Uyu munyamakuru nawe rwose,akwiye guhumekerwa n'umwka wera kugira ngo abashe kumenya kubaza ibyungura abantu ahokubaza Les questions piegés! Ntago Yesu yigeze atsindwa na satani Yesu yaratsinze ndetse ntiyigeze ahunga,ahubwo yagiye kudutegurira aho tuzaba.Yesu numugabo wumuhanga.n'Imana rurema azitwa isumba byose
@aminan7773 жыл бұрын
Umunyamakuru se akorera abakristo? Ko ibiganiro bye bigomba gukurikirwa nabantu bose se, agomba kubariza nabatemera Yesu... erega abantu bose ntimera Yesu Kristu, kdi buri wese agira aho Imana ihurira nawe... harabakizwa biciye muma debats nkayo!
@ruboyaosee15593 жыл бұрын
Yesu kristo yuvugiyeko ubwami bwisi Atari ubwe,Ntaumuhagaraliye rero hano, koko harundi ahagaraliye,Past,ahonaho avuzukuli kutari kuzwi n abantu bizera
Ariko ibyo Apostle Gitwaza yatangaje yavuze ko yabisomye, ubwo yabivugaga intego nyamukuru kwari ugukangurira abantu kuba maso no gusenga. Kandi ibyo yavuze byaranditswe henshi nundi ubishaka yabibona, ibinyamakuru mpuzamahanga byarabyanditse naha byanditseho. m.beforeitsnews.com/alternative/2013/12/pope-francis-declares-that-all-religions-are-true-and-%C2%A8adam-and-eve-are-a-fable%C2%A8-2855954.html
@bravekis90953 жыл бұрын
Iyo message ya papa Francisco abantu bose bemera Ukubaho k’Umuremyi bari bakwiye kuyimenya kuko hari benshi ( cyane abadasoma ibyanditswe byera ) bazagwa mu mutego wa satani bayobye cyane na ba shebuja Jyewe nkimara kumva ibyo iyo nama yagezeho nahinze umushyitsi ndara ntasinziriye, mara icyumweru cyose ntamahoro nfite ! Icyo gihe nanjye ndakibuka papa aza mu Rwanda mu kibaya cya Nyandungu , uko niko biri abantu bafite gushishoza bavuze ko Urwanda rugushije ishyano ( muzi ibyakurikiye ho , imivo y’amaraso mu gihugu .... ) Abantu bitonde bashake mu maso h’Imana , sinon bazagusha ishyano !!
@ninimoses22053 жыл бұрын
Ndumva mwinyuraguramo. Uwo muntu usoma ubutaka bw' igihugu, maze hakaba ibintu bidasanzwe. Uwo muntu ntasanzwe. Gsa sibyo. Ubwo ni ubuyobe. Ni nkababandi bavuga ngo Abantu bamwe batera umwaku... Umukristo nyawe ntabwo yizerera mu myaku. Ibyo aba yarabirenze akibatizwa. Ikibabaje nuko mwaba mwizera ko ibyo byabaye mu Rwanda byazanwe nuko papa yasomye ubutaka. Kdi mutemera UBUTUMWA bwa tangiwe I Kibeho.... Tujijuke, dukure mu kwizera... Abo tutumva ibintu kimwe, tubahe, tubahe amahoro.
Pastor ezira yarahishuriwe kabisa Avugukuri kwabibiriya Komezujijurebantu bamenyukuri kwijambo ryimana Yohana 8:32
@niyoyitaelisaphan46123 жыл бұрын
@@bizimunguaimable5465 Kiliziya ntivuga yo irica arabareka bakavuga yo ikaza ibica
@emmanuelnsengiyumva16753 жыл бұрын
Ntacyo ifite cyo kuvuga Ku band I, kd n'undi uyivuga kubera kuvuga gusa nta kamaro kabyo. Ariko rero hari ukuri kudahinduka kwavugwa kutavugwa. Pastor mpyisi ntavuga idini ukurikire, kuko n'abadive abarizwamo abavuga uko avuga abandi. Ikibazo ni satani ukorera mu bantu bose aho bari hose.ubu udacukumbura ijambo yangira mpyisi ukuri avuga si idini avuga.
@nshimiyimanajeandedieu74093 жыл бұрын
Nonese uwo patseur mbyisi si we uherutse kuvuga ko yamaze imyaka 65 yigisha ibinyoma? Ikindi kandi kuberiki muri kuvuga verses biblique Pasteur akavuga ngo ibyo ni ibyacu ( abantu) ubwo nawe uri Rusefero?
@orestehabiyambere18603 жыл бұрын
Il vous faut un niveau minimum de formation philosophique et ťhéologique pour que je puisse discuter avec vous
@ruboyaosee15593 жыл бұрын
Aboyigisha nibakanguke bahunge izonyigisho
@dremmanuel3 жыл бұрын
#INAMA_KUBAGABO_N'Abagore Abagabo,Abasore na bagore ndetse n'abakobwa benshi bakunze kugira ingeso yo kwikinisha . Ubushakashatsi bugaragaza ko byibuza 75% by,abagabo ndetse n'abagore 45% baba barigeze bikinisha mubuzima bwabo. # zimwe_mu_ngaruka_zo_kwikinisha 👉1.ubugumba(kubura urubyaro) 👉2.kurwara cancel ya prostate kubagabo ndetse na cancer y'inkondo y'umura kubagore 👉3.kuba ikiremeko(kurangiza vuba)cg kutarangiza kubagore 👉4.kurwara umugongo 👉5.kurwara umutima 👉6.kugira akavuyo mumitekerereze(mental disorder) 👉7.kumva utabishaka gukora sex 👉8.kuba wasenya urugo kubera kutubahiriza inshingano z,urugo kubashakanye. 👉9.kugira imihango y'Akavuyo iza nabi cg ikava idakama #INKURU_NZIZA Kubufatanye n,ikigo mpuzamahanga cy,abanyamerika #natures way ndetse na minister y,ubuzima twabazaniye products zivura Kandi zikarinda izo ngaruka zose ukongera ugasubirana imbaraga n,imbaduko ziranga umugabo nyawe. #mutugane_ tubafashe. Mushobora kuduhamaga cyangwa mukatwandikira kuri Whatsapp (+250780666259). 🚠🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡🚡 tuyibagezaho aho waba uri hose ku migabane yose y'isi.#(+250780666259)#...... ..,