Рет қаралды 16,485
Mugisha Robinson wamamaye nka Producer Element, yatangaje ko mu mishinga y’indirimbo abitse mu kabati ke harimo n’indirimbo yakoreye umunya-Nigeria, Wizkid yahuriyemo n’itsinda rya Saul Sol ryo muri Kenya mbere y’uko batandukana.
Muri iki kiganiro, yavuze ko yatanze arenga Miliyoni 30 Frw ku ndirimbo ye 'Milele', kandi avuga ko atigeze akundana na Kelia Ruzindana nk'uko byavuzwe igihe kinini. #inyarwandatv #inyarwandamusic
Video: #Director-melvin-pro
Follow us
Facebook: / inyarwandadotcom
KZbin: / @inyarwandatv
Instagram: / inyarwanda
Twitter: / inyarwandacom
#inyarwandatv #inyarwanda #inyarwandamusic #news #fyp #trending #funny #sports