Yeah Yesu yarafite abavandimwe bavutse kuri Maria gusa bo bari baravutse kubushake bw'Umuntu bitandukanye na Yesu we wasamwe kubw'Umwuka wera Mariko 6:3 uhasanga abavandimwe ba Yesu
@theonestenyirishema24757 ай бұрын
Imana kuvana abantu mu madini ni nko guhumbya,ariko igihe kitaragera ntibyashoboka ngo ni ikifuzo cy'Abantu.
Umwuka Niki ko abantu bawusobwnura muburyo butandukanye gusa nziko yesu yavuzeko amagambo avuga Ariyo mwuka Kandi aribwo bugingo🙏
@MUYIZEREUWINEZAHilarie7 ай бұрын
Ese mam wawe ni umugore nk 'abandi ?umugore wese umubona mo mama wawe .Ese uwabyaye Peresida w igihugu ni umugore nk mama wawe nkanswe uwanyaye Imana!!! Ntukigishe ibyo utemera rwose kuko Ishapure ni impine y ubuzima bwa Yezu christo uko yaje mu isi kubisubiramo ntakibazo
@augustinbisangwa92867 ай бұрын
Pastor ikintu Imana ikeneye si uko abantu bava muri kiliziya gatorika kuko ntadini Imana yashinze uri kubajyanamo. Bave muri kiliziya bajyehe?? Andi madini yose si abantu bayashinze. Mwese mutangira mwiyita ba apostle kandi muharanira inyungu zanyu gusa. Njye umbabarire umbwire idini ry'ukuri uri koherezamo abagatorika. None x uretse ubuhezanguni catholic ni ryo dini rifite ikibazo ryonyine cg ni uko utariho usengera
@TheCharity.7 ай бұрын
Mu Kinyarwanda nyacyo, ntabwo bandika ngo none *x* , ahubwo bandika none *se* Mu kinyarwanda ntabwo *x* isimbura *se*
@NtirushwamabokoFaustin-n7c7 ай бұрын
😂😂😂😂
@Elewatv7 ай бұрын
Wowe urabura guharanira ko wezwa ugatunganywa n'amaraso ya Kristo Yesu none uravugira amadini! Nawe ko uziko nta dini Imana yashinze!cg nta bibiliya ufite? Cg ntuzi gusoma! Wite kubyubugingo ibyamadini birekere beneyo wowe ahubwo ube umukristo wukuri reka kuba uwidini
@Elewatv7 ай бұрын
Agakiza kaboneka muri Kristo Yesu ibizitira gukizwa kumuntu biri mu idini,nusoma bibiliya neza uzasanga hakurikizwa cyane imihango,imigenzo n'amategeko yidini.naho gukiranuka kwabayoboke babo ntibabyitayeho zibukira muvandi ugendere mugushaka kwisumbabyose ariko wabanje gusoma bibiliya ntiwite kukuba ubona abayobye Ari beshi kuko inzira ijya mu ijuru irafunganye kd abayinyuramo ni bake nkwifurije kuba muri abo.
@augustinbisangwa92867 ай бұрын
Nawe jya usobanura uko ubyumva ark ukuri ni ukwimana
Tuziko Yesu Kristo yavyawe na Maria ntabwo aribikira Maria niyompamvu nababantu batwawubwenge nawamugwanizi ntibumveko ivyobasenga bitegezekubaho guko uwabayeho ntabwahindukira kuba ikibumbano ariko harabo Imana irigutbara barikumenya ukuri.
@niyonizeyeancille-dx7reАй бұрын
Ahubwo mbonye ari uri ya nyamaswa izimiza abantu kandi wigiza mpaka
Kiliziya Gatorika ishingiye ku ntumwa , Yezu yavuze ko n'ingabo z' ikuzimu ntizizayishobora !
@murwanashyakacyriaque59377 ай бұрын
Niba kiliziya ishingiye ku ntumwa yaba ntaho ihagaze kuko byakabaye byiza ishingiye kuri Yezu kristu
@augustinbisangwa92867 ай бұрын
Pastor usengera mu rihe dini?? cg namwe mwitwa ba apostle?? Imana ibane namwe ibahe umwuka wo gusobanura ibyo musobanukiwe Kandi mureke gusobanura mu nyungu zanyu. Ushaka abayoboke x?? Uzayobokwa n'abayobye 39:45
@agneskantarama16777 ай бұрын
Urabura kwigisha abantu kuva mu byaha,ukigisha amadini?uwo mubyeyi we uvuga Kiliziya Gatolika yemera mwihorere ,abamwemera bazarimbuke wowe usigare!
@NtirushwamabokoFaustin-n7c7 ай бұрын
Komezu tubwire nshuti❤❤❤
@augustinbisangwa92867 ай бұрын
Pastor igitangaje iyo bible uvuga kiliziya ni yo yegerenyije ibitabo mugenewe gusoma. Uzi impamvu hari intumwa zanditse amavanjili ark mutemerewe gusoma. Pastor sinzi ushingiyeho
Ntabwo arukubayobya ahubwo nimwe mwayobye ese ko yesu yatsindishije satan ibyanditswe akamubwira Yuko ndayindi mana yokuramya nogupfukamirwa kuki atavuze ko nabikiramariya agomba gupfukamirwa nimwe mufite imbabazi kurusha umwanawe?ikindi
Ese ....mbuze icyomvuga niba Ari woe utanga ijuru uzaryime abagaturika cg abapantekote ese idini ridafite intambara ni irihe Aho uri c ho haratuje gabanya twemera Bikiramariya kakurye
@siloam20237 ай бұрын
Oya siwe uritanga , ikibazo dufite ni uko tudashaka kumva ukuri kw'ibivugwa, nubwo hari ibyo avuga bisa nkaho atabizi neza ariko hari ibiri ukuri
@balthazardusabeyezu66957 ай бұрын
Amen
@bernadetteuwamariya7 ай бұрын
Kiliziya ibamena umutwe yicececeye.
@NkanziPerrier-bo2zx7 ай бұрын
Umuriro wa Mutima Mweranda uguturire
@brigittengendankazi23127 ай бұрын
Ngo ni idayimoni Bikira Mariya 😳ndumiwe
@JonathanK-d6g7 ай бұрын
Jya uvuga kunkuru zamamaza yesu kristu inyandi madini ntkerezako ataribyo wahamagariwe ayo madini tuyarimo tuzi ibyayo ntitwayobye rero tuzi neza ibyo turimo naho turi
Sekibi impamvu akunda kuvuga nabi ,nuko Imana Data yayiziranije n 'Umugore iyi niyanzigo Imana Data yashyize hagati yinzoka n'Umugore ko azazikandagira umutwe akawujanjagura.
@messieroireine10567 ай бұрын
@solangendayishimiye Ntabwo ari umugore wakandagiye inzoka nshuti yanjye ahubwo ni Kristo Yesu wabyawe n'umugore. Wongere usome Bibiriya neza 15.Nzashyira urwango hagati yawe n’uyu mugore, no hagati y’urubyaro rwawe n’urwe, ruzagukomeretsa umutwe nawe uzarukomeretsa agatsinsino.” itangiriro 3:15. Ubu se urabona ari umugore wakandagiye inzoka cg ni urubyaro rwe? Idini ryarakubeshye😳
@augustinbisangwa92867 ай бұрын
Pastor ibyo uvuga urabizi neza??? Abagatolika ibyo bavuga ntibabibwiwe n'abantu??
@BizimanaNestori-tt2mn7 ай бұрын
Mariyanyinaw'IMANA soma ivanjiriyaruka1:43
@k.habimanajeanpierre66587 ай бұрын
Nkuko ubyivugiye,kuba ushidimanya utemera neza ko Maliya ari Nyina wa Yezu, je comprends bien le niveau de tes connaissances !
@juniorsynthie Umuriro uturutse he? Kubera ko yavuze ikigirwamana cyanyu bikiramariya? Ntabwo uzi ko Yesu Kristo yamaze kuneshereza abamwizera bose? Jean Luc we yarabisobanukiwe, so nta bwoba bw'abadayimoni afite🙏