TK❤, ikiganiro uvugiye abagore bose, uziko wagira ngo uri Imana, niyo irebera hose icyarimwe. Sha nukuri ingo zirananiwe pe
@user-uh2ri2lt8s16 күн бұрын
Nta mpamvu n' imwe yogusambana ikwiye kubaho kubashakanye, yaba umugabo cangwa umugore. Sabin, igihe kirageze ngo muze muvuga muti: gusambana vyamaganwe, kuko bizana umuvumo m' umuryango no ku gihugu. Kandi na Yezu Araje vuba kwerekana ivyo twakoze vyose guhera kumyaka 8 yo mu bwana bwacu. Mwigishe abantu kwigarura, bayoboke Imana. Kuko utazi Imana ntiwubaka
@user-se7ek3in7e12 күн бұрын
Umugabo yemerewe kujya hanze ariko umugore ntabyemerewe Niko Isi iteye
@keza79266 күн бұрын
@@user-se7ek3in7ereka reka ibyo se isi ibyemera he kdi uwabikorewe arega agahabwa ubutane mugihe udashaka kumubabarira.hubwo abantu bamwe babikora nibo babisigiriza ngo berekana KO bisa nabi kuri bamwe .ubusambanyi Bwose ni bibi nababukora bamenye KO byica. Même nabatarashaka nabo ubwabo ubusambanyi bwiza umutima ndetse bwambura nicyubahiro nyirabyo nubwo wabikora ntanakuzi ariko umutima wawe uhora ukwemeza KO uri mubikorwa bibi pe.
@jacquelineingabire72716 күн бұрын
Wa mubyeyi we ugira ibitekerezo byiza nta mugore wo gusambanira mu rugo ukirurimo ✅
@user-xh2qc3ur5k16 күн бұрын
Hari numugabo utaguha nakimwe, ukabyiha mukazi ukora, ntusambane, ariko we agahora agushinja ko Usambana.
Ooooh pole buriya aba afite ubimuranjyiriza nawe ugapfiramo.uzagure iya électrique 😂😂😂ubundi umwihorere😂
@KabanyanaSylivie16 күн бұрын
𝐘𝐨𝐨𝐨😢😢 𝐩𝐨𝐥𝐞 𝐬𝐚𝐧𝐚 𝐜𝐡𝐫𝐲
@mukabarangajacky770216 күн бұрын
Ibi byo bireze cyane rwose,abagabo banywa agacupa ntibagitaha nicyorezo pe, Satan yibasiye imiryango
@beataphillip701016 күн бұрын
Umunsi naje mu Rwanda nzagusura pe kuko nkwigira ho byinshi
@d.r.535016 күн бұрын
Uzamubohore umuganirize ku gitsina. Umugabo akoze mu bintu bibiri gusa. Igitsina n’ibiryo. Iyo kimwe muri ibyo gifite ikibazo, ni izo ngaruka zose zo kurara mu kabari atereta ururaya n’ibindi. Uzamwumvishe ko uri umuntu w’umunyabwenjye kandi umwumva. Niba ashaka N’aka besto wamufasha amaguru cyangwa akajya ajya kugasura ubundi aga focusinga ku rugo. Be open minded umuganirize usibye ko niba nawe ari umugabo yarakwiye kumenya uko abyitwaramo utamucishijemo ijisho gutyo. Uwo nta bwenjye n’imbaraga z’umutima afite. Umugabo numenya uko yirwanaho atangije urugo rwe. Buriya no mu basirikare bashya, ikikubwira ko wakamiritse nuko umenya uburyo bwo gutega ntihagire icyangirika.
@nyiransabajacqueline800716 күн бұрын
TK,uravugisha ukuri kabisa...gusa Imana nayo yararenganye kuko hari abagabo bakabya mu guhohotera abagore babo bagera mubantu bakiyerekana ko bari fidele....
Thank you Mama T k wacu wagirango uri mumitima yabagore 😂
@rosineumurisa677916 күн бұрын
TK ❤ aba Jo twins show 💪❤️
@user-mw2cm8vd3j16 күн бұрын
Aba Jo twins show ❤❤❤❤
@uwantegelyse59614 күн бұрын
Urakoze cyane
@mukahirwajosiane797016 күн бұрын
Wa mubyeyi we uvugisha ukuli pe
@UtuzaAudrey16 күн бұрын
Uyumubyeyi numuhanga🎉
@NadyneKeza16 күн бұрын
Tijalah kabendera ❤❤❤ ndagukunda cyane
@consoleemukamwiza571011 күн бұрын
Hahahaha 😂 TK rwose iyo ubu nta rungu pe 😃 ngo bwira kadogo nukuri 😁🤭
@gubtv1.inkuruzurukundo16 күн бұрын
Yeah nibyo❤❤
@Niyoshutimlouise12 күн бұрын
Ako kantu kuko abagore batababarira kabisa ni Sawa Abagabo bigize bakibamba Ntibibuka ko abagore bagira umutima winyama, Gusa kimwe cyo abantu bashatse bakubahana
@divineizabayo75214 күн бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ from Oman 🇴🇲 lsimbi tv muri 1