жыл бұрын
Oya Imana niyo mutware w urugo naho umugabo ni umutwe ,umugore akaba umutima.
@magigikundiro3113
@magigikundiro3113 4 жыл бұрын
Wa mugorewe jya uvuga ibyo uzi byakubayeho ureke kuvugira abantu bose none ubonako ariwowe uzi ubwenge wenyine kuburyo uvugako abagore barenganya abagabo uranavuga cyane jya uvuga witonze.
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Ouiiii elle parle trop
@imnotgoinganywhere1034
@imnotgoinganywhere1034 4 жыл бұрын
Wowe wahuye n' umugabo ucurika ugacurukura, naho ubundi ntabwo usa numugore wubaha kabisa! Ukuntu uvuga wihanukiriye!! Siamini.
@johnterpstra2041
@johnterpstra2041 4 жыл бұрын
Uziko ari bake bazi kuvuga . Eliane brave
@nahimanaalain7469
@nahimanaalain7469 4 жыл бұрын
Ahubwo wew nimba mutabanye neza uramwegera akubwire inzira ucamwo nawe mubane
@imnotgoinganywhere1034
@imnotgoinganywhere1034 4 жыл бұрын
@@nahimanaalain7469 Mfite urugo rwiza muvandi 👌👌
@prudencensaguye9411
@prudencensaguye9411 4 жыл бұрын
Reka wa muntu we! Iyi si dutuyeko imeze ukuntu utamenya. Ariko uyu mugore avuga ivyo yemera muri we kandi avuga ukuri kwinshi.
@pierrekalisa884
@pierrekalisa884 4 жыл бұрын
Umva eriane ibyuvuga nukuri 100/100 kuko burya umugore niwe wambere utunganya urugo ikindi kandi umugabo burya ntabwo angana numugore rwose
@emmanuelniyirora9399
@emmanuelniyirora9399 4 жыл бұрын
Ushimwe mana ko watwubakiye ,niwoe wubaka ingo nyagasa,sinabura kuvugako harabadamu ,abagabo babi pe! Ark imana yaremye inzobe,ibikara abagufi na barebare izi impamvu.sasa rero Niko ningo zimeze,rero ubwo ntawanga ibyiza arabibura.gusa iyo wisunze christo urashobora.gusa pe! Hoya umugabo nuwo kubahwa wee¡ sana,nshimiye umutware wanjye lmana imundindire.iduhe kubaka neza.lmana yaremye ibyiza namwe ibibahe.iyi message nkuramo ibindeba bimfasha .thx.
@odettewibabara3957
@odettewibabara3957 4 жыл бұрын
Nyamara utu mugore afite ikibazo
@manoismael7089
@manoismael7089 4 жыл бұрын
Uyu mugore ibyavuga ntaho bihuriye nibyo akora yavuze ko iwe murugo hari abana ba bene wabo,abana be,na murumuna we ntanumwe yavuze wo kuruhande rwumugabo,babyita kuba farcelle umubeshyi,mubitekerezeho mumbwire........
@chantalnkuliza434
@chantalnkuliza434 4 жыл бұрын
hahah
@chrisgashumba879
@chrisgashumba879 4 жыл бұрын
This woman is so great, I support u sister. keep it up, most of the women who are single mothers out there failed marriage because they ignored God's law.this woman will cook for Clement forever. May God bless u, Lilian.
@nepongirabakunzi7408
@nepongirabakunzi7408 4 жыл бұрын
Ibyo nukuri rwose ,ahubwo buriwese amenye uko yubaka urwe!!!!
@awezayesu1779
@awezayesu1779 4 жыл бұрын
Uyu mudamu jye ajya ankomeretsa😭😭😭 cyaneeee sha Imana ijye ukubabarira kuko uri umwishongozi! Imana izakubaze imitima myishi ya'abadamu barushye umuruho bita umukuba bibero ujya ukomeretsa uwubakiwe n'Imana agirango yarushije abandi gukomeza imiganda koko!!!!
@kanezanicole4035
@kanezanicole4035 4 жыл бұрын
Impure mama Imana irakuzi.uyu mudamu sinjya mbasha byonyine kumva ikiganiro cue ngo nkirangize kuko arirata cyane kugira ngo we ntiyagerwaho.Madamu Eliane genza gake.
@awezayesu1779
@awezayesu1779 4 жыл бұрын
@@kanezanicole4035 mwumva agache gato amarira nkumva arisutse aho nabandi hose! uziko ajyatuma nisubiramo nkibaza icyonarigukora ntakoze nkakibura 😭😭😭😭kandi ubundi nirinda ikintu gituma ntekereza kuri kahise
@luckynile1264
@luckynile1264 4 жыл бұрын
Victory's komera mama uyu mugore nishetani yigendera kari tonesha kubagabo wosanga aragasuma raba honyene ukuntu kavuga!!!gafise ubwishime bubi!!kababaje abadamu beshi canee
@ayii779
@ayii779 4 жыл бұрын
kaneza Nicole hahhh urabona ukuntu yishimye ngwazajya Belgique 🤔
@kanezanicole4035
@kanezanicole4035 4 жыл бұрын
@@awezayesu1779 Humura wikwicira urubanza maama!Icyo nzi neza Imana irakuzi iragukunda,kdi izaguhoza amarira
@lrutagengwa2875
@lrutagengwa2875 4 жыл бұрын
Ubu se umugabo wawe araza kuvuga ryari ? Uraburana cyane .Ntiwatuma umugabo anavuga . Nta mugabo wakwishimira umugore uvuga adatuza , mbega kamere ! Waramucecekesheje ngo ntazakwanga . Gabanya gabanya amarere
@desirentakirutimana7560
@desirentakirutimana7560 4 жыл бұрын
Madame, ivyo bintu uvuga ni ukuri kuzima kandi bishingiye kw'ijambo ry'Imana. Abandi bagore bokurikiza impanuro zawe, ingo zokomera kandi zikabamwo umunezero.
@bellatatianaphilipe4455
@bellatatianaphilipe4455 4 жыл бұрын
Uratoneka abantu benshi ma chérie. Urajomba ibyuma mu nkovu nkurikije comments nsoma...
@chantalnkuliza434
@chantalnkuliza434 4 жыл бұрын
njye ndabo uyu mme yiganirira.baba bashaka ko dushyiraho comments bo bari mu kazi ko kwinziza no kwumenyekana tu!
@Rwandatodaytv
@Rwandatodaytv 4 жыл бұрын
Nababwiye ko uyu mugore ari inyuma yo kwamamaza business ze, iyo witwaje Imana birihuta cyane nabaromani niko babigenje, mbere bakoreshaga inkota
@ChantalHakiza
@ChantalHakiza 4 жыл бұрын
Umva Eliane nakwemeranga ariko uyumusi wavuze cyane pee gusa ujye ushima Imana ko yakubakiye ariko umpenyeko hariho abagore abagabo bajengereje ahubwo ujye ubigisha ukuntu usenga Imana ikakubakira neza. Gusa next Time uzatuzanire Clément please.
@petersongasangwa5843
@petersongasangwa5843 4 жыл бұрын
May God bless you and your family. Uri umugore muzima Kandi urugo rwawe rufite umugisha.
@giraneza637
@giraneza637 4 жыл бұрын
Uyu mugore ntabwo ari umunyamutima: umuntu utishyira mucyigero cy’ undi nta mpuwe agira. Afite ubwiyemezi bukabije kuko yumva ko ari top mumyubakire yingo. Hari abasazanye kandi batuje hari nabapfanye kandi bari bafitiye société akamaro kanini mubyingo. Kubera sagesse ntibigeze bigira abambere! Akeza karigura akabi kakibunza. Ucira imanza abagore bagenzi bawe kuko uri nijye babona. Jya uvuga bike wumve byinshi ntuzi ejo hazaza hamwe ngo hameze gute. Ndangize mvuga ngo uvuga mw’izina ry’Uwiteka yicisha bugufi.
@nackyssamwinjayire1675
@nackyssamwinjayire1675 4 жыл бұрын
@angel123995 ibi bitekerezo nibyo bituma benshi batiyubaka,cg bigasenya abashaka kwiyubaka. Umuntu arivuga kugirango azamure abandi,ngo arihimbaza, yavuga ashize amanga ngo ni umushizi wisoni,cg ukumva abandi ngo akariro gake nafari! Mbese Yesu ko yandikishije ibyiza yakoze,nakababoro yanyuzemwo,wari wumva hari uvigako Yihimbaza? Mbese ko Imana yamaraga kurema,ikabona ko ibyo yaremye ari byiza,ikabona kurema ibindi ku munsi ukurikiye,wigeze wumva hari uvuga ko Imana y'Ihimbaza? Ngirango dufite kumenya gutandukanya ibintu, kwihimbaza ni ukwigereranya n'abandi ukavuga ko ubarusha cg ubaruta ,ariko kwivuga ibigwi,si ukwihimbaza,ahubwo ni ukwimenya cg kwisobanukirwa. Uwisobanukiwe,amenya gutandukanya ubwenge n'ubupfapfa cg icyiza n'ikibi,naho uwihimbaza ntamenya kubitandukanya.
@fazeliam8179
@fazeliam8179 4 жыл бұрын
Uvuze ukuri cyanee.aba ashaka kwibonekeza.Mwihorere sha.utaranigwa agaramye igira ngo ijuru riri hafi.Mumureke imana izamwereka ko ari imana.nanga ubwiyemezi bwe.Ngo niwe uzi gukora,ngo niwe uzi kuvuga,ngo niwe,ngo niwe.angeze ahantu.
@fazeliam8179
@fazeliam8179 4 жыл бұрын
Ariko wamûgore uriyemera mana yanjye.hagowe abo babana peee.ibaze ibintu nkubwo aba avujyira imbere yuwo mwana.Uriiiyeeemeeraaa peee.
@fazeliam8179
@fazeliam8179 4 жыл бұрын
Afite nutugambo rero .ngo bizirikisha umugozi..........ubuse kaba kivujyisha ibiki.Arheeeee.
@fazeliam8179
@fazeliam8179 4 жыл бұрын
Cyokora aravugaaa manaaa.
@yangshirley5057
@yangshirley5057 4 жыл бұрын
Jye mbona Eliane atagakwiye guterwa amabuye we avuga ibintu uko abyumva, ahubwo wenda ntazi kuganiriza imitima yanone yuzuye ibikomere
@christinevuguziga6578
@christinevuguziga6578 4 жыл бұрын
Yego rata uyu mugore ibyo avuga nibwo buzima bwe ahubwo afite imyumvire mibi y'uko ibyo yumva ari byo abandi bakwiye kwemera. Sinon urugo ni we uruyoboye ni nayo mpamvu avuga ko umugore icyo yagira urugo ari cyo rwaba. Kuri we umugabo ni baringa mu rugo, ntacyo yishe nta cyo akijije
@josephineumuhire6328
@josephineumuhire6328 4 жыл бұрын
Rwose natange ubuhamya byo murugo rwe ariko nareke kubeshya ngo arigisha ibyo mungo kuko ntabyo azi mbona aba arimo yiyamamaza na clement we😀😀😀
@futurevisionagency4518
@futurevisionagency4518 4 жыл бұрын
Yegoo rata mama uvuze ukuri byo ntitureshya bareke kutugola Eliane komeza utuvuganire nyabuna ✌️
@ingabireanitha1383
@ingabireanitha1383 4 жыл бұрын
Wa Mudamu we ujya kuvuga aba atarabona jya wituriza, niba urugo rwaraguhiriye jya ushima imana, ntutekereze ko ari imbaraga zawe, hari abagabo batanyurwa ibyo wakora byose bikaba bibi imbere ye akaguta akazana undi, ibyo uvuga ntabwo ubizi byihorere, ese wa mudamu we usanze umugabo arimo kuguca inyuma wakwihangana? ese umugabo wawe ataguhahiye muri cyagihe utwite unaniwe utajya mukazi uwo mugabo wamwihanganira? ese umugabo wawe asohoye amabanga y'urugo mubandi bagore wamwihangabira? ibyo nakubaza nibyinshi utabasha kunsubiza, tuza vuge make isi ntabwo isakaye di ubwo washatse neza nyine iturize.
@happymunezero4923
@happymunezero4923 4 жыл бұрын
Ingabire Anitha, cane ko Eliane yivugiye ko mu misi ya mbere batangura kubana n’umugabo we, ngo ntiyashoka yaragora umugabo ariko akaguma amukunda. Rero yagize amahirwe yogira umugabo amwihanganira
@uwasesolange7601
@uwasesolange7601 4 жыл бұрын
Hari umuntu uba atanyurwa kuburyo nubwo wamuheka umugani w'abanyarwanda yakuruma mu mugongo
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Bien dit
@ReformedByChristAlone
@ReformedByChristAlone 4 жыл бұрын
Ubwo uwo mugabo ntaba agukunda pe! Naho umugabo mwashakanye agukunda nawe ukamwubaha ibyo ntibyamubaho.
@jackykanyange7213
@jackykanyange7213 4 жыл бұрын
Uwimana ihaye yiyita umuhinga,reka gutoneka abagore biyubakiye nabi.
@blaise01nikuvia38
@blaise01nikuvia38 4 жыл бұрын
uyumugore numwiyemezi cyane ntimukamuduhe mwabanyamakurumwe kuko numwiyemezi cyane ntaho yageza abantu kabisa apuuuu
@mamaal6949
@mamaal6949 4 жыл бұрын
Nanjye sinzi impamvu isimbi baguma bamuzana kuko ntacyafasha abafite ibibazo ababiyemeraho gusa yivuga ameza
@NGR2M
@NGR2M 4 жыл бұрын
@@mamaal6949 mwe muri ibihomora niyo mpamvu mutabasha gusobanukirwa ibyo avuga
@minouhmugisha1392
@minouhmugisha1392 4 жыл бұрын
@@NGR2M wowe wabisobanukiwe c wuvise iki icyo nzi nuko wenda yahuye numugabo witonda niyo mavu arikwivugisha
@jeanpierre418
@jeanpierre418 4 жыл бұрын
@@NGR2M 😂😂😂😂
@jeanpierre418
@jeanpierre418 4 жыл бұрын
@@minouhmugisha1392 ntabwo umugabo we yoroshye na mba. Umugabo wamuvanye mu idini yihitiyemo se, akamubuza imyenda akunda etc urumva uwo mugabo atari icumu ribi! Icyo uyu mugore yigisha nukubererekera bene iyo myitwarire ku nyungu z'umuryango. Mujye mukurikira ibyo avuga birisobanura.
@Raja1783-u6e
@Raja1783-u6e 3 жыл бұрын
Abakobwa niba mushaka agacirokanyu, muakaba mwumva kwubaha abagabo Ari ikibazo, mwigumire iwanyu, cyangwa mwishakire amageto. Mwigumire mwenyine cyangwa nyine mushake abandi bagore.
@Bjtv1365
@Bjtv1365 4 жыл бұрын
Ese ko uvugutyo utarakaye warakaye Umugabo haricyoyavuga?
@alexandrentirenganya1962
@alexandrentirenganya1962 3 жыл бұрын
Ijambo ryimana ruti; umugore numugabo varyamye hamwe umwazajyanwa undi asigare ; wemeye gusubira kucyo waretse kubwumugabo!!!!!
@zakmgz3046
@zakmgz3046 4 жыл бұрын
Ariko ko Ibyo uvuga wowe Eliane byumvikana koko abanyarwanda muve mubyo murimo mwubake I go zanyu zishingiye kuri 2 umugabo n umugore nukuri birambabaza iyo umuntu afata umwanya we agasobanura buri kintu cyose hanyuma mukaba mukiri kubihinyura njywe mba muri UK IBYO UVUGA 100% nukuri ushaka ko urugo rwe rugira amahoro nashaka yumve neza ibyo uvuga kandi nukomeza kuvuga harigihe bazageraho babyumve (kubwizanya Ukuri, kwizerana, no kubahana birimo urukundo nokwirengagiza amabwire nibyo byubaka
@hassanharuna1519
@hassanharuna1519 4 жыл бұрын
😘
@zakmgz3046
@zakmgz3046 4 жыл бұрын
😘
@angelitofossettes9172
@angelitofossettes9172 4 жыл бұрын
Exactly👏👏👏👏
@hassanharuna1519
@hassanharuna1519 4 жыл бұрын
Nukuri erega nibahari nabagize ibyag byogushak nabi rekariko tubyita ntibikuyeh ko ibyo avuga arukuri kandi naho umugabo yakunanira uzagerageze kugum urimwiza kuriwe amaherezo aza kugarukira ikibi harabahita bakora nkihangan noneho byose bikazamb kuki igitsina gore duhora duhangan urebe hafiya bose nukumutuka ngembifata nkisuzuguran mumba barire rida kwiye nutemera igitekerezocye yaga kwiye gucecek aho kumuteg iminsi nibind mbon tari imvug nziza mumba barire abo zasenyutse bashatse bamwunva nabatarashak yabafasha byinshyi
@mireillefuraha3589
@mireillefuraha3589 4 жыл бұрын
Zak Mgz exactly
@jackiekabagema8925
@jackiekabagema8925 4 жыл бұрын
Arianne,mbere na mbere ngusabye kuziga uko umugore yubaha umugabo uhereye kumushoza mwizina Clement inshuro igihumbi,umugare musima avuga ati umutware wangye,umugabo wangye cyangwa se papa wumwana runaka
@magigikundiro3113
@magigikundiro3113 4 жыл бұрын
Uvuze neza uwo mugore ntagira nubwenge umugabo bafitanye abana akirirwa amwabiza mwizina kuriya byabura ntamwite Papa kanaka azabanze yige ikinyabupfira ninshinzi pe.
@yangshirley5057
@yangshirley5057 4 жыл бұрын
None se ni sebukwe ngo amutsinde?
@debbiebambohappy1341
@debbiebambohappy1341 4 жыл бұрын
Imana iguhe umugisha. Gusa nkuko wavuze umugabo areke gukora ivyo umudamu wiwe yanka. Kandi n'umugore areke ivyo umugabo wiwe yanka. Ingo zoronka amahoro
@ferdinandodanielo1
@ferdinandodanielo1 4 жыл бұрын
Eliane avugukuri.Urugo rugirwa n'umugore.Umugabo ashobora kuba mubi murugo kuberako umugore atamwumvira.Umugore iyatanga care kumugabo akamwitaho akamuganiriza ntacatuma urugo rutaba rwiza.Ikibazo gihanze ingo abagore benshi ntibazi ishingano zabavanye iwabo.Agashaka kuba umugabo murugo icogihe ntarugo rwabaho kuko inkuba 2 ntizisangira igicyu.Eliane ibyavuga ndabibona hano mubazungu.Umugore umuvana Africa afise indanga gacyiro ashits agashaka kuba umugabo murugo kandi igihe wamuzana yaraziko arumugore womurugo.Non wozana umugore mugikoni kandi hari umukozi murugo?..wobwira umugabo ngwahindure pampers umwana kandi hari umukozi?..Iburaya babikora kuberako ntabakozi kandi ugasanga umugore arikukazi urumvako utegerezwa kubikora.Nicogituma Africa ntidukwiye kuraba ivyabazungu kuko ubuzima babayemo nutwo a antafrica babayemo buratandukanye cyane.
@uwingeneyeshadia7697
@uwingeneyeshadia7697 4 жыл бұрын
Ferdinando Danielo mwebwe muri intashima
@celestinhabimana1935
@celestinhabimana1935 4 жыл бұрын
Uyu mudamu afite ukuri kwinshi kbs, njye ndemeranya nawe, mama iyaba abagore bose batekerezaga nkawe wenda u Rwanda rwacu rwaba paradizo
@mujayisirejosee5945
@mujayisirejosee5945 4 жыл бұрын
Uwo mugore niyicecekere azaze iburayi avuga bizamuhindukana bimurenge ashire akanyaro
@akanyenyeritv3241
@akanyenyeritv3241 4 жыл бұрын
Ivugire wowe ufitumugabo ugutegamatwi mukaganira niyompamvu urugo rukorohera warangiza ukaza kumbuga nkoranyambaga ikivugirukushaka
@donnietv2039
@donnietv2039 3 жыл бұрын
Kuki WWE nimba umugbo agoye utomuhidura kuko icumugore ashaka umugbo aba ninaco aba
@cyuzuzobonita9213
@cyuzuzobonita9213 4 жыл бұрын
Ahubwo umugabo wawe yarumiwe ahitamo kwinumira ,ukuntu uvuga wikaraga bigaragaza uwo uriwe nta mukristo uvuga nkawe.
@simpungaesperance8161
@simpungaesperance8161 4 жыл бұрын
UWANZIGA Monica sha uvuze ukuri kbsa!!!nanjye mbona adshobotse ahubwo ajye ashima imana avuga ko yashatse neza bibinwa n’abake!!!biragaragara ari ingare nkuko yabyivugiye!!
@marieclairerusanganwa8542
@marieclairerusanganwa8542 4 жыл бұрын
Ibyo ni uburetwa umugabo agomba gufatanya n’umugore we kandi nta gasuzuguro karimo. Maze imyaka 25 nubatse ariko umugabo wanjye dufatanya byose kandi turibahana ndetse twubaha Imana. Ibyo Eliane avuga ntitubyumva kimwe. Umugabo ntabwo afatwa nk’ikigirwamana.
@yohaniharera
@yohaniharera 4 жыл бұрын
Uyu Mukobwa afite ubwenge kuko uburere Nyarwanda yabushyize hamwe nubwo yakuye muri Bibiliya maze afata umwanzuru wafasha urugo,njyewe mukuriye ingofero
@carinenduwimana9497
@carinenduwimana9497 4 жыл бұрын
ariko se uyu mugore aba mu yihe si??? ngo iyo umugore abaye mwiza urugo ruba rwiza!! nta bagore uzi babana n'abagabo babahohotera?? cg se bahohotera abana? ubwo se uwo mugore yahaguma kugeza aphuye ngo ni ukwizirika ku mugabo? uri umutesi, niba warashatse neza jya ushima Imana kandi usengere nabari muri mariage mbi Imana ibagoboke. Hari umugore nzi wirirwaga nawe avuga ngo divorce ni mbi bla bla bla, hashize iminsi umugabo aramuta, kandi nawe ni uukozi w'Imana. Ubu yahinduye imvugo!!
@gasanajacques2247
@gasanajacques2247 4 жыл бұрын
Carine Nduwimana hahahahaha afite abamurwanya benshi kuko arikuvugira abagabo
@nikuzemurekatete9058
@nikuzemurekatete9058 4 жыл бұрын
Imana izagusange Ikwigisheko nokugeragezwa kobiliho icyambere nugukizwa kukanini nagato mugasabilana mukijijwe neza ikigeragezo iyocyije muragisengera kandi Imana Ikabasubiza ndetse ikarushaho kubiyereka bityo ikabaha imbaraga zokubahana muribyose kuko urukundo ruratsinda iyo mwese mufite urukundo umugabo kubwo kugukunda icyo ashobojwe cyose n'Imana yakigukorera mbese mufite Imana Muba mufite kubaka neza mutarushyanya jyenicyompa agaciro kurusha amagambo yisi cyangwase kurusha uko navugako jye nubatseneza kandi nirengagijeko harabageragezwa ndetse nanubu ko biriho Kuko mudafite Imana murimwe ushobora nokumwubaha bikanga akakunaniza cyangwase nawe ukamunaniza Ariko mbere yabyose gukizwaneza mumaramaje hagati yumugore numugabo Imana ibana namwe kugeza mushaje Imana ninziza ibihebyose
@alexmg2748
@alexmg2748 4 жыл бұрын
Uyu mu Mama n'umuhanga cyane kandi nda mwemera, arasobanutse pe! Abagore n'abakobwa bazakwegere benshi bakeneye ubufasha! bananiwe gusobanukirwa DEFINITION ya GENDER ni nayo mpamvu GBV cyangwa IHOHOTERA riteye hejuru mu Rwanda.! Uyu Mu mama benshi baramukeneye rwose! I know most women and girls would not like to hear what she's saying but she ABSOLUTELY RIGHT! Women should change their mindsets!
@alinenishimwe7848
@alinenishimwe7848 4 жыл бұрын
nkuko wumvako abagore bananirana ninkuko n'abagabo bananirana ivugire warasubijwe
@chantalnkuliza434
@chantalnkuliza434 4 жыл бұрын
ku mpande zombi yakabaye aribyo yigisha kuko umwe muri bo yateza ibibazo ariko hakabaho kwihangana ariko uwo byananira ako kuba bakwicana byateye mu ngo kuko tugenda tubyumva bahana amahoro
@chantalnkuliza434
@chantalnkuliza434 4 жыл бұрын
uwo binanira si uko aba ari umuswa burya ibibi birarutana mme Lily mwimutera amabuye niko abyumva si ngombwa ko bose ariko bumva nkawe
@martheu.8043
@martheu.8043 4 жыл бұрын
Ntuzi ibyo uvuga.Kwizirika ntibisaba umurunga.Bisaba kwihanganira ibibazo byose ukura nabyo .Yewe,birakomeye ibyo muri couple ,buterwa na ça dépend😃😃
@beatanyiraneza3257
@beatanyiraneza3257 4 жыл бұрын
ubujiji bwuyu mugore, nukumvamvako ingo zose zigomba kubakwa nkurwe kandi ibyo ntibibaho. ubworero kwirirwa yirata, ngo yubahumugabo, wenda ibyo uwe akunda, sibyo uwange akunda!
@niyonkuruyvesrichard2623
@niyonkuruyvesrichard2623 4 жыл бұрын
Merci a Eliane et Sabin.
@abelsabin3693
@abelsabin3693 4 жыл бұрын
C'est rare de trouver une femme digne de son nom, qui tient à son mari surtout à sa famille. Mais elle dérape un peu sur la Bible et sur la vie de couple. Le couple c'est s'entraider. Le papa même si c'est le patron de la maison, il reste un parent dans la famille. D'ou, il doit rendre quelques tâches du quotidien dans sa famille. Message yo nayumvise, arashaka kuvuga icyubahiro mûri couple. Mais, elle nous le présente d'une façon maladroite. Ariko atandukanye n'abandi. Ako Fatima shenge azagahorane. Abel Sabin
@bobotolerent2728
@bobotolerent2728 4 жыл бұрын
Ku bwange hari niveau adafite gusa nkuyu ntacyo yakugezaho
@HNM2024
@HNM2024 4 жыл бұрын
😂😂😂kbx
@dianeuwingeneye3258
@dianeuwingeneye3258 4 жыл бұрын
Yemera bibiriya ariko ntago agisha inama Imana yubakiwe numugabowe na mamudogo banza ubwire Imana aliane mwiza
@annynyagatare6813
@annynyagatare6813 4 жыл бұрын
Hari ikibazo adashubije !!!!Umugabo akubwiye ko agiye wa kwiyahura ?? Uyu mugore elle est fausse ubu abonye undi mugore akamuta nta n’impamvu yakora iki ?? Uziko impamvu ingana ururo afite faiblesse akabije kandi ntacyo arabona singuteze iminsi Imana izagufashe wubake neza
@annynyagatare6813
@annynyagatare6813 4 жыл бұрын
Umugabo ntabwo yahindura couche y’umwana yabyaye kuko atari umugore ahubwo uyu mugore n’akajiji 🤭🤭🤭🤭
@annynyagatare6813
@annynyagatare6813 4 жыл бұрын
Guhindura couche ku mugabo n’ukumwima agaciro 🤭🤭
@valensnsengumuremyi8179
@valensnsengumuremyi8179 4 жыл бұрын
Eliane, urakoze cyane ku bw' impanuro utanga. Iyaba abantu (abagre n'abagabo) numvaga ukuri ntihagire ushinga ijosi, Ingo zabo zaba paradizo. Sabin nawe wakoze ku bw'ibibazo byawe, kuko mu kibazo niho wumvira igisubizo nyacyo cg igisubizo kifafashe. Mugire ibihe byiza mwese.
@josephineumuhire6328
@josephineumuhire6328 4 жыл бұрын
Ntakubeshya wa mugore we umaze kuntera iseseme ntakintu kizima kinyubaka numva uvuga gusa uvugana ubushinzi nubwiyemezi uvugira abagabo baragutumye😀😀😀
@bonheur-boirron77
@bonheur-boirron77 4 жыл бұрын
Oya pe..! oya pe..! comments zanyu mwese ndazibona ariko igituma ibintu byacitse bikaba bituma umuryango uzazimira kndi njye ndabivuze uzabibona nuko mwashatse gushyiraho ibidashoboka.! Kuko byanze bikunze ntabwo umugore numugabo bazangana njye nemera ko bakuzuzanya ariko kungana byo wapi Elianne ahaho ndi kumwe nawe 100% umunsi Imana yahaye umugabo gutwita no kwonsa bizaba byashobotse. Ntaburinganire rero mumiyoborere yurugo kuko ninabyo bitumye impfu zahato nahato mumiryango ziyongera ariko ubwuzuzanye bwo ndabwemera ninabwo bwangombwa kuko buha umugore uburenganzira busesuye mumitungo nibyemezo bifatwa murugo ariko nuvuga uburinganire nirindi jambo rikomeye kndi rizateza ikibazo gikomeye. Murakize.!
@imnotgoinganywhere1034
@imnotgoinganywhere1034 4 жыл бұрын
Sinzuko mwumva uburinganire ariko??
@johnterpstra2041
@johnterpstra2041 4 жыл бұрын
Nibyo %
@jackykanyange7213
@jackykanyange7213 4 жыл бұрын
Ntabwo umugore numugabo bongana,muga ntarahura nishetani yumugabo udashobotse,udahahira urugo ntagire inshinganoze nkumuntu wumugabo,yarangiza akagukangisha abandi bagore,wewe ntaco urabona nicogituma wirigwa usakuza,utumena amatwi
@jacquelinenyirakarire3531
@jacquelinenyirakarire3531 4 жыл бұрын
Ibyuvuga sibyemera
@Emmimmaculee6892
@Emmimmaculee6892 4 жыл бұрын
Kwihanganira urushako byo birashoboka ndabyumva, ark hari aho bikurenga, iyo utabdukanye nuwo mwashakanye kwihangana biba birangiye ntabwo aruko muba mutarakundanye, uvuga ukuri uruhande rumwe, ark uburyo uvugamo bwuzuye ubwishongozi bwinshi, kuburyo byakugora gusana umutima ubabajwe n'urushako.
@tuyiringiretimothee7369
@tuyiringiretimothee7369 4 жыл бұрын
Iki kibazo cyo ntekereza aricyo afite ariko ubundi ibyo avuga ni ukuri. Gusa agerageze yumve ko imitima y'abantu kukwakira ibintu itandukanye. Hari ushoboye kwizirika kuwo bashakanye kubw'impamvu nyinci. Hari nutabishoboye uhitamo gutandukana. Namenye ko byose bibaho. Ariko ibyo avuga nibyo gusa nahindure uburyo bwo kubivuga kugira bose biyumvemo
@Emmimmaculee6892
@Emmimmaculee6892 4 жыл бұрын
Nukuri rwose, ikibazo sibyo avuga ahubwo ni uburyo abivugamo
@StoicAurelius1
@StoicAurelius1 4 жыл бұрын
Uyu mugore azubwenge pe wow nari nziko nkaba batakibaho ariko thank goodness Elianne arahari kandi nizere ko hari nabandi nkawe, Elianne for president for sure
@claude1448
@claude1448 4 жыл бұрын
Wowe turagushyigikiye rwose natwe abagabo twabonye utuvugira rwose
@2345freddy
@2345freddy 4 жыл бұрын
Gutanga comment ntibibujijwe ariko gutukana bihanwa n' amateheko y' igihugu icyaricyo cyose cyo kwisi. Kutumvikana kukintu ntibivugako utatanga igitekerezo cyawe ariko ukoresheje ikinyabupfura. Ndagirango mwese mwibuke ko hariho amategeko agenga imbuga nkoranya mbaga. Utemera ibyo yavuze nawe yasaba isimbi tv ijambo agatanga ibikerezo bye.
@intuntu7863
@intuntu7863 4 жыл бұрын
Biterwa n utukanye naho ari, n icyo wita igitutsi . Niba urarumva abategetsi bakuru batukana kuri radio ayo mategeko yafashe hasi.
@fifikany
@fifikany 4 жыл бұрын
@@intuntu7863 aka kantu,bien dit et bien envoyé...
@intuntu7863
@intuntu7863 4 жыл бұрын
@@fifikany fifi ukuri ntikwica umutumirano... ariko nubwo ari umugani wa kinyarwanda siko kuri ubu bimeze. Abanyarwanda dusigaye tureka gushakira ikibazo mu imizi , tukirirwa mubitampaye agaciro. Nonese uravuga amategeko kuri KZbin kuki atayabwira abo yabyaye, abo baturanye, abamutegeka.. , ntabwo tuzi impamvu yuyu mugore kuza kuri KZbin, ibyo avuga hari abo bishimisha , nabatabishimira👍👍👍 ni uburenganzira bwa buri wese. Rwose nta nu1 narakarira. Ariko wibizanamo amategeko. Kuko sentiment n amategeko biratandukanye. Na ajye murukiko kundega ko nahakanye ibyo yavuze. Ariko sinshyigikiye abatukana abo aribo bose. Icyo nanze ni abumva ko hari abafite uburenganzira bwogutukana, nabadafite uburenganzira bwo kuvuga icyo batemera. Kubwange mbona ko ndi mwiza kuko hari abo mbona ko ari babi. Badahari sinzi uko nakwibona. Kandi nibazako nabo babona ari beza kundusha. Ka nkubwire inkuru yange yi impamo. Nize muri zaire, congo yubu. Nabonaga umuzairwaze nkabona ntaryamana nawe niyo yampa iki. Nyuma naje kwimukira mukandi gace ka congo mugihe cya Kabila. Nkunda umukoba nibwirako ari umunyarwanda aranyanga ndahatiriza biranga. Nyuma nyura kuwundi wishuti ye abwirako yanyangiye ko ndi umunyarwanda ninabwo namenyeko ari congolaise udafite naho ahuriye na rwandophone. Icyo nabangiraga ni imissatsi yi imiterano, kwisiga amavuta abahindura umuhondo. No kuvugira hejuru. Noneho we yansobanuriye ko anyangira ( abanyarwanda) kutagaragaza uko turi. Kandi iherezo tukamenyekana. Ubu mbakunda kurusha abanyarwanda. Nonese unsobanurira gute ko umuntu yiyemeza gusobanurira undi icyo aricyo?!! Ndi umunyarwanda. Unsobanurira ute ko uzi ikimbereye cg ikinkwiriye. Zana kubikire, jya muri irishyirahamwe kungufu. Mwarimu ukamutegeka kujya mwishyirahamwe ariwe wakujijuye. Umukarani ishyirahamwe kungufu. Umu motar, umuhinzi, umucuruzi.. ngaho bwira umurimo wakora utari mu amashiyahamwe? Cg umutegetsi. Kuki ugomba kumva ibintu kimwe nange? Uriya mugore kuba mukurikirana ni uko mubyo avuga hari ibyo nemera. Ariko nibyo ntemera sinabimuziza. Urugero : nkange umugore si igitamba mbuga , afashe umwanya wo kujya mu idini ashaka sinajya kumubuza cg ngo nyire produits mumutwe we kungufu. Nature ye intera uburwayi nabimubwira tukanajya kwa muganga. Yabyanga tugatandukana. Ariko ntaburwayi bintera akuzuza ibyo mushakaho murugo namureka. Kuko nkbwange sinashatse uburanga bwe. Uko wasa kose numvikana nawe byanshimisha. Niyompamvu nicarana n ibwayange munzu tukgasohoka nkaba ntayikubita cg ngo nyituke. Kuko iyo ishaka gusohoka ndabibona. Niyo itabishaka ndabibona. Uzatunge injangwe iwawe munzu uyigenzure ushake kuyishyiraho amabwiriza ashyira kuzindi nyamaswa cg abantu n ikwemerera uzangaye. Ijya hanze kuko ibishaka ikazamunzu kuko ibishaka. Ntizagusakuriza, ntizagusaba ibyo kurya, nuyikorakora itabishaka izaguhunga. Nuyegera itabishaka izaguhunga. Byose ni ibikwereka ikizere yifitiye kandi itakubangamiye muburyo ubwo aribwo bwose. Birakwiyeko abantu tugabanya ubwenge. Uburenganzira bwacu bugatangirira!!!!( kurenga inzira uba ugiye mu kwabandi aho ubwabandi butangirira
@sibomanajmv954
@sibomanajmv954 4 жыл бұрын
corect njye uyu mudamu ndabona yakifashishwa mu kuyobora umuryango nyarda kuko umaze kwangirika
@ndamaze1984
@ndamaze1984 4 жыл бұрын
@allow point warakubititse ariko uzi no kwigira kuri nature, so n'uyu mufate nk'icyaremwe afite some positive points!
@faustinngendakuriyo8037
@faustinngendakuriyo8037 4 жыл бұрын
Ahubwo uyu mugore hasigaye ko atunganya umubiri wiwe agaca aba umukirisu . Abantu bose bamurwanya kuko batizera Imana . We aravuga ukuri kwa bibiliya ingene ingo zigomba kubakwa , ariko kubera abantu bashaka kwiberaho mukajagari bahita bamurwanya . Mutandukanye ivyo avuga n'ingene ubwiwe yoba abayeho . Kubera nawe ari umuntu ashobora kwihenda agakora amakosa . Ariko igikuru nuko yemera ko iyo umutware wiwe amubwiye ko ivyo yakoze atabikunda aca ahindura . Abagore benshi rero ntibemera guhindura arinaho usanga baca bakubitwa .
@revenmurera5205
@revenmurera5205 4 жыл бұрын
Komerezaho Mama!
@jeremieniyonkuru631
@jeremieniyonkuru631 4 жыл бұрын
Wouuuuu Sabin ngusabe uwundi musi uwo mukenyezi hanyuma muze mukorane ikiganiro ari kumwe n’umugabo wiwe abitwibwirire live. Kandi nimba ariko abikora Imana ibimuhere umugisha. Impamvu mbivuze nuko a beshi babivuga k’umunwa gusa. Ariko Eliane we nibaza ko atariko ameze. Murakoze. Turashaka n’amagambo ava mumugabo wiwe.
@Iwacu54321
@Iwacu54321 4 жыл бұрын
Eliane wee ubuse nkubwire iki koko, abantu bateye kuburyo butandukanye pee, urugero nkajye nd' igitsina gabo kdi nkurikije uko nkubona ntago twakubakana, kuko sinabasha gutunga umugore uvuga amagambo angana atya noneho akayavugira kugasozi, nkurikije imiterere ya kigabo ahubwo umugabo wawe yarumiwe ahitamo ku kwihorera.
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Wabimenye
@SunShine-rq9yy
@SunShine-rq9yy 4 жыл бұрын
Mumbwirire rwose 👏
@ericlincoln1100
@ericlincoln1100 4 жыл бұрын
wamukura He s'ubundi😂
@ReformedByChristAlone
@ReformedByChristAlone 4 жыл бұрын
Ariko niba utabana nawe ngo bigukundire ntabwo bivuze ko n'abandi bagabo bose ar'uko babyumva. Arinayo mpamvu ubwo nawe ufite uwo ubona wakunyuze; mwabana mugashobokana. Rero nawe yabigarutseho neza ati "uwo ni njyewe Aliane" n'abandi bafite uko batekereza. Ariko sinzi ko niba uri umugabo koko wakwishimira kubana n'umugore ugusuzugura. Kimwe nuko nta mugore washobora cg wanezezwa kubana n'umugabo utamukunda.
@jeanmariendayishimiye1157
@jeanmariendayishimiye1157 4 жыл бұрын
Umutima w'umuntu urushaho gushukana
@mukunzisylvestre8637
@mukunzisylvestre8637 4 жыл бұрын
Eliane rero ujye ushima Imana ko wagize amahirwe ukagira umugabo ukumva mugahuza, nicyo cyubahiro umuha akakibona nawe akabikubahira, aeiko ujye unazirikana ko hari nabadashobotse nabo bamenye uko bitwara, kuko nabatemana suko baba aeibyo bahisemo, bifite uko biza kdi kamere zabantu ziratandukanye. So mubyo uvuga harimo ukuri ariko harabo wishongoraho, rero ugerageze uzashake indi mvugo ukoresha yigihsa muri rusange kdi ntibibakde kuri Bibiliya kuko abantu bose siko bayemera.
@intuntu7863
@intuntu7863 4 жыл бұрын
Sabin wavuze ikintu kiza ngo Umugore ariho arahabwa imbaraga ariho aratezwa imbere👍 niba ari umunyembaraga ntabwo yakazihawe, ntiyanatezwa imbere atari ikimuga yakiteje imbe👏👏👏
@edgardkacu9162
@edgardkacu9162 4 жыл бұрын
Sha ibintu byawe najyaga mbisuzugura ariko rwose ndagukunze. Ibintu uvuga ni ukuri 100%
@chantalmut1942
@chantalmut1942 4 жыл бұрын
Aptuuu! Liliane ngo yubaha umugabo birenze! Ngo niyo amuvuguruje imbere yabakozi aremera agaceceka agategereza ko bagera murugo...Ahaa! Mwabonye ukuntu muri débat ya divorce aburana? Aca abagabo bangahe mu ijambo.... uwanyereka ajya impaka n'umugabo we! Simpamya ko aceceka. Gutega amatwi ukumva, mbere yo kuvuga nabyo ni ukubaha.
@jocyejohn8869
@jocyejohn8869 4 жыл бұрын
Haaaaaa icyakubwirako uretse ko kuva yabaho ntaraceceka nabakuru bavuga nkanswe gucecekera umugabo we ategeka....uziko nomurugo yajyaga avugiramo ba Papa Bari kuvuga ntatume bumvikana ahubwo icyo nabonye yaje kwigisha abantu ibyo we Yananiwe buriya mwabantu mwe mumenye Ibye ntiyanabacumuza
@miriamneemavaagen4632
@miriamneemavaagen4632 4 жыл бұрын
Wamukobwawe imana ikubakire iguhe imigisha myinchi uvuze ukuri abagore bakwigireho ingeso nziza
@janetjanet396
@janetjanet396 4 жыл бұрын
Eliana dear usenge cyane kuko omu slay queen ashobora kwibasira Clement wawe maze bigatuma ushavura nkabandi bagore bagoweeeee
@yangshirley5057
@yangshirley5057 4 жыл бұрын
Ibyo ni ibibi yifurizwa ariko we atifuriza abandi Imana inyuranye iyo migambi mibisha n' ubuzima bwa Eliane
@janetjanet396
@janetjanet396 4 жыл бұрын
@@yangshirley5057 ntawe nifurije nabi. Ahubwo we ubwe arekeraho kugaragaza abandi bagore bananiwe amago nkaho aribo ikibazo . Niba we yubatse neza abishimire imana , naho nakomeza kuvuga nabi atyo, imana izabimuhanira. Imana ishobora kwohereza slay queen kumuryango we maze ashoberwe . That's law of nature! Iyo wirase kubababaye, nawe ugerwaho vuba nabwangu.
@djihadnikwibampaye7257
@djihadnikwibampaye7257 4 жыл бұрын
Ahhh hari abagabo bagowe bahora munyanja yimiserero itarangira 🤦🤦🤦
@dariyakarigirwa5934
@dariyakarigirwa5934 4 жыл бұрын
Ubaye ahantu hataba abayaya noneho ukaba wagize ikibazo k'intege nte ntabwo umugabo yakorera isuku abana be cyangwa ngo abatekere?
@je7919
@je7919 4 жыл бұрын
What a nice conversation, this woman not just a business successful She knows exactly what she is talking in this subject: please next time do not interput her Umugabo ashobora kwitwa Umuvyeyi Muri sense figure , kandi kubera yaronse uwumuvyarira other wise umugore niwe muvyeyi sense propre. Kuko washaka n’inka baraza ko Arivyeri canke ishuri I guess you understand Just ask her opinions regarding the others you had interviewed because she is not There to convince them what they have to do . According to me she kind of sah a PHD mungo N’imibano Elianne niwagiye kugerageza kwubaka wagiye ( KWUBAKA) Iciza nukwunva aho agejeje, Igene yatagiye murugo canke guhoja nibaza yoba other topic Sabin don’t waste time on no sense ask helpful and clear questions. Cheers from 🇨🇦🇧🇮 Murakoze , Thank you
@musabwaconcorde8638
@musabwaconcorde8638 4 жыл бұрын
Ibyuvuga nibyo kbs uburenganzira bwabagabo burakenewe knd ingendo yundi iravuna
@chloeeiriho8820
@chloeeiriho8820 4 жыл бұрын
Sabin uzotuzanire umugabo wuwo mugore twumve nawe icavuga.
@mignonenyantezi6460
@mignonenyantezi6460 4 жыл бұрын
Umbarire uzamubaze ese ubundi agira ibanga mpora nibaza ese abagabo nababore bakugisha inama ndabangaya reka kubwire liriane impavu utarasenya subwitozi ugira ahubwo numugabo mwiza imana yanguhaye naho ubundi urishinzi
@theogenemunyaneza5840
@theogenemunyaneza5840 4 жыл бұрын
Urashoboye mada abagabo niyowabacumbira umutsima wanido harimwo abatanyurwa rero niba warashatse neza tuza bb
@chantalnkuliza434
@chantalnkuliza434 4 жыл бұрын
si byiza gutukana uko umuntu yumva ibintu ntubimuhora ahubwo utamuhanura
@nyiramanaaline6895
@nyiramanaaline6895 2 жыл бұрын
@@theogenemunyaneza5840 😂😂😂😂😂😂
@akanyenyeritv3241
@akanyenyeritv3241 4 жыл бұрын
Eliane reka nkubwire ukuri kose ntikuvugwa ikindi abagore benshi bafitibikomere mungo zabo zarabashaririye iyuvuzibyabagabo ubatoneka munkovu
@geraldinekamali832
@geraldinekamali832 4 жыл бұрын
Nyamara utarabona agirango ijuru riri hafi. Ntarabona cg ntarumva abagabo ba NTAMUNOZA. Usubiza ngo umva ngo aranshyanukaho mbese/ waceceka ngo atakumenya ati dore agasuzuguro ke mbese. Sha hari umugabo werera imbuto ntanakubone nagato pe. Ayiii abagabo di , utabazi arababalirwa. Shima IMANA ko wubakiwe n'UWITEKA , umugabo akumva . Ureke indushyi zibwirire YESU
@chuj9034
@chuj9034 4 жыл бұрын
Aho divorce wapfa..? None wahitamo kugira abana bawe imfubyi...? Ntago uzi ibyo uvuga.
@StoicAurelius1
@StoicAurelius1 4 жыл бұрын
CHU J Azi ibyavuga wowe uraruka
@mamakmi6209
@mamakmi6209 4 жыл бұрын
Muraho neza,uyumudam akwiye gushyira mugaciro pee, hari abagore beza bazi guca bugufi yewe bakunda imana.ariko ugasanga umugabo yaramunaniye ndetse agataha ashaka kumwica, mbese ubwo ntakwiye kumuhunga? Ukunze umugabo ntagukunde byagenda bite? Ese wakwemera gupfa ngo udakora devorce ?
@princessenzahoraho1364
@princessenzahoraho1364 4 жыл бұрын
Ntazi nyene ibyo avuga Nuko ataraja imbere yurupfu ngo arabe uko bimera nimba yokwishora. La terre tourne ibyo ntabizi se
@uwimanajeannedarc4378
@uwimanajeannedarc4378 4 жыл бұрын
Eliane ntarugo rwubakwa nkurundi kuko abantu ntiduhuje imico ninyifatire nusenya ntacyo abatakoze abagore benshi babayeho bakomeretse cyane ufata icyemezi cya divorce bibabimaze kumurenga harabagabo babi cyane ... Umugabo utukana urwana uvuganabi utubaha uwobabana usebya umugore we umugabo wabaye mubi ndumva utamuhindura nagato naho ibyuvuga rwose ujye ubibwira abakobwa batarashaka nabasore kuko urugo nikindi kintu abantu baricana umunsi kuwundi wowe ngo bizirike (umugabo sumubyeyi ikinyarwanda !!)
@jeannsabimana9455
@jeannsabimana9455 4 жыл бұрын
Ndakweye cyane kbs Imana ikomeze kukubaka ,ureke izonkorabusa zishinze barusarurira mu nduru bazanjye ibisenya i ngo bavuga ngo umugabo n umugore barareshya. kdi ukuri kuraryana cg umuti uvura nurura .ndakwemeye pe
@GG-ni1zj
@GG-ni1zj 4 жыл бұрын
Bandaniriza aho madame ufise principes nziza cane wahisemwo kuraba inyungu zanyu mwese. abariko baragutuka n'abakugiriye ishari n'ipfuhe kubwenge Imana yakwihereye kumenya ingene wubaka urugo rwawe. Imana ibandanye kukongerereza ubwenge yongere ibandanye gukomeza urukundo no n'icubahiro ufitiye Clément.
@kanezanicole4035
@kanezanicole4035 4 жыл бұрын
Vuga uziga disi we!!kdi ureke guca imanza.kuko abo ubona bishwe n'agahinda ntibanze kubaka
@huguetteimboneza4919
@huguetteimboneza4919 4 жыл бұрын
Nawe yigez kubabara niy mpamvu ashak gufasha abandi kndi Imana ishimwe ko hari ingo zimaze kwiyunga nazo zikagira umunezero murugo
@Rwandatodaytv
@Rwandatodaytv 4 жыл бұрын
mwareka kuba nkabana, none wibwira ko abari bubatse ingo mbere ya bible batazubakaga, none ko mufite bible mukaba ari namwe mutana, murumva mutari injiji gusa
@sugiragrace5519
@sugiragrace5519 4 жыл бұрын
Mubwire pe nibiri hanze
@londochark5690
@londochark5690 3 жыл бұрын
@@Rwandatodaytv bibilia yagize abantu injiji Bose baba bavuga bati bibiliya iravuga iti, wagirango hari icyiza ivuga tutari dufite,niyo mpamvu abibanda kuri bibilia batareba abakera baba bibeshya kuko abakera bamenye Imana kurusha abubu bavuga ko bafite bibiliya.
@Rwandatodaytv
@Rwandatodaytv 3 жыл бұрын
@@londochark5690 bibiliya yanditse kuburyo bakwibagiza ko ibyo urimo usoma byaturutse kubantu batari bazi gusoma no kwandika, icyo gihe baravugaga gusa cg bagashushanya kumabuye, izi nyandiko za moses zose bazibye muri afrika kandi nibitekerezo gusa byabantu, ntaho bihuriye n'Imana
@emmakay3883
@emmakay3883 3 жыл бұрын
Umugore ushaka kwubaka wunve... Gusibira kwisoko.. Thanks Eliane
@etoiledelest5876
@etoiledelest5876 4 жыл бұрын
Mukalisa Alice, unasema kweli kabisa Mungu akubariki.
@nadinemuhongerwa8001
@nadinemuhongerwa8001 4 жыл бұрын
Wa mudame we, ujye uvuga uziga,...niko umunyarwanda yavuze. bucya bwitwa ejo, kandi rwose nkwifurije amahoro murugo rwawe, gusa ujye umenya ko ntawukora iyo divorce abyishimiye, suis désolée uri très arrogante, orgueilleuse, méprisante (niko ugaragara ,byumvikana mubyo uba uvuga) kandi wibwira ko ibyo utekereza byose aribyo c'est dommage. Uzisuzume, ugishe n'inama bibaye ngobwa (ureke Ibyo kwihagararaho kuko personne n'est parfaite ) .Murakoze
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Bien dit
@ReformedByChristAlone
@ReformedByChristAlone 4 жыл бұрын
Ariko mwaretse kumutega iminsi ra! Murabura kumusengera ngo azakomeze abe mubyishimo; yubake neza
@mireilleuwase8472
@mireilleuwase8472 4 жыл бұрын
Ariane inyigisho zawe ninziza pee burya iyo wubashye umugabo ibintu bigenda neza kuko abagabo nikamere yabo bakunda icyubahiro kurenza ibindi kandi ninabyo peee Bibiliya irabitwigisha kandi ibyo uvuga ndabyemera umugabo numutware ntanubwo areshya numugore wee, gusa nawe haricyo uri kwirenz pee hari abagabo badashobotse niyo wabubaha gute batabibona ko wabubashyee kandi nabo nibakore inshingano zabo zo gukunda abagore babo . Mugore ubaha umugabo wawe, nawe Mugabo kunda Umugore wawe。
@ReformedByChristAlone
@ReformedByChristAlone 4 жыл бұрын
Cyane rwose👍👍👍
@Ganzaclaude
@Ganzaclaude 4 жыл бұрын
Yavuye murubavu rwa Claime nyine ibyo avuga nibyo! Kuko yamajoro cyangwa ya manywa yose claiment yafataga amuhamagara amusabako babana !elliane ahakana ! Clement ntiyacikaga intege yakomezaga ahendahenda kugirango azamwemeze bivugako haba kumanya haba nijoro ntiyasinziraga adatekereje kuri Elliane arinako yashakishaga strategy zose yakoresha kugirango amwemeye nirwo rubavu rwe rwashakaga gusohokamo rukavamo Elliane ubwo rero igihe elliane yahise avuga ati noneho ndemeye tubane niwo munsi rwashibutse rukamuvamo! Claiment nawe araruhuka ahita akira yamisonga yose yarafite akeneyeko ivamo elliane !she is smart women
@nahimanaalain7469
@nahimanaalain7469 4 жыл бұрын
Uvuzukuri cane
@josephineumuhire6328
@josephineumuhire6328 4 жыл бұрын
Yewe wishongora nkuwabyariye iwabo koko dushaka kwigira kuri yaku pouples ya flancois savier naho kwivuga nku muchristu ahubwo winshinzi gusa njye iyo nkumvise numva nshatse kuruka
@gasorebarthelemy7224
@gasorebarthelemy7224 4 жыл бұрын
Madame Imana iguhe umugisha, urumugore w’ubgenge , kandi uzi icyo gukora ndetse wubaha Imana n’ijambo ryayo. Gerageza usobanurire n’abandi , gusenga no kubaha Imana sugutonda iminsi myinshi murusengero, ahubwo n’ukubaha ijambo ryayo ariyo Bibilia. Imana ikumpere umugisha
@blaiseganza4097
@blaiseganza4097 4 жыл бұрын
Wowe uvuga ubusa itode uriwkisi kadi urumwibone turaguhinyuye
@SunShine-rq9yy
@SunShine-rq9yy 4 жыл бұрын
Uyu mudamu umenya ashaka kuba famous kama mbaya mbaya tu! Mama utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi! Komeza uvuge ibyawe kuko aribyo uzi naho iby'abandi ubyihorere kuko agahinda k'inkoko kamenywz n'inkike yatoyemo. Izi jugements zawe zigumane kuko ufite ubwishongozi bukomeye cyane! Ubwo se uyobewe ko habaho abagabo cg abagore bafite imico mibi? Uyobewe se ko hari abadafata responsabilités zabo? Niba uwawe aguha amahoro jya umenya ko hari abataragize ayo mahirwe! Ikindi jya wibuka ko hari benshi bizirika bakahasiga ubuzima! Ibyo uvuga ngo umugore niwe wisenyera se urugo rwubakwa n'umuntu umwe? Abantu babana kugira ngo bubake bashyize hamwe. Vana ubwishongozi aho ejobundi utazaseba, kuko wasanga nibyo ubivuga urata uhangayitse kugira ngo ugaragare neza.
@tatyanna9871
@tatyanna9871 4 жыл бұрын
Urakoze cyane wasanga umwaka utaha azaba atanga inama zo kwahukana vuba na bwangu niyo umugabo yavuga rimwe
@womeninpraisesisters1446
@womeninpraisesisters1446 4 жыл бұрын
Umugabo numugore bagomba gufatanya kuko urugo nurwabombi nibyiza ntacyo bitwaye
@jesa0356
@jesa0356 4 жыл бұрын
Uraruhira ubusa ariko courage. Imitima y’abantu yabaye akahebwe nticyemera kumva ukuri. Ibyo uvuga ni ukuri 100%. Bible iravuga ngo umugabo ni umutwe w’urugo nk’uko Kristo ari Umutwe w’itorero. Niba Kristo atareshya n’itorero niko n’umugabo atareshya n’umugore. Élianne Imana iguhe umugisha komeza uhugure wenda hari bake cyangwa benshi bazasubiza ubwenge ku gihe.
@muhirejoseph8712
@muhirejoseph8712 4 жыл бұрын
uuuuhmm umva Ahubwo clement ninganzwa pe ngendeye ukuntui uvuga
@Msnk952
@Msnk952 4 жыл бұрын
Abagore bose bagutuka nabiyizi imico yabo yatumye basenya cyangwa ziri mumarembere""" umugore wese usuzugura ntajya yubaka----umugabo wese uko asa kose akenera kubahwa jye ndakwemeye wamugore we nijuru uzarijyamo"""
@marie3111
@marie3111 4 жыл бұрын
Nanjye rwose ubamutuka nabo ubwo bariyizi
@preachertvonline3551
@preachertvonline3551 4 жыл бұрын
Play Lily Kevin Nema ndagukunda ndanakwemera uranyubaka
@nshimiyimanatresor1015
@nshimiyimanatresor1015 4 жыл бұрын
Wakwitonze ukagenda buhoro wa mugore we ko ubamba isi adakurura? Ubwo ni ugushaka kuba famous? Urambabaje cyane.
@nshimiyimanatresor1015
@nshimiyimanatresor1015 4 жыл бұрын
@angel123995 ntabwo abizi arimo arakina n'umuriro. Gusa mbabajwe n'abazamukomokaho bazakura bareba ubu bwibone bw'uwo bakomokaho
@mutsinzipatrick2283
@mutsinzipatrick2283 4 жыл бұрын
Big up Ev. Aliane , Ukuri guca muziko ntigushya. Iyi interview ntiyari yoroshye pe! Gusa umugabo wawe akube hafi kuko abisi ni danger!!!!!!!!!!!!!.
@patricksemana6632
@patricksemana6632 4 жыл бұрын
Ikintu kigaragara muri commentaires ziri aha nuko abakobwa n'abadamu batumva Liliane ndetse hafi ya bose banditse hano baramurasaho. Abagabo bo twese turamushyigikiye. None ko bivugwa n'umudamu, ubwo abigiza nkana ni abahe? Wagira ngo abagore n'abagabo mu ngo nti twumva ururimi rumwe mu mibanire.
@AB64134
@AB64134 4 жыл бұрын
Ese abasenya nuko abagore batubaha? itonde hari umuntu ukundwa n Imana ushobora kuba ukomeretsa kuburyo byakugaruka.
@lrutagengwa2875
@lrutagengwa2875 4 жыл бұрын
Clément wawe yaragowe pe
@yangshirley5057
@yangshirley5057 4 жыл бұрын
Eliane uzatukwa na benshi kko abantu barashaka kumva ibivomerera intege nke zabo kuruta ibirandura umuzi w' intege nke rero komereza aho kdi ibyo uvuga bikomeze uzumvwa n' abanyabwenge courage courage
@kayirangwaexcel7650
@kayirangwaexcel7650 4 жыл бұрын
Sabin umwaka mushya muhire uzakubere uwamata nubuki! Wazatuzaniye Eliane numugabo we ndagusabye.
@anto-muk2090
@anto-muk2090 4 жыл бұрын
Yibaye yagukubitaga ngo urebe ko wahaguma?
@iracla9309
@iracla9309 4 жыл бұрын
Madame Eliane nkuko udashobora kuvuga gahoro ninako hari abagabo badashobotse naho wagira ute! ibyo rero ugomba kubimenya😂 uravuga wee! Wowe n Aline mufite impano yo kuvuga mudahumeka😂Sabin ube ubaturinze plz bazagararuke muri 2021😂
@queen3marie
@queen3marie 4 жыл бұрын
Azamugarure nko muri 2025 wenda hari icyo yaba yarize. Umuntu ukeka ko urugo rwubakwa numuntu umwe koko🤦‍♀️
@magigikundiro3113
@magigikundiro3113 4 жыл бұрын
IMANA Ibahe umugisha uriyamuntu afite ikibazo umuntubabana yaragowe abagabo barashoboye sinabana numuntu uvugakuriya arumugore ateye iseseme.
@janetjanet396
@janetjanet396 4 жыл бұрын
Abagore nkaba barikundwakaza/ barigura kubagabo babo kuburyo bikuraho uburenganzira bwabo nk'abantu. Ubwo rero ntabwo byashobokyera buri mugore wese.
@fortunecadette8919
@fortunecadette8919 4 жыл бұрын
Haaaaa uransekeje
@ReformedByChristAlone
@ReformedByChristAlone 4 жыл бұрын
Kuvuga ni byiza nyamara! Hhhhhhh umuntu wakuryana umujunjamo nawe nta keza ke. Rero mumureke ajye yivugira; abumva bumve, abatumva babyihorere
@jeanneumulisa4212
@jeanneumulisa4212 4 жыл бұрын
Wa mubyeyi we rwose ufite uko kureba ibintu, nuko nabandi babibona. Kandi ivyo wabonye murushako, siko ibyo undi yabonye. Rero nagusaba ko ureba kurundi ruhande. Umugisha wa Gato si wo wa Gakuru kandi ari impanga. Fata umwanya wumve abandi ibyo banyuramo cyangwa bahuye nabyo, nibwo inyigisho zawe zizagirira benshi akamaro
@bonheur-boirron77
@bonheur-boirron77 4 жыл бұрын
Sabin ndashaka uduhe définition y'ijambo Umugabo n'ijambo umugore..! Ubundi mwumve icyo bisobanura..!
@dukuzumuremyidamascene1055
@dukuzumuremyidamascene1055 4 жыл бұрын
Ubwinshi bw' abarwanya ibitekerezo byawe byiza ntibisobanuyeko utari kuvuga ukuri.niyo wasigara ubyemera uri umwe ntugacike intege kuko ukuri kuzahora ari ukuri kandi gutsinda.courage Kubaha Imana nibwo bwenge kandi kuva mu byaha Niko kujijuka
@gigitv2062
@gigitv2062 4 жыл бұрын
Genda gake madam !!!!
@rukundojean9996
@rukundojean9996 4 жыл бұрын
Wamugorewe urwaye mumutwe abagabo ntago turabyeyi ?
@rukundojean9996
@rukundojean9996 4 жыл бұрын
Kubera amagambomenshi wavugishijwe
@princessenzahoraho1364
@princessenzahoraho1364 4 жыл бұрын
kandi erega clément afise ububasha bwokugenda mumwanya aliane yamunanije nuburenganzira bwe nuko aliane tifatiye umugabo we kwishati ati warankunze warabinsabye ntabigutumye rero tu dois assumer mes comportements mpaka. ibyo sibyo kwobligea umuntu gu suporta ibyo adashoboye.
@princessenzahoraho1364
@princessenzahoraho1364 4 жыл бұрын
clément naramubonye ndamugirira imbabazi
@kayitesicloudine695
@kayitesicloudine695 4 жыл бұрын
Urabuka wamugorewe kd wigira umunyabwenge cyane
Mom's Unique Approach to Teaching Kids Hygiene #shorts
00:16
Fabiosa Stories
Рет қаралды 30 МЛН
Double Stacked Pizza @Lionfield @ChefRush
00:33
albert_cancook
Рет қаралды 84 МЛН
Slow motion boy #shorts by Tsuriki Show
00:14
Tsuriki Show
Рет қаралды 8 МЛН
Mom's Unique Approach to Teaching Kids Hygiene #shorts
00:16
Fabiosa Stories
Рет қаралды 30 МЛН