Рет қаралды 101,699
Impunzi zavuye muri Libya ziravuga ko kugera mu Rwanda kwazo byabaye nko kuva mu mwijima ujya mu rumuri. Ibi zirabivuga zihereye ku buzima busharira zabayemo mu nkambi zo muri Libya, nyuma y’uko benshi bafashwe bagerageza kujya ku mugabane w’i Burayi. Twasuye izi mpunzi aho zicumbikiwe mu nkambi ya Gashora i Bugesera mu Burasirazuba bw’u Rwanda mu rwego rwo kureba ubuzima babayemo.
Camera & Editing: Richard Kwizera
Narration: Cyprien Ngendahimana