Umuti wo

  Рет қаралды 26,318

Baho Smile Institute

Baho Smile Institute

Күн бұрын

Waba ufite umwana unyara ku buriri arengeje umwaka n'igice? Waba witegura kubyara? Waba uzi inshuti cg umuvandimwe ufite umwana unyara ku buriri byananiye kumufasha ngo bihagarare?Waba uzi umwana wenda kwicwa n'inkoni kubera kunyara ku buriri? Waba uri umwe mu baganga bafasha abantu ukeneye tekinike zo kwifashisha? Kumva iki kiganiro biraguha amakuru yose yatuma wifasha cg ugafasha abandi. Turagushimiye.

Пікірлер: 95
@jeanberchmasndikubwimana4069
@jeanberchmasndikubwimana4069 Ай бұрын
Murakoze cyane biragoye kwihanganira umwana mukuru unyara kuburiri gusa tugiye kugerageza uburyo bwo kumufasha
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 Ай бұрын
Murakoze muzabugerageze nibura amezi hagati 3-6 bizakund rwose. bisaba guhozaho, gukorana nk'abagize umuryango, no kumwihanganira mu gihe bitarakunda.
@jackymahoro726
@jackymahoro726 3 ай бұрын
Ndahamanya namwe mubyo mutubwiye byose💪 kandi Murakoze cyane tugiye kubahiriza Inama mutugiriye🙏
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Urakoze cyane nawe rwose. Tugushimiye tubikuye ku mutima uburyo uduteye umwete wo gukomeza
@Hahirwusenga
@Hahirwusenga Ай бұрын
Inyigisho zawe ndazikunze rwose🙏 Ndaje ngerageze inama uduhaye kuwanjye, nibikunda nzabaha ubuhamya!
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 Ай бұрын
Murakoze cyane rwose, ubigerageze hagati y'amezi 3-6 bizaba byakoze cyane rwose.
@SabuwisugiVestine-zs1nv
@SabuwisugiVestine-zs1nv 2 ай бұрын
Imana ishobora byose ikurinde n'abawe bose iguhe umugisha usendereye Ikomeze intambwe zawe,Ikwagure Habwa umugisha ❤ Uri umuhanga Ndabakunda cyane
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Ndagusuhuje cyane Mwarimu wanjye wa primaire. Bumwe mu bumenyi mfite bw'ibanze ndabugukesha. Imana nayo iguhe umugisha kdi ikurinde.
@SabuwisugiVestine-zs1nv
@SabuwisugiVestine-zs1nv 2 ай бұрын
@@bahosmileinstitute4801 Bonjour bonjour Ndakwishimiye cyane rwose Nzagushaka umbwire umuti wa alcolisme clonique Imana yarakoze Nawe urakoze gushima Ubane n'Uwiteka ibihe byose akurinde akugwizeho imigisha myinshi
@ClarisseUwera-fn4ky
@ClarisseUwera-fn4ky 2 ай бұрын
Murakoze cyane kubwizi nama muduhaye,byangoraga kumwihanganira kumyaka 11 numvaga arikibazope
@devotamukayoboka8912
@devotamukayoboka8912 2 ай бұрын
Ndumva angana nuwange
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
yego murakoze
@MfitimanaAnna
@MfitimanaAnna Ай бұрын
Nanjye nuko pe! Byangoraga! Nagetageje kujya mubyutsa buri masaha 2 mu ijoro.ngeze aho ncika intege kubera kudasinzira pe! None byagarutse.ariko niwabo na se ngo babikiraga ari bakuru.nzagerageza ndebe.
@PetenilleGakulu
@PetenilleGakulu 4 күн бұрын
Ntamuti umuntu yagura murifarumas murako🙏🙏
@mathildeuwiragiye
@mathildeuwiragiye 3 ай бұрын
Murakoze cyane ku mama zanyu! Mukomereze aho kuduhugura
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Murakoze namwe kudukurikira. Mudutera umuhati wo gukomeza
@LouiseNyirahabimana
@LouiseNyirahabimana 2 ай бұрын
Bjr,umwana wanjye mwishuri ntajya afata note,kd arakurikira gusa ikibazo nuko iyo agiye gukora etude abura ibyo asubiramo bigatuma asubiza bike yibuka mugihe cyibazwa.ikindi aba atransforma utuntu dutandukanye,mo utundi,ashushanya,mbese mbona afite impano yubugeni,gusa nuko nifuza ko yagira nubumenyi bwibanze.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 күн бұрын
Byasaba kumenya impamvu ibitera. Ese hari ikibazo c'uburwayi bundi. Ese ashobora gufata mu mutwe? Ese aho ntarwaye amaso akeneye amadarubindi? Ese aho ntatotezwa ku ishuri? Banza ugire ibyo usuzuma
@MarthaUwantege
@MarthaUwantege 2 ай бұрын
Murakoze Ku mpanuro muduhaye kubyerekeye kunyara Ku buriri none nta muti wokunkwa uriho hanyuma Ari umuntu mukuri we byagenda gute ko atabigira buri munsi
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Umuti wo kunywa wabaho gusa nkuko nabivuze igihe byemejwe na muganga w'indwara z'urwungano rw'inkari akamenya niba hari ikibazo cy'umubiri. Hari ukunyara ku buriri bishobora guterwa n'ibibazo byo mu mutwe, icyo gihe muganga w'indwara zo mu mutwe nawe ashobora gufata uwo mwanzuro wo kuvura iyo ndwa akoresheje ibinini cg ubundi buryo. Murakoze
@JacquelineMukaderevu
@JacquelineMukaderevu 2 ай бұрын
Murakoze cyane ku nama nziza muduhaye.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze namwe
@josianetwambazimana7668
@josianetwambazimana7668 2 ай бұрын
Murakoze cyane kuduha izi nama ese ntamuti wokunwa kubuvyo byakura kuko uwange afite 8yars ntarabireka
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 күн бұрын
Umwana utararenza imyaka 18, iyo atari ikibazo kiri mu rwungano rw'inkari, muganga ntabwo ajya atanga umuti. Uzabanze umuvuze urebe niba nta kibazo mu rwungano rw'inkari, niba ntacyo ibyo twaganiriye ubikoze hagati y' amezi 3-6 byaba byatanze umusaruro.
@kalindayousuf4585
@kalindayousuf4585 2 ай бұрын
Murakoze kurizo nama muduhaye, Arikose nta muti uri special uboneka uretse izo nama?🤝🤝
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 Ай бұрын
Uyu muti ubaho ariko uhabwa umwana gusa ufite ikibazo cy'umubiri cyapimwe na Muganga w'urwungano rw'inkari kdi akenshi umwana akaba agize imyaka 18
@tuyishimerebecca8666
@tuyishimerebecca8666 3 ай бұрын
Murakoze , Kandi inama zanyu ziradufasha
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Turabashimye cyane namwe nukuri. Kubyumva bidutera umuhati wo gukomeza
@NtamushoboraThemistocles
@NtamushoboraThemistocles 2 ай бұрын
Murakoze kumpanuro muduhaye.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze cyane namwe kudukurikira
@kamayiresejassimine1521
@kamayiresejassimine1521 2 ай бұрын
urakoze rwose
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Urakoze nawe kudutera umwete
@NIYITEGEKAOnesphore
@NIYITEGEKAOnesphore 2 ай бұрын
Murakoze none ibyo mudusobaniriye ubigersgeje bikanga wakoriki
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze namwe. Ibi byose ubigerageje bikanga kdi ukaba ubigeregejmu gihe kiri hagati y'amezi 6-12, wasanga nkuko twabivuze wasanga umunga uvura indwara zifata mu rwungano rw'inkari (urologist), cg umuganga uvura imitekerereze (psychotherapist bakagufasha).
@josek4964
@josek4964 2 ай бұрын
Nonese umwana uhekenya amenyo asinziriye biterwa Niki? Umuti Wana uwuhe?
@SmilingArcticBirds-si7mp
@SmilingArcticBirds-si7mp 2 ай бұрын
Muraho yego mwatugejeho ikiganiro cyiza nonese nkumuntu mukuru wagerageje kubirwanya yakora iki? Ko byanze?
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Muraho neza, uretse ko turi gutegura ikiganiro kirambuye ku muntu mukuru, ariko ikintu cyo kwihutira ni ukwisuzumisha ku muganga uvura indwara zifata mu rwungano rw'inkari (urologist) ukabanza ukamenya neza niba nta kibazo cy'umubiri kirimo. Ushobora kdi kwegera umuganga uvura ibijyanye n'imitekerereze n'imywitarire (psychotherapist), kugirango barebe niba nta sano bifitanye na bimwe mu bibazo byo mu mitekerereze. Murakoze
@KellyNduwimana-i2c
@KellyNduwimana-i2c 2 ай бұрын
Murakoze cane kunamutuguriy
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze namwe rwose.
@joannah128
@joannah128 3 ай бұрын
Urabeshya pe. Ubuvuzi bwawe ntibwumvikana. Ngo kumushyiriaho alarm? Ubwo koko urumva ushyigikiye kumukangura? Ingaruka zo gukura umuntu mu bitotsi burya ntabwo uzizi wowe?
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Uraho neza? Tugushimiye ko wagize umuhati wo kumva iki kiganiro. Ndetse no kumva ibyo wise ko ataribyo. Ariko nibyo rwose ndabishyigikiye kandi ibyo tuvuga bishingiye kuri #science ntabwo ari igipindi. Umwana unyara kubiri ni byiza cyane rwose kumushyiriraho alarm imukangura nibura buri masaha ane kugirango ajye kuri toilet noneho gahoro gahoro bizatuma amenyera kutanyara ku buriri ahubwo yibyutse. Ni byiza kandiko ababyeyi babigiramo uruhare kuko hari n'igihe yavuga ntabyuke. Mu bihugu byateye imbere bagira ibitwa "Alarm Therapy" aho bamwambika icyuma kimenya niba uruhago rwenda kuzura kigasona akabyuka. Ariko iwacu ntabwo biragerwaho bityo dukoresha uburyo bushoboka. Nukuri rwose wakoze cyanee kuzana iyi debate turabigushimimye tubikuye ku mutima. Niba wumva icyongereza nakurangira ubu bushakashatsi nshyize hano munsi, kugirango ubone amakuru arambuye kubyo gushyiraho alarm nicyo ubushakashatsi buvuga. www.frontiersin.org/journals/urology/articles/10.3389/fruro.2023.1296349/full www.ncbi.nlm.nih.gov/pmc/articles/PMC8453315/
@HitimanaFrancais-nx5gi
@HitimanaFrancais-nx5gi 2 ай бұрын
Mubwire uwo muti
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Twizere ko wakuyemo ubutumwa bugufi
@UwimanaAdja
@UwimanaAdja 2 ай бұрын
Gu t non nmuti qoba uhari wokwivurio umuntu yomugurr?
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 Ай бұрын
Uwo muti ubaho ariko ugomba kubanza kumujyana kwa muganga akamupima akareba niba awukeneye. Inshuro nyishi rwose ntawo aba akeneye kdi bakunze kuwuha umwana urengeje imyaka 18.
@UwifashijeJulienne
@UwifashijeJulienne 2 ай бұрын
Inama zanyu ninziza pee , ariko njyewe mfite ikibazo , umwana wanjye rero bujya gucya anyaye kuburiri inshuro zirenze imwe kd agize 7ans , noneho kd no kumanywa yihagarika kenshi buri kanya , iyo atinze kujyayo abirangiriza mubyo yambaye cg ugasanga hagenda haza duke duke , none ubwo namukorera iki ?
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Urakoze cyane kubaza iki kibazo. Uyu mwana akwiye mbere na mbere kujyanwa kwa muganga bakareba niba nta burwayi bw'umubiri nka Diabete, kugira umusemburo muke wa ADH cg impamvu zindi z'uburwayi. Igihe muganga yabura uburwayi nibwo watangira gushyira mu bikorwa izi nama zose, kdi ntucogore. Ikindi nuko nubu watangira gushyira mu bikorwa izi nama kuko bifasha mu kwigisha urwungano rw'inkari uburyo bwo kutarekura inkari buri gihe. Murakoze
@MukasangwaLossa
@MukasangwaLossa 3 ай бұрын
Ese Hari imiti yihariye umwana yafata usibye izongamba
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Urakoze cyane kuri iki kibazo. Imiti ishoboka gusa iyo icyabiteye gifite impamvu ikomoka ku burwayi bw'umubiri bwemejwe na muganga. Byaba byiza kujyana umwana ufite icyo kibazo ku muganga uvura indwara zo mu rw'ungano rw'inkari (Urologist) kugirango asuzume arebe niba hari icyo yakora. Iyo ntacya abonye izi ngamba zifashwe igihe kiri hagati y'amazi 3-6 zitanga umusaruro ufatika.
@twagirimanaremy4832
@twagirimanaremy4832 3 ай бұрын
Izi nama ziradufashije, hari abantu benshi tutari tuzi icyo gukora ariko tugiye kuzigerageza
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Murakoze rwose. Twishimira kumva hari icyo ubutumwa dutanga bumarira abandi.
@VenantieMUKAGATARE-p7c
@VenantieMUKAGATARE-p7c 2 ай бұрын
Ibyo urimo kutubwira birmo ubwenge. Ugomba kuba uri psychologist. Biranejeje kubyunva
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze cyane rwose. Yego ndi Clinical Psychologist and Psychotherapist.
@lucieuzamushaka4360
@lucieuzamushaka4360 3 ай бұрын
Waramutse neza muga! uwanjye afite 13 kandi nawe biramubangamiye cyane,kuko aba muri internat abandi baramutoteza cyane!nakora iki buriya?
@esperancemujawiyera7986
@esperancemujawiyera7986 2 ай бұрын
Sha uzamushyire mukigo yige ataha murugo bitaribyo byamukurizamo ubwihebe bukabije kuko abandi banyeshuri baramuseka ndetse bakamuha akato ! Bituma atiga neza ! Natwe twari tumufite hanyuma tumukura kwiga aba mukigo ubu yiga ataha ariko ubu aba muri 3bambere kandi akiba mukigo yazaga mubanyuma
@Munezero-v3x
@Munezero-v3x 2 ай бұрын
Byiza 😊
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze
@devotamukayoboka8912
@devotamukayoboka8912 2 ай бұрын
Nge najyaga mubuza kugira icyo anywa kuva saa kumi n'imwe byibura
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Yego urakoze cyane
@SolangeBukeyeneza
@SolangeBukeyeneza 2 ай бұрын
Mutubwire niba hari umuti
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Urakoze kubaza iki kibazo. Nkuko nabivuze mu kiganiro, kdi nkuko nagiye mbisubiza n'abandi umuti wo kunywa utangwa iyo gusa hari ikibazo muganga w'urwungano rw'inkari (urologist) abonye. Nabwo kandi agusaba ko uwunywa uwufanya n'izi ngamba twavuze. Turakubwira kandi ko ku kigero kirenga 95% kubahiriza izi ngamba nibura amezi 6 umwana aba yacitse ku kunyara ku buriri burundu.
@JospatKarishaga
@JospatKarishaga 2 ай бұрын
Ivyo vyose uvuze ntanakimwe cofasha umuhungu wanje w'imyaka18 narinziko umpa umuti wokunwa ntawigeze amuturubika narimwe
@nduwayezuancille6506
@nduwayezuancille6506 2 ай бұрын
Uzajye kumuvuza chez les psychiatres,hari imiti yabigenewe.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 күн бұрын
Umuntu ufite imyaka 18 ushobora kumuvuza 1. Ku muganga w'urwungano rw'inkari (urologist) 2. Psycchologits/pschiatrists nyuma bamenya niba hari umuti akeneye. ariko umuti siwo wibanze ku muntu utaragira imyaka 18. Murakoze
@NiyondoraGenevieve
@NiyondoraGenevieve 3 ай бұрын
Dukeneye kumenya niba nta muti unyobwa wavura kunyara ku burrito.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Turagushimiye cyane kuri iki kibazo cyiza. Nkuko twabisobanuye, umuti unyobwa utangwa ushobora gutangwa igihe icyateye kunyara ku buriri ari uburwayi bw'umubiri. e.g. nko kubura cg kugira umusemburo muke witwa ADH, kugira uburwayi mu nzira y'inkari. Ibyo byakwemezwa na muganga ubifitiye ububasha (Urologist). Ushobora gutanga umuti kandi igihe ikibazo umwana kimutera kunyara ku buriri/ cg umuntu mukuru giterwa n'uburwayi bwo mu mutwe nka depression. Ibyo byemezwa n'umuganga ubifitiye ububasha abaze gusuzuma (Psyhologist/psychiatrist). Ariko rwose inshuro nyinshi kunyara ku buriri biba ari impamvu zisanzwe cyane cyane kubura affection, gukwenwa...Ukurikije izi nama byakirira.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 3 ай бұрын
Wasoma iyi nyandiko niba wumva icyongereza kugirango igihe wajya kwa muganga wamenya niba iyo miti bayifite. Murakoze
@UwamuguraElisabeth
@UwamuguraElisabeth 2 ай бұрын
Thakyou 6:39 🎉 6:56
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze namwe
@IngabireChantal-ps1bg
@IngabireChantal-ps1bg 2 ай бұрын
Haba kumanwa asinziriye haba nijoro bimubaho
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Ni byiza kubanza kumenya niba nta kibazo cy'ubuzima afite, niba arengeje imyaka twavuze, hanyuma haba ntakibazo afite, uzakoresha izi ngamba mu gihe kiri hagati y'amezi 3-6 rwose bizahagarara.
@NtawihebaMoise
@NtawihebaMoise 2 ай бұрын
Mudufashe muduhe numuti wokugona cg gufurura cg muduhe inama
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze yego rwose tuzabikora
@Munezero-v3x
@Munezero-v3x 2 ай бұрын
Ok
@benimanaodette8568
@benimanaodette8568 2 ай бұрын
Umuti wurengeje 9
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Umuti ni umwe igihe ukiri umwana ariko tuzategura ikiganiro cy'abantu bakuru banyara ku buriri.
@User2626-d3j
@User2626-d3j 2 ай бұрын
Nonese umwana ukubagana bikabije umuntu yakora iki
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Urakoze cyane kubaza iki kibazo. Tuzabategurira rwose ikiganiro ku gukubagana k'umwana.
@MatataChristopher-kx1qn
@MatataChristopher-kx1qn 2 ай бұрын
Kubakuru n'a bo
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Urakoze cyane. Nabo tuzabategurira ikiganiro cyabo rwose. Murakoze kuduha igitekerezo.
@ClementineNyiraneza-uu3wd
@ClementineNyiraneza-uu3wd 2 ай бұрын
My son
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Thanks, proud to be your son.
@Munezero-v3x
@Munezero-v3x 2 ай бұрын
Hhhhhhhhhhhh nabimenye
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
murakoze
@UmurerwaNuwacu
@UmurerwaNuwacu 2 ай бұрын
Iwanjye afite 13akinyara ku buriri
@IngabireChantal-ps1bg
@IngabireChantal-ps1bg 2 ай бұрын
Nuwajye nuko
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Birashoboka cyane rwose. Nimutangire mumufashe muri ubu buryo kdi ntimushake ko bihagarara umunsi umwe, bizakira rwose. Murakoze
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Yego abana benshi bagira iki kibazo ariko abarenga 98% nta burwayi bw'umubiri baba bafite.
@kamayiresejassimine1521
@kamayiresejassimine1521 2 ай бұрын
urakoze rwose
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze namwe
@Munezero-v3x
@Munezero-v3x 2 ай бұрын
Ok
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 күн бұрын
Thanks
@NiyondoraGenevieve
@NiyondoraGenevieve 3 ай бұрын
Dukeneye kumenya niba nta muti unyobwa wavura kunyara ku burrito.
@bahosmileinstitute4801
@bahosmileinstitute4801 2 ай бұрын
Murakoze kubaza iki kibazo. Umuti wo kunyobwa ubaho ariko bawutanga igihe gusa habonetse ikibazo cy'uburwayi bw'umubiri. Icyo gihe kdi bawutanga bawufatanyije n'izi ngamba. Kuko rero kunyara ku buriri akenshi atari uburwayi bw'umubiri niyo mpamvu tukurarikira gukoresha buriya buryo twavuze gusa ukabanza ukanamenya niba umwana ntakindi kibazo afite cy'uburwayi.
@nzamwitakuzeorive5149
@nzamwitakuzeorive5149 2 ай бұрын
13:55 murakoze none se kohari abarenza iyomyaka bakagere kuri 18acyinyara byo bimeze bite
ibi bintu 4 BIKUZANIRA IGIKUNDIRO/ GUKUNDWA
20:46
ISIMBI RYA YESU tv
Рет қаралды 155 М.
Tandukana No Kwibagirwa Cyane
10:51
SANEZA TV SHOW
Рет қаралды 85 М.
Когда отец одевает ребёнка @JaySharon
00:16
История одного вокалиста
Рет қаралды 13 МЛН
小路飞嫁祸姐姐搞破坏 #路飞#海贼王
00:45
路飞与唐舞桐
Рет қаралды 29 МЛН
Зу-зу Күлпаш 2. Интернет мошенник
40:13
ASTANATV Movie
Рет қаралды 460 М.
Smart Sigma Kid #funny #sigma
00:14
CRAZY GREAPA
Рет қаралды 2,7 МЛН
"LIBIDO"IBIRYO 10 BIZAMURA UBUSHAKE MUBASHAKANYE
38:24
ISIMBI RYA YESU tv
Рет қаралды 93 М.
Umuti wo kubura #Ibitotsi
17:33
Baho Smile Institute
Рет қаралды 383
Ibiribwa 5 bivura indwara zitandukanye /NTIBIKABURE MU RUGO
11:46
#INKOTANYI_ZISUBIYE IKIGALI#NOBLE_ABAMENNYE AMABANGA,ZADAGAZWE!
30:08
NYUMVA, NKUMVE.
Рет қаралды 19 М.
The Weeknd - Save Your Tears (Official Music Video)
4:09
Когда отец одевает ребёнка @JaySharon
00:16
История одного вокалиста
Рет қаралды 13 МЛН