PEREZIDA KAGAME KU MAKOSA YA MINISTRE WA MIFOTRA😳RIB ITI"UBU TURAMUKURIKIRANA ATAHA IWE ATUZAMUTA MURI YOMBI DUSHINGIYE KUBYO TUBONA MU IPEREREZA #SUBSCRIBE #IWACUINFO
Пікірлер: 34
@niyomukizajeanpaul42492 ай бұрын
Thank you, Jonathan nkunda Iwacu Info, ndayikurikira kenshi
@mwene_bizimungu2 ай бұрын
Karegeya abitse amateka kabisa. Murabanyamwuga kbs IWACU INFO.
@mugenzijean2 ай бұрын
Jonathan thanks
@josephmugabe47722 ай бұрын
Mzee abikozeho! Imvugo niyo ngiro.
@Umuturanyitv16582 ай бұрын
Government nshya bashyiremo abakiri bato pe. Aba bantu barambye bajye muri business batange imirimo ku rubyiruko.nibyo bituma baramba mu bintu bigahinduka akarima umuntu yisoromeramo imboga ibyo ashaka
@mwene_bizimungu2 ай бұрын
Ujye uduhamagarira Karegeya kenshi
@NdoliTito-tq7nj2 ай бұрын
Jonathan mwiriwe, ndabakunda cyane, nkakunda imyumvire ya Karegeya, asobanura ibintu neza, Kandi nta mususu
@kabegacyesh13572 ай бұрын
hhhh inteko irangije Manda ntago yakoze uko bikenewe ikibazo kumushahara fatizo .... Imiryango irushaho gusenyuka... international relations byarazambye....
@niyobryanamstrong88552 ай бұрын
Ntanteko ishingamategeko ikora iba mu Rwanda.ni icyuka
@FiacreRWIGAMBA2 ай бұрын
Muri Gouvernement nshya turi fuzako hajyaho aba ministres bakiri bato bagire umwanya wo gukorana na muzehe wacu kugira ngo bagire ibyo ba mwigiraho bijyanye n'indangagaciro no kumenya vision ye neza kubera aribo bafite inshingano zo kuza rinda igihugu no kugiteza imbere. Ba Biruta, na bariya bandi bamaze imyaka 20 mu buyobozi nta kindi bakiga kdi bafite amafaranga bajye kuyakoramo imishinga itanga imirimo kubandi banyarwanda.
@Umuturanyitv16582 ай бұрын
Ubivuze neza abakiri bato bahabwe imirimo abasaza bakoreshe business Ayo bakoreye kera batange imirimo. Ku rubyiruko bitabaye ibyo no mu Rwanda mu myaka iri imbere ibiri muri Kenya bizaba
Njyewe ndifuzako muzehe ya shyira mubuyobozi abakiri bato amaraso mashya kuko bariya bamaze kumenya amaco ya maguyi batindiza byinshi kdi Baka muvunisha arko nawe bika musaba gukora cyane Ababa hafi
@ukunzwenimanaolivier32842 ай бұрын
Kuri iki gihe abantu bareba inyungu zabo no kwigwizaho imitungo Leta ikwiye gushyiraho ibihano bikomeye ku bayobozi barya ruswa cg abanyereza umutongo wa Leta kuko nibo bagambanyi ba mbere b'igihugu.
Biteye isoni kuba umukuru wigihugu uvuga ko ariho ari mushingano yarangiza akavuga ko atazi idosiye yi mishahara mugihugu nacyane ko atari dosiye isanzwe ni dosiye yakorewe munteko nshingamategeko ubwo se Rapport bavuga zijya mubiro bya president ahaa u Rwanda rwagushije ishyano kuyoborwa na abashumba abanyacyaro bakimaze