Aba batipe ubwenjye bwabo ntiburakura disi pole pe murabana ntimuzi ibyo murimo murambabaje. Ibi mwari kubikora muri kumwe nuwo Muhamya . Ubutaha mufite ibibazo. Nimugira nirindi dini Mukoraho ibiganiro , Islam ,advantist nandi mujye muzana umuntu usengerayo naho mwebwe mutasomye na Hobe koko. Nta na bible Mufite ese ubu muzakura ryari
@umusaraba6 ай бұрын
Nukuri ibyo muvuga ni ukuri 50% umuntu uta umwanya yumva abahamya , azisanga yarijyanye mu ngoyi z imigozi y ubuyobe buva kuri satani atazigera yigobotora. Kuko na bibiliya ubwabo bigishirizamo si kimwe n izindi yanditse mu buryo bushyigikira ubuyobe bwabo.gusa nawe ukwiriye kongera kwiga ku byerekeye i kuzimu. Imana ibakomeze mwakire Yesu as King and Savior
@@R.E.MTV1 Muri Matayo 6:9,10,Yesu yaravuze ngo tujyedusenga tujye tuvuga ngo Data wa twese uri mu ijuru izina ryawe ryubahwe.Ntiyavuze ngo amazina yawe yubahwe.Yeremiya 16:21
@theogeneharerimana5895 Жыл бұрын
@@R.E.MTV1 Muri Matayo 6:9,10,Yesu yaravuze ngo tujyedusenga tujye tuvuga ngo Data wa twese uri mu ijuru izina ryawe ryubahwe.Ntiyavuze ngo amazina yawe yubahwe.Yeremiya 16:21
@theogeneharerimana5895 Жыл бұрын
Soma abakolosayi,1:15 Wiyobya abantu.Hagaragaza ko Yesu yabanjirije ibyaremwe byose.Mu Cyongereza,first born of creation.
@theogeneharerimana5895 Жыл бұрын
TumiraAbabamya ba Yehova bakwigishe ureke ubuyobe wa kuyakabili we.Urambabaje !Abazajya mu ijuru ni 144000.Bazajya kwifatanya na Yesu kuba abami n'abatambyi kandi bakayobora isi.Ibyahishuwe 9:5,Ibyahishuwe 11:15.
mwa bana mwe muzakore ubushakashatsi musiome bibiliya abe ariyo mujya mwifashisha musobanura ijambo ry'Imana ikindi uzakore ubushakashatsi umenye uwazanye ubutatu ni nde ? muwuhe mwaka ? Imana ni imwe na yesu afite Imana ari yo Se . ndi umurokore arko uzabegere muganire kuko ibyo wavuze byose wababeshyeye njye twaraganiriye. kereka niba ari urwango ubafitiye arko ukuri Gufitwe nabo nkurikije ingingo wabavuzeho. siko bazisobanura! Plz onera ubumenyi bwawe kuri Bible