Madam, iki kiganiro cyanyu gifite iminota 39. Ngeze munota wa 15 numva haza subjects zinyuranye na stories zinyuranye ariko utararasa ku ntego. It's 40% of the entire script, ukiri muri introduction. So, nsohotse mu kiganiro cyawe utaravuga no ku kiribwa cya mbere. Time is money, kandi gukurikira ikiganiro nk'iki ni MBs ziba zigenda. Plz uzige kurasa ku ntego.
Please be aware about time management,ntukadufente ujye utekerezs ko abagutega amatwi twese tutari injiji !? Jyurasa kuntego zibyo wateguye kuvuga kuba watubwira ibintu bike bifite umumaro muri 15 min biruta kutumarana 40 min uturondogorera please please
@bravekis90956 ай бұрын
@@ITRUSTJESUS-ub2cy Exactly! This woman ararondogora cyane ku buryo urambirwa kumwumva , as you said time management ni ngombwa cyane period!
@danielbuzombo90563 ай бұрын
Nanjye ntyo. Kandi nabyanditse ntarasoma iyi comment yawe.
@MasasujoyАй бұрын
Udashaka kumva urabirenga cg ukamuhamagara that's why yashyize hariya number ye wamwandikira then ukagira umumaro kuruta uko wazana comments zibishya mood
@danielbuzombo90563 ай бұрын
Go straight to the point. Uravuga cyaaaaaaaaane ibi details bitari ngombwa.
Ni ubwa mbere nkwumvise ariko urakoze cyane ku kiganiro cyiza pe
@bravekis90956 ай бұрын
@@innocentmugisha3812 Ugiye kuri google byose ubibona ho even more ( ku muntu uzi kuyishakira ho ) ! Ubu ibintu byinshi no kwiga byose google yarabikemuye ariko ni byiza kuko afasha abatabishoboye !
@chany995011 ай бұрын
Eeee reka nicare weeee iki kiganiro kirandaba reka nkukurikireee😘😘
@Micomanassh7 ай бұрын
Murakozep
@GilbertNdizihiwe11 ай бұрын
Mbakurikiye ndi mugihugu cyanoroveje nitwa Gilbert ❤❤
Murakoze Isimbi rya Yesu tv.Imirire ni myiza ariko no kujya kwa muganga iyo byarenze nibyiza ,ese iyi miti yongera libido irahari kwa muganga tumenyereye? ese kuki hadutse abaganga badasanzwe basa naho bihariye mukuvura ibibazo byokurangiza vuba kw'abagabo ,ese nibyo cg ni abatekamutwe?
@uwamariyaannonciatha595111 ай бұрын
Entroduction it long time
@FiacreRWIGAMBA7 ай бұрын
Urakoze kuduha inyigisho nziza ariko ntabwo twamenye ubu😮menyi bwawe aho ubukomora. Uri nutritioniste, uri umuganga, nibyo ukura ku bukirisitu,...
Isimbirya yesu turaguku da cyane uravuze ngo Rubavu muhaboneka ryari kubonana namwe bisaba iki? Jye ndi aRukara Donati.
@bonifaciohabby11 ай бұрын
Dore ibifasha kugira umushyukwe ku bagabo : Sport Maca Ognon rouge, ail The à la canelle Thé au gingembre Kutuzuza igifu cyane, ku mugoroba Jus de grenade frais Muri make : Ibiribwa byose bituma amaraso atembera neza. KWIRINDA inzoga, Umunyu etc KWIRINDA ibiribwa biremereye cyane byangiza imitsi.
@nsengiyumvaemmanuel977610 ай бұрын
My dear introduction irabish ikiganiro il faut résumé l'introduction kuko haribiba bidakenewe!
@NkurunzizaMarieclaire8 ай бұрын
Gombo utwite nivyiza kuyifata,mumbwire ababizi
@emmanuelmarafiki102210 ай бұрын
Amena
@VincentGakwisi11 ай бұрын
Simbi ndakunda❤❤❤
@batamurizagrace61636 ай бұрын
Nakuze iki kiganiro nibwo kibonye wapfasha ukampa nomero yawe murakoze
@iriba357011 ай бұрын
Haribyo nshaka kugusobanuza
@gatsinziantoine352211 ай бұрын
Namba zanyu
@gajugaelle153611 ай бұрын
Mi family mi first ministry🙏 Mercii isimbi ryacuu🥰
@joselinefuraha449111 ай бұрын
My family my first ministry❤️
@mathiashabineza746210 ай бұрын
Libido n’ukugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina not sex iryoha.
@@kabanyanawinnie1994nitwa du piripiri duto dukaze cyane baradusya. Genda kuri google uturebe. Cayenne pepper
@preceenosent6324 Жыл бұрын
My family my first ministry
@MitaliTembo11 ай бұрын
Hoya ni Abiyise abahanga bagerageje ku yinjiza mu bantu ngo biganye urubyaro ni ubwiyongere bwinshi ku isi
@francoisemugwaneza126211 ай бұрын
Muriyiminsi ntwite ko numva nta mibonano nshaka ndabigenza ute?
@evaristenkurunziza1183 Жыл бұрын
Bmurakoze kutuvura isimbi
@curiouscat26307 ай бұрын
Jya urasa ku ntego please umwanya dufite uba ari mutoya
@MasasujoyАй бұрын
Jya wihutisha
@gracentirampeba60411 ай бұрын
Iyo introduction yawe ariko ni ndende cane bituma umuntu arambirwa adashikiriye objectif yatumye afungura video
@InesMarieGraceNdamukunda Жыл бұрын
You look so beautiful ❤
@ateterose111 ай бұрын
My family my first ministry🎉
@blessedgirl1252 Жыл бұрын
My sweetheart ati Isatsi 🥰
@niyonkurupatience776611 ай бұрын
Ese icyo cyayi umugore utwite yemerewe kukinywa?
@kabanyanawinnie199411 ай бұрын
Ndagukunze saana,thank you
@KazunguLaurent11 ай бұрын
Ndasubiramo muvandi, niiba wibagirwa kwonsa Umwana koko, ntekereza wakabaye uri ku ishuri kwa Maman wabivuze neza ko Maman wawe ari we wakubwiye ibyo utakoreye umwana wabyaye, biriya wita Roho niyo iduhuza na ba Sogokuruza (my family) uzabaze neza, cyaraziraga ko Umubyeyi w' i Rwanda yibagirwa kwonsa umwana yabyaye.