Abatambyi nabakewi ntibaribemerewe kugira gakondo, nta butaka nta murimo wundi ubyata inyungu. Ubu abashumba bafite amazu namabuziness. Ubwo se icyacumi ni ikiki ko cyari icyo kugaburira abashumba batagira gakondo.
@uwimanaasterie97163 ай бұрын
“Nimuzane imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire mu bubiko, inzu yanjye ibemo ibyokurya. Ngaho nimubingeragereshe, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, murebe ko ntazabagomororera imigomero yo mu ijuru, nkabasukaho umugisha mukabura aho muwukwiza.” Malaki 3:10 BYSB
@fabriceuwimana48332 ай бұрын
Iyo nzu y'Imana uvuga ni iyihe itari umuntu? Imana itura mu biremwa byayo ntabwo ari muri ziriya nzu duteraniramo. Izo ni igihangano cy'umuntu nubwo nabyo wenda bifite umumaro wabyo. Umuntu ufashe 1/10 agafasha ababikeneye mu buryo butandukanye aba yubahirije iryo jambo ryo kutagira ikibura mu nzu y'Imana
@dunsoncyubahiro87732 ай бұрын
Ese icya 10 nicyo kiduhesha agakiza tukazabona ijuru?
@EdwardKARAMUKA2 ай бұрын
Nubwo utakwifashisha ibyanditswe, ukareba imikorere isanzwe y'ubuyibozi. Ese dutanga umusoro kugirango bigende bite? Si ugufasha igihugu kuva mu bukene kuko n'ibihugu bikize biwutanga. Ahubwo dutanga umusoro kuko ari itegeko kandi tukagaragaza kutigomeka. Ijuru na ryo ni igihugu tuzajyamo kandi amwe mu mategeko agerageza ubugome bw'abanyagihugu k'ijuru ni ugutanga icyacumi. Udafite umugabane mu ijuru, n'ubundi ntaho ahuriye n'icyacumi. Ikimenyetso kiguhamiriza ko inzira ijya mu ijuru kuri wowe yafunzwe ni uko utangira kurwanya amategeko y'Imana. Uko biri kose nzagitanga
“Nimuzane imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire mu bubiko, inzu yanjye ibemo ibyokurya. Ngaho nimubingeragereshe, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, murebe ko ntazabagomororera imigomero yo mu ijuru, nkabasukaho umugisha mukabura aho muwukwiza.” Malaki 3:10 BYSB
@daviemulenge99912 ай бұрын
Abraham yatanze icyacumi kubyo yanyaze ntiyatanze icyacumi kubyo yaratunze , gutanga nibyiza ariko nwisezerano ryishya dutanga uko twemejwe nimitima , natanga icyacumi Cg nkanakirenza ariko nta 1/10 ikihaba …. Kuko ico Imana yari yaragishiriyeho cararangiye …. Ikindi Ariya magambo ya Yesu yayavuze bakiri mugihe camategeko
@EdwardKARAMUKA2 ай бұрын
Yesu yaduhaye misiyo yo guhindura abantu abigishwa be, abakene bo bazahoraho, na we yabanye na bo, agafasha uwo bishobotse, tugiye mu by'abakene gusa, natwe twaba abakene twese. Tubafasha uko dushonoye ariko ntawamara ubukene bw'abantu
@hatangimanaeduige15522 ай бұрын
Bivuge Flori 1/10 ntabwo bumva nezaaa lmpamvu yo gutanga 1/10