Ese dukwiriye gutanga icyacumi? | Pastor Flori

  Рет қаралды 4,012

Pastor Flori

Pastor Flori

Күн бұрын

Пікірлер: 28
@wordoffaithministry
@wordoffaithministry Ай бұрын
Be blessed pator Flory komeza ukore ibiganiro byinshi turagulunda.Kuva ukiri umusore muto wubaha Imana kandi uyishakana umutima wawe wose courage .
@auxynkusi2390
@auxynkusi2390 25 күн бұрын
Ndumva bihura da!
@claudehabimana606
@claudehabimana606 Ай бұрын
Mukozi w'Imana ibyo uvuga nibyo, ariko icyatumye abantu batagitanga icyacumi nuko kidakoreshwa ibyo cyagenewe. Iyo church ikeneye kubaka urusengero, basaba aba member bayo gukusanya umusanzu, iyo habonetse uwo gufashwa nubundi barongera bakitansha ngo haboneke ayo gufasha abakene, ibi bigahuzwa nuko church yabaye business. Ibi byatumye nabantu basobanukiwe ibyanditswe byera bahagarika kongera gutanga amafaranga muri za church ahubwo bamwe bakifashiriza abo bakene. Rero hakwiye gukeburwa abitwa abashumba bamadini bakabanza gusobanukirwa icyo Bible ivuga kubigendanye no kwaka abayoboke ubutunzi bwabo, nibabimenya bakabikora uko bikwiye, abantu bazitanga 100/100
@EphremEphrem-h1x
@EphremEphrem-h1x 2 ай бұрын
Ko umutambyi mukuru Ari Kristo Yesu icyo cya 10 uhatira abantu gutanga baragihande nuwuhemuronko mwisezerano rishya ubihamya?
@Manishimweevariste-y7j
@Manishimweevariste-y7j 2 ай бұрын
Niba uri pastor simbizi gs nturahishurirwa yesu niba ugishigikiye icyacumi wisuzume urebe ko wubatse kurufatiro kristu ntarusengero rwintubako rubaho kubakristo uruse ngero numuntu wese wabyawe ubwakabiri .ibindi uvuga nibinyoma .gushimisha Imana sugutanga amafranga ,ahubwo nukuba muri presence yayo ( mubusabane nayo)
@Bwizabwitekaryose
@Bwizabwitekaryose 3 ай бұрын
Muvandimwe reka kwibutseho gato noneho, 1/10 ntabwo cyatagwaga kugirango cyubake cg gikoreshwe ihindibbintu runaka wakomojeho oyaa Icyo ntarwanya nukugitanga ariko byaba byiza kugitanga acyubahiriza uko gitegekwa mubyanditse byera 10/10 Imana iha gakondo imiryango icyumi ya Esirael yabwiye Moise iti imiryango 11 ya Isirael nyihaye gakondo ariko umuryango wa Rewi iwo uzaturwa na 1/10 cyiyi miryango 11 izatanga nkuko niyo Gakondo nguhaye Muriki 1/10 kirimo ibicye byishi hari icyipfubyi, abasihuke ndetse nikindi cyajyanwaga iyerusalemu None nihute ufata 1/10 ukagikoresha ibidakwiriye Ikindi ugomba kumenya ntamuntu wari wemerewe kugifata ataruwomumuryango wa Rewi nonese umuryango warewi ubu nindengo tujye tukimuha Ariko Ibyanditswe byera bibwira abera/Intore zayo gutanga uko umutima wabo ubigena kndi badahatwa banezerewe erega icyacyumi nitegeko suko umutima wawe ushaka oyaa knd urumvako bitari nabyishi kurutako watanga uko ushaka Umwami rwose atubabarire aduhweze tubashe kumurikirwa numucyo wayo .
@EdmanEntertainment
@EdmanEntertainment 2 ай бұрын
Amen
@xavierrwagatare9987
@xavierrwagatare9987 2 ай бұрын
Biraciriritse cyane.Abrahamu Itanzeho Urugero. ninde wakimwatse, kuko niwe ubwe wibwirije Kuguha Merikisedeki.arikonntabwo yaracatswe nawe, ikindi Ahandi Usomye n'abafarisayo babwirwaga ndetse biswe iryarya.kandi naho ni mu Isezerano rya Kera.Kuko Isezerano rishya ritangira Yesu azutse.
@creativehands8454
@creativehands8454 3 ай бұрын
Thanks Pastor!
@freddymusore7036
@freddymusore7036 3 ай бұрын
Be blessed Pastor
@dannyirankunda945
@dannyirankunda945 3 ай бұрын
Ubarikiwe 🙏
@PacisMwiza
@PacisMwiza Ай бұрын
Abatambyi nabakewi ntibaribemerewe kugira gakondo, nta butaka nta murimo wundi ubyata inyungu. Ubu abashumba bafite amazu namabuziness. Ubwo se icyacumi ni ikiki ko cyari icyo kugaburira abashumba batagira gakondo.
@uwimanaasterie9716
@uwimanaasterie9716 3 ай бұрын
“Nimuzane imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire mu bubiko, inzu yanjye ibemo ibyokurya. Ngaho nimubingeragereshe, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, murebe ko ntazabagomororera imigomero yo mu ijuru, nkabasukaho umugisha mukabura aho muwukwiza.” ‭‭Malaki‬ ‭3‬:‭10‬ ‭BYSB‬‬
@fabriceuwimana4833
@fabriceuwimana4833 2 ай бұрын
Iyo nzu y'Imana uvuga ni iyihe itari umuntu? Imana itura mu biremwa byayo ntabwo ari muri ziriya nzu duteraniramo. Izo ni igihangano cy'umuntu nubwo nabyo wenda bifite umumaro wabyo. Umuntu ufashe 1/10 agafasha ababikeneye mu buryo butandukanye aba yubahirije iryo jambo ryo kutagira ikibura mu nzu y'Imana
@dunsoncyubahiro8773
@dunsoncyubahiro8773 2 ай бұрын
Ese icya 10 nicyo kiduhesha agakiza tukazabona ijuru?
@EdwardKARAMUKA
@EdwardKARAMUKA 2 ай бұрын
Nubwo utakwifashisha ibyanditswe, ukareba imikorere isanzwe y'ubuyibozi. Ese dutanga umusoro kugirango bigende bite? Si ugufasha igihugu kuva mu bukene kuko n'ibihugu bikize biwutanga. Ahubwo dutanga umusoro kuko ari itegeko kandi tukagaragaza kutigomeka. Ijuru na ryo ni igihugu tuzajyamo kandi amwe mu mategeko agerageza ubugome bw'abanyagihugu k'ijuru ni ugutanga icyacumi. Udafite umugabane mu ijuru, n'ubundi ntaho ahuriye n'icyacumi. Ikimenyetso kiguhamiriza ko inzira ijya mu ijuru kuri wowe yafunzwe ni uko utangira kurwanya amategeko y'Imana. Uko biri kose nzagitanga
@nzoyikorerahyedidiah8405
@nzoyikorerahyedidiah8405 7 күн бұрын
Muvandi,iryo juru rizakingurwa n'icyacumi ntiribaho!N'unasom'ibyanditswe neza uzasanga ataho wagitanze nkukw'ibyanditswe bivuga!
@amanibados4154
@amanibados4154 3 ай бұрын
Nonese buri kwezi mwebwe aho musengera abakene mubaha ku cyacumi😮 cg mugira agaseke k'abakene?
@dunsoncyubahiro8773
@dunsoncyubahiro8773 2 ай бұрын
Iyaba gifasha abafakazi naboro c'est mieux
@amanibados4154
@amanibados4154 3 ай бұрын
Nonese ko numva amaturo muyitiranya? Mumfshe mutamputaje. Nonese uko uri gusobanura 1/10 niko gikoreshwa koko? Nonese ugurisha agataro 😢azatange icyacumi kugira ngo Pastor abone ibyo kurya? 1/10 cyahabwaga bande? - cyabwaga abatambyi babaga mu nsengero, ntakindi bakoraga.
@EphremEphrem-h1x
@EphremEphrem-h1x 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂Postar rwose urasetsa nonese urusengero uvuga nihehe rwanditse muri bible tanga umuronko
@nsabimanajoel9708
@nsabimanajoel9708 3 ай бұрын
Ikose wamugabowe,yesu yasize adutegetse kubaka insengero nokugura kamera nogusiga amarangi nibindi....koyadutegetse kumenya abakene nabandi?
@umupfasonigloria4348
@umupfasonigloria4348 3 ай бұрын
Hhhhh no kugura imodoka nziza n'ibibanza !!!!
@uwimanaasterie9716
@uwimanaasterie9716 3 ай бұрын
“Nimuzane imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire mu bubiko, inzu yanjye ibemo ibyokurya. Ngaho nimubingeragereshe, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, murebe ko ntazabagomororera imigomero yo mu ijuru, nkabasukaho umugisha mukabura aho muwukwiza.” ‭‭Malaki‬ ‭3‬:‭10‬ ‭BYSB‬‬
@daviemulenge9991
@daviemulenge9991 2 ай бұрын
Abraham yatanze icyacumi kubyo yanyaze ntiyatanze icyacumi kubyo yaratunze , gutanga nibyiza ariko nwisezerano ryishya dutanga uko twemejwe nimitima , natanga icyacumi Cg nkanakirenza ariko nta 1/10 ikihaba …. Kuko ico Imana yari yaragishiriyeho cararangiye …. Ikindi Ariya magambo ya Yesu yayavuze bakiri mugihe camategeko
@EdwardKARAMUKA
@EdwardKARAMUKA 2 ай бұрын
Yesu yaduhaye misiyo yo guhindura abantu abigishwa be, abakene bo bazahoraho, na we yabanye na bo, agafasha uwo bishobotse, tugiye mu by'abakene gusa, natwe twaba abakene twese. Tubafasha uko dushonoye ariko ntawamara ubukene bw'abantu
@hatangimanaeduige1552
@hatangimanaeduige1552 2 ай бұрын
Bivuge Flori 1/10 ntabwo bumva nezaaa lmpamvu yo gutanga 1/10
Imbaraga Zitungisha | Pastor Flori
9:27
Pastor Flori
Рет қаралды 1,1 М.
ESE GUTANGA KIMWE MU ICYUMI NI NGOMBWA? |Pastor Desire H
18:39
Agakiza TV
Рет қаралды 1,5 М.
Yay, My Dad Is a Vending Machine! 🛍️😆 #funny #prank #comedy
00:17
ROSÉ & Bruno Mars - APT. (Official Music Video)
02:54
ROSÉ
Рет қаралды 195 МЛН
啊?就这么水灵灵的穿上了?
00:18
一航1
Рет қаралды 99 МЛН
НАШЛА ДЕНЬГИ🙀@VERONIKAborsch
00:38
МишАня
Рет қаралды 3,2 МЛН
Umuco Wo Kuzigama | Pastor Flori
3:33
Pastor Flori
Рет қаралды 578
TESTIMONY/UBUHAMYA: BARI BARAMBWIYE KO NTAZAKIRA INDWARA YA ENDOMETRIOSIS
25:35
grace room ministries
Рет қаралды 79 М.
ICYACUMI Full HD VIDEO by Chorale Abarobyi KIZIBA BWERAMANA SDA St Narada Pro
3:40
Abarobyi Choir Bweramana
Рет қаралды 3,5 М.
Ese icyacumi ni ngombwa mu isezerano rishya ? Iyumvire ukuri
1:33:18
New Africa Tv
Рет қаралды 1,2 М.
Yay, My Dad Is a Vending Machine! 🛍️😆 #funny #prank #comedy
00:17