Leta yambuye uburenganzira bwo gukorera ku butaka bwayo amadini harimo n'Abatampera.Icyo bazize kiri muri iyi videwo ngufi.Hari n'andi matorero abigendeyemo
Пікірлер: 66
@NkeshaOfficial20 күн бұрын
Muvandimwe urakoze cyane ku makuru agezweho udahwema kutugezaho. Courage turagukunda
@Kitoko_Ndagije17 күн бұрын
Abagorozi (abatampera) ntabwo byagakwiye ko bashirwa k'urutonde rw'aya madini ateje akajagari mu gihugu, ubigenzuye neza ni abafatanya bikorwa na Teta, barafasha; impfubyi, abapfakazi, abatagira kivurira bababoneraho uburuhukiro, Kandi aho Ubutumwa bw'abagorozi bwageze hataha umucyo mvajuru, ukuri bafite ntiwagusanga ahandi, bifashishije Bibiliya bagaragaza ubuyobe bw'amadini n'uburyarya bw'abayobozi bayo, kuko nta mugorozi ukorera ibihembo. Barabahemukiye cyane, gusa uwanze ukuri aba yanze na nyirako.
@DushimimanaAkimu19 күн бұрын
Niba Uzi amateka, kwiyomora Niko kwaranze itorero. Abakiristo biyomoye Ku bayuda, abaporoso biyomoye Ku bagatolika, abadivantiste biyomoye Ku baporoso, n'ayandi ...
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny<a href="#" class="seekto" data-time="437">7:17</a>))
@jamesfaty523619 күн бұрын
Muri iki gihe cg imyaka mike yashize hari abanyedini babahezanguni ariko mu byukuri bafite ubujiji bukabije kubura akabaye kose bakagereranye n’ibivugwa muri Bibiliya( Ibyahishuwe). Nanone kdi abantu 100 basengera hamwe bagahurira ku bwiherero b’umwe ntibabura kuhateza umwanda.
Abo bitwa abagorozi ntacyo bashinjwa muri biriya bishinjwa amenshi muri ariya yandi madini, ahubwo ibyo bigisha n'ibinenga ariya madini bihuye na bimwe leta iyanenga.Abantu nkaba nukwitondera kubakurikirana,ibyabahanuzi b'ibinyoma,amaturo yabayobozi,ibirura by'abashumba...,ntibirangwamo ndetse nabo barabirwanya.Bo ariko nibi biri kuba bavuga ko bari babizi kandi ngo ntibyababuza gukomeza kuba Ku Mana ariko muburyo butabangamiye leta.
@buntu956417 күн бұрын
Gasabato courage
@theogenetugengwanayo42919 күн бұрын
Bnjr .....ko witiranya amateka n'inkuru...uribuka igihe iyi list imaze
Kuba ntawe bayakura mumufuka se nibyo bituma bataba abatubuzi?ko abandi batubuzi leta ibaha se bo ninde baba bakoze mumufuka. Ntekerezako ibibintu byo gufunga insengero Imana ibifitemo inyungu kuko irashaka kwereka abantu ko itaba munsengero gusa nahandi hose wayihasengera kd ikakumva kd ko dukwiye gukura amaso yacu kubantu tukayahanga Imana. Ariko na satani na we abifiemo inyungu kuko ni ugucecekesha ubutumwa bwiza.gusa utaba maso ngo yegere Imana birarangira azimiye burundu pe
@FloridaMurekatete20 күн бұрын
👍🙏🙏
@AyinkamiyeOdette19 күн бұрын
Ariko abanywagake basengeragahe?
@kanyamutuzoeric164919 күн бұрын
Isi nibyo iterekezamo
@HabimanaNyirimihigo19 күн бұрын
meakozekutugezaho amakuru
@majyambere-jj8bp19 күн бұрын
Mwana wamama uraho
@tuyisengeclarisse362518 күн бұрын
Ndabona aya makuru wakongera kayacukumbura neza, twateranye rwose nta kibazo
@ngogaemmanuel132219 күн бұрын
Nta makuru ufite, mwaryibeshyeho, uzaze ahubwo uterane natwe ku cyumweru
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny<a href="#" class="seekto" data-time="437">7:17</a>))
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny<a href="#" class="seekto" data-time="437">7:17</a>))