Mama Bishop , ku kumva ku kureba, uri mwiza Mama si ukubeshya. Imana ijye iguma ikwagure muri byose.
@demusojuma89723 жыл бұрын
Keep it up bishop , you are so beautiful, bazakugire Miss Rwanda nubwo uri umu Maman
@DarkAngel-cj6sx3 жыл бұрын
Bishop is so beautiful and open minded in the good way. I checked out her channel, I think they should show the person who is reading or talking not just a picture
@mutesimary40063 жыл бұрын
Bishop Brigitte ndakwemera cyane uri mwiza uri umusilimu gusa ndakwemera cyaneee ibyo bavuga ntaho bihuriyehe nigicumuro
@uwaisenzejosephine87073 жыл бұрын
Brigitte inyigisho yawe yamfashije cyane. Harimo ukuri gusesuye. You are smart indeed and real.
Abantu bahindure imyumvire kko bazahora bumvako umuntu ukorera Imana agomba kuba incakarafu!!! Iyaba aba Bishop bose bari amasrimu mu mu twe no mu myambarire nkawe isi yarushaho kuryoha
@emmd12343 жыл бұрын
Ariko bakurahe ko gukorera Imana ari ukuba inshakarafu, kuki abantu bumva ko gukena ari byo bizajyana abantu mu ijuru (hahirwa abakene)? Ibintu tugenderaho bitakijyanye n'igihe twizirikaho tuzabivamo ryari? Izo ngutiya n'ipantaro byahozeho? Abantu bamenye ukuri bave mu buyoboke n'ubufana. Twayobotse imico y'abantu tuyoba Imana y'ukuri.
@mumoma94983 жыл бұрын
Wa Mudamu nagukunze ntakuzi rwose naho twe ahangaha turabizira arega burya no kuberwa nikaremano disi uvuzukuri maye kuko ushobora kwambara nibigezweho ntuberwe hanyuma uwambaye nibipfuyamaso ariko akaberwa gusa nibakureke kami kumuntu numutima we Shenge.❤️🍎🍇🍓🍒🍑🍊🍋🎄Noheli nziza rata
@alicekayitare74283 жыл бұрын
Bamujijije ubwiza bwe nubundi
@tugumefidel6923 жыл бұрын
She is stunningly and strikingly beautiful i must say!!!
@douglasmubirigi44143 жыл бұрын
Sabin Kenshi ugira subjects nziza ariko interview zawe usanga kenshi ari ndende kurusha iportant contents irimo, uzarebe umunyakenya Kari Witwa Lynn Ngugi nubwo wakurikira ka interview ke kamwe cg Tubiri wasabona ikibuze mo hano. Naho subject uduha kesnhi usanga arinziza, kuburyo nakwifuza ko u adapta international style, a short video with maximum info. The introduction doesn’t need to include the location of your fans we will be providing that if necessary
Kubirebana n'imyambaro, Bibiliya yandikwa abagabo n'abagore bose bambaraga amakanzu. Yesu ari mu isi yambaraga ikanzu. Uko hari amakanzu y'abagabo hari n'aya bagore. Niko no ku mapatalo biri. Hariho ayabagabo n'aya bagore. Bityo ucira umuntu urubanza ngo yambaye ipatalo amenye ko Bibiliya icyo yigisha ari ukwambara umuntu agahesha Imana icyubahiro kandi akiyubahisha yambara yikwije kuko icyo Imana yanga ni ibicocero. Yaba ikanzu, ijipo, ikabutura, icy'ingenzi ni ikwambara umuntu akikwiza. Kubirebana n'imisatsi Bibiliya ivuga ko umugore yahawe umusatsi mwinshi 'uhirimbije' long hair mu cyimbo cy'umwambaro wo kumutwe. Kurimba si icyaha ahubwo umurimbo ukwiye guhera mu mutima. Imana idufashe tuve mu bujiji ahubwo tumenye ukuri kandi ukuri kutubature.
Uyu umugore ni mwiza pe azi kwambara mbese lmana yaramutatse
@brusselsah95013 жыл бұрын
Pasteur imisatsi y,umukara niyo ikubereye.
@edithabedda89153 жыл бұрын
Jamani Bishop ni mrembo hatari, naomba nipate namba zake za simu, njewe ndumu Tanzania 🇹🇿 ntuye Dar es salaam
@cedriquejoshuas69613 жыл бұрын
Uwo mugore ni mwiza cyane kandi ntabwo yirya
@jarryanita91013 жыл бұрын
J'adore t'a façon yo gusenga la prochaine fois nsaza muli église yanyu 👍👍
@antonykaizer51843 жыл бұрын
Bishop Brigitte ati umugabo akubaza inyungu kandi nta capital yaguhaye! Brigitte arasaba capital yindi yiki kandi afite capital Imana yamuhaye kandi agendana?
Sabin Niwowe munyamakuru nshobora kwicara ngakurikira interviews zawe, abandi bose baragerageza. Ugira discipline mu mubirerize yawe. Bagezi bawe babaza so disturbing question no gushaka kwijirira mu buzima umuntu. Congratulations
@bagirejohn2062 жыл бұрын
Blessed more Mummy
@janenshimiyimana29243 жыл бұрын
Nukuri abantu baribize
@angetesi52853 жыл бұрын
Merci uvuze ibintu nyabyo ? Uburere ningombwa kutabugira uba injiji, kandi kumenya Imana simyambarire rwose. hari citation yuwitwa Sacha Guitry wagize ati, Le luxe est une affaire d'argent. L'élégance est une question d'éducation.
@charlesbidinegu5113 жыл бұрын
Sabe umbarize bishop ese abakire bakomeye kwisi ko bifungisha kandi bafite Ifaranga ryinshi iyi ni system yasatani yaje mubantu
@thereseakimana19293 жыл бұрын
Ibyo wavuze ku myambarire ni ukuri. Kwambara ipantalo si bibi. Icy'ingenzi ni uko iba ibereye uyambaye.
@antonykaizer51843 жыл бұрын
Naho kumyambarire, Bishop Brigitte yahombye kumenya neza icyo Bibiliya ivuga aho gutandukira. Utetse nibyo Bibiliya twemera Ivuga ko nta gitsina gore cyagombye guhagarara imbere y'abagabo mu Rusengero. Iyo rero agiye mazabahuni burya aba yamaze gucumura.
@marie-aimeendangwituze77713 жыл бұрын
Bishop Brigitte turamukunda azi ubwenge abantu nkamwe nimwe ducyeneye😘🙏👏👍
@pazzpgishimwe85253 жыл бұрын
Mbeg umukobwa mwiza weeeeeee ndamukunze yane
@brusselsah95013 жыл бұрын
Ku bijyanye n,ipantalo reka mbabaze ubu sabin yakwambara cola y,umugore we.colla se si ipantalo.ariko ni ipantalo y,abagore.umuzungu niwe wakoze imyenda aravuga ati iyi ni iy,abakobwa n,iyi ni iy,abahungu.lmana se yakoze imyenda? Adamu na eva bambaye nkatwe? Ubuse sabin tumwambitse high west yacahe? Twahita tumuhindurira izina akitwa sabine