Icyubahiro bano bagabo bashaka ni nka kimwe satani yarwaniraga ari mwijuru bikamuzanira gukurwa mubamalayika bo mwijuru ajugunywa mwisi!iriya video ya Gitwaza igaragaza uni akorera ko atari Uwiteka Imana yo mwijuru kuko na Yesu Yaciye bugufi mubuzima bwe bwose yabayeho mwisi.Imana Idufashe kubyumva neza
Luc ibyo uvuga ni ukuri aba banyamadini bigishije Imana y'imigati n'iterambere bakabwira abantu kuza kwa Yesu ngo azabaha ibyo babuze mu buzima ariko ntibabigishe uko bitwara ngo azabahe ibyo bifuza bagakomeza kuba babi kubera kwigishwa nabi no kudasoma Biblia bategereje gusomerwa na bwo ku cyumweru!!! Akavuyo gashire....
@jeanmariedusengimana2659 Жыл бұрын
Mukomere tubateze yombi bakozi b Imana.hama numva batovyumva babwire yamara njye ndakwumva 5/5 ikibwirwa nicyumva icerekwa n ikibona mumigani y ikirundi cyin aha.murampezagira cyane
@muminapeace7878 Жыл бұрын
Uwo mugabo masasu mwumva ntababeshye nasheshe urumeza ndibaza nti ibintu avuze harabantu bari kubyumva😢 Ese ndibaza nkabantu bumva ibyo bintu bagakoma amashyi baba bazi uwo bakomeye amashyi barangiza ngo bashaka kujya mwijuru mbega ubujiji😅 musome bible kdi mwige kwisengera mwebwe ubwanyu. kdi mwibuke ko insengero muzigendana ziturimo ❤ Imana yo mwijuru ikomeze iguhishurire byinshi utamaze abo bakozi ba sekibi
Gahunda y'Imana ni uko abizera bagomba kugira n'aho bateranira, bayobowe n' ABEPISKOPI, bafashwa n' ABADIYAKONI, aho abera bashobora gusangirira ifunguro ryera no kugaragarizanya ubumwe mu mubiri wa Kristo. Kumvira ubutumwa kuri channel ntibishobora gusimbura ibyo.
@Black11-m3f Жыл бұрын
@@byabenejean5497 Ubuse Koko barashakako dusimbuza urusengero aho duteranira dusangira iby'Imana kuri channel? Ni ukwitonda ibi byaza channel n'aba bavugabutumwa bo kuri chennel ndabona bo bazagira ubuyobe buruta uburi mu madini.
@blessedrwibutso4915 Жыл бұрын
Abefeso 4:11 Nuko (Yesu) aha bamwe kuba intumwa ze, n'abandi kuba abahanuzi, n'abandi kuba ababwirizabutumwa bwiza, n'abandi kuba abungeri n'abigisha, Kristo Yesu niwe watanze Title abantu bazitwa bishingiye ku nshingano zabo. Reka ibibujijwe byemerwe ko bibujijwe, n'ibidafite inkomoko ku Ijambo ry'Imana tubyamaganwe ariko kandi ibyemewe nabyo tubyemere. Ahubwo abahawe izo nshingano bakomeze guhugurwa mu buryo bayobora intama za Kristo, batazihinduye izabo bwite! Kwita umuntu daddy, mon seigeur, general,... mu murimo w'Imana ntibikwiye, kuko Yesu yivugiye abo ahaye mission mu murimo, ubwo abandi bafite undi bakorera utari Yesu. Ndabakunda kandi nkurikirana cyane inyigisho zanyu. Mukomere ku murimo wa Data!
Mukomeze mugire ishurirwa twamamaze ibya Yesu christu
@umulisachantal7215 Жыл бұрын
IMANA iturengere bivuge bararengera
@labanbizimungu9385 Жыл бұрын
Aba bagabo mwirirwa muvuga haribibihumbi byishi bitanga ubuhamya kubwabo harabo bakuye muburaya ubusinzi mubikomere biteye ubwoba none nawe ngo wowe ufite nangahe wakuyaho ngo Basi nawe bazakwite Dadi
@gorettimushayija7118 Жыл бұрын
Aminaaaa
@byukatorerotv2608 Жыл бұрын
Ikibazo kiri aha suko bitwa Bady CG Bâ mamy nibakiranuke nibabura ijuru bazagende ntago bazaba barigenewe, 2. Abigishwa Yesu yarabihamagariye ababatiriza mu mazi kuri yorodani abandi babatijwe na yohana , bari kwita nde wundi se cg Dady Yesu ariwe wabibyarije ubutumwa bwiza, none C , ubu habura NK' imyaka 100 Yesu akagaruka ko ntaho ugaragaza bakwiye abana bacu bazajyahe mbese koko ntimwasubira gusenga ko izi nyigisho nazo sifite ikibazo ko muri gusenya umurimo wa kristo!
@efutapastorsalvator206411 ай бұрын
Imana izaguhe kumenya ukuri kuzuye kuko urikubivanga.niwamenyako uhamagariwe kuvuga ukuri uzagezaho kuvuga abantu uvuge ukuri.ahandiho nawe uzasanga umaze kuyobya beshi. ukuri nikumwe ni kristo .iyumuntu yamenye Yesu neza amenya no gutandukanya ikibi nicyiza . umwuzuro wa Yesu urahagije kudukiza bitarinze kutubwira abantu namadini
Warasenze urayisobanuza se ngo natwe dusenge tuyibaze icyo dukora niba tuyoba koko
@uwimanimpayeclaudine-li4nm7 ай бұрын
Ukuri rwose kurabohora
@musanganiremariejosee56166 ай бұрын
Icyo ntabwo aricyo kirimbura abantu
@gulgalgospel2025 Жыл бұрын
Ariko namwe rero ko nkeka ko na pawul nawe haraho yavuze ko ari se wabitorero ari kuvuga ko badafite ba se benshi
@jeanclaudenikwitanga6493 Жыл бұрын
Ivyo uvuze ntaho arivyo kiretse utweretse aho vyanditse yavuze ngo ndi SO wanyu(VOTRE PÈRE).ahubwo Paulo n'a Yohana haraho banditse bavuga ngo bana bato, bana banje bato(mes petits fils). Ese iyo bavuga nk'abo batubanjirinje basi. Bo Ntaho bigeze bandika ngo mumenyeko turi ba SO, ntaho bigeze bifuza ko babita ba SE. Kandi ntidushobora guhindura ijambo ry'Imana ngo tuvuge ngo ko babise ngo bane bato,ngo nuko biremewe ko hari abitwa ba DATA,nta n'inyuguti n'imwe twemerewe guhindura
@joliejoie2010 Жыл бұрын
Mana,😭😭😭😭 uruhushya,ndaje mfate agatebe!
@Uhoraho24 Жыл бұрын
Tira 2 twiicare twunvirize
@umulisachantal7215 Жыл бұрын
Bivuge Mukozi wIMANA haaaaabiraryoshye
@roseb8052 Жыл бұрын
Bibiriya it ubwirako turakwifuriza kuvugango turi abapawuro abandi ngo turi aba Petero none abo nabari Sha bibiriya
@niyimpaangelique5814 Жыл бұрын
None gutanga icyacumi ntabwo byemewe?
@habitwarievariste9580 Жыл бұрын
👍🙏
@charlottechaima998 Жыл бұрын
Mana wee aya magambo nanjye nayagiyeho impaka n'umuntu pe.😢