sorry to be off topic but does anybody know of a tool to get back into an instagram account..? I somehow lost my password. I love any assistance you can give me.
@romanmateo25662 жыл бұрын
@Casen Keith instablaster =)
@casenkeith56962 жыл бұрын
@Roman Mateo Thanks so much for your reply. I found the site through google and Im waiting for the hacking stuff atm. Takes a while so I will reply here later with my results.
Twumvise uruhande rwawe. Ubu Twumvise ibyo umugabo wawe byarushaho kuduha ishusho nyayo y'urushako rwanyu. Ese koko uyu mugabo ni igikoko kibi wabyutse agahita akwanga akuziza ubusa?Ashobora kuba hari ibyo yakubonyeho cyangwa yakumviseho wihangane ku kaga wahuye nako. Kujya gusura uwo mwashakanye yari amatsiko yo kureba uko urugo rushya rumeze. Nta mwuka wakuyoboye -abiyise abarokokore mubeshyera Imana. Nongeye kukwihanganisha ku ngorane wahuye nazo. Rwose nemeza ko wanyuze mu bintu bikomeye.
@umuhozaclementine19554 жыл бұрын
Birashoboka cyane ko umugabo yakwaka divorce atari we biturutseho kuko ntacyo umuntu ukunda atababarira Kandi ntawe udakosa nawe ubwe Ni umuntu arakosa ntabwo ari marayika naho amatsiko yo kureba urwo rugo ndumva atariyo yamujyanye kuko ntiyarikubura kumenya ibyarwo atagiyeyo
@atwijukarhoda87424 жыл бұрын
I cherish you mum , keep it up.
@rmf2223 жыл бұрын
Isomo nkuye mo nuko ngomba gutanga imbabazi kubasinsabye no kutazinsabye. Imana ibimfashemo. Imana iguhe umugisha mama. ninjye bagutumye ho pee. Urakoze.
@lydiakanyana91454 жыл бұрын
C est un ange sur terre cette femme
@wilsonadamo67354 жыл бұрын
Mama yarakomeretse yikundiraga umuryangowe uyumugabo azicuza yatandukanye nurukundo ruzima
@uwerajuliet7804 жыл бұрын
Mumy wakoze
@uwanyirigirajacqueline59304 жыл бұрын
Byo! Burya ntibazakubeshye, umugore ni uwambere!
@uwamaliyadidacienne60524 жыл бұрын
@@uwanyirigirajacqueline5930 hari ubwo rero ushaka uwa kabiri akaruta uwa mbere cyane ndetse byose ni amahirwe
@mendezapoccalypto75344 жыл бұрын
Mama Queen Imana igukomeze @ Sabin reka twemere ko kubera ethics hari by inshi y ubashye atashatse gushira hanze gusa... guhaguruka umugabo with no reason ati divorce , nta ntinganya nta ki ? Uhmmm no something is wrong somewhere. Reka twemere. Ibyo duhawe gusa uhmmm something is wrong somewhere
@niyonizeyechantal13664 жыл бұрын
MENDEZ APOCCALYPTO we Satani ni umugome rwose kandi yahagurukiye ingo. Ntakosa ritababarirwa igisubizo si divorce
@godfreyngarambe5124 жыл бұрын
We need to get the other side of the story. Haricyo baduhishe something went wrong somewhere ntabwo umuntu yagusaba divorce with no reason.
@@innocentnezehose8232 ikibazo carahabaye nivyo mugabo you tube ni nko mw isoko si aho kuvugira ivyo murugo vyose. Ashobora no kubivuga nivyo ariko umugabo we agatangura nawe impari kuri isimbi tv. None nka Sabin yoca abi jera gute? Warabonye igihe Eliane yaguma yagiriza se na sewabo ko bamufashe nabi uko bavyarawe bamumeneye ibanga ryose ry uko se yamwanse aruko Eliane avuye mu bitaro yavuga ko yari arwaye amafyigo hama agafata conversation Eliane avuye mu bitaro ari kubwira umukobwa mugenzi we ko yafashwe ku nguvu n abagabo 5 nyimba atari 7 se aca ababazwa n uko yababeshe.kuvyo arwaye Nkaho urumvako bavyarawe bamuseseye agatabi. Bref ivyo yisigarije vyose kuri you tube barabisohoye. Bakavuga ko na mignonne yavutse muri iyo viol. Kandi vyamuvuyeko .
@josephineuwamarya71194 жыл бұрын
Uguye ku ijambo nibazaga mbere. Ntavuga na rimwe icyo umugabo yamuhoraga ahita avuga iby'abandi!!!! Tubwire byibura ibintu 3 (incidents)byatumye umugabo akuzinukwa ntasubire inyuma kuko uri umudame mwiza cyanee umugabo wese yakwishimira ko umwicara iruhande. Ikindi ujye ugerageza gushyira ubyishimo on your face ..ubona ufite agahinda mu maso....
@evaeva77014 жыл бұрын
SINDARONKA Immaculée Wobwira iyo interview ya papa wa Éliane channel yavugiyeko ndayirabe. Merci
MAMAN QUEEN WANGIZE MU BIKOMEYE PE! NI IMANA YAGUHAYE IMBARAGA PE! IMANA IBABARIRE UWO MUGABO PE. IMANA NIYO IZI ICYO GUKORA . ABARIMO KWIBAZA NGO NTIBUMVA ICYO BAPFUYE!! IYO ICYO KIBAZO KIBAZWA N'UMUNTU W'IGITSINOGORE BYARI KUBA BYUMVIKANA. NONE MWE MUBAZA MUTYO NGO NTIMURI KUMVA ICYATEYE KO, UMUGABO AMUZINUKWA MWIRENGAGIJE UKO ABAGABO BENSHI CYA NE BATEYE!!! NTABRUKUNDO RW'UKURI BAGIRA ! !! N'IMANA IRABIZI CYQA NE KO ABAGABO NTA RUKUNDO BAGIRA! BAKABAYE BAFITE URUKUNDO NTABWO BIBILIYA IJAMBO RY'IMANA YABABWIRA NGO BAGABO MUKUNDE ABAGORE BANYUZWE KUGIRA NGO ABAGORE BANYU BABONE UKO BABUHA.
@kamaspeciose4354 жыл бұрын
Imana igukomeze mubyeyi.ikomeze kukwitaho
@fredndabarasa99654 жыл бұрын
Uretse no kwihorera se bene wacu b'abacikacumu bamaze guhotorwa barangana iki? Ubu se hari reports zingana iki zivuga ku bwicanyi bukorwa n'abo duhayagiza. Mbega gufana. ...
@Sirila184 жыл бұрын
Il est trop tôt pour Madame Jacqueline de répondre sur la question qu a posé Sabin de savoir si elle pourra refaire sa vie de couple car. Primo Ses enfants sont encore jeunes , mais comme les années passent ils grandiront et se marieront. Ainsi madame aura un vide énorme autour d ellle et c est une évidence. Secundo Comme les années passent on developpe des maladies comme le diabète l hypertension etc... qui nécessite une présence très sincère et très proche . Ainsi partout oū seront les enfants ils seront confiants et sûrs que leur maman est bien entourée. Je viens de faire plusieurs années seule car divorcée en 1986 . Mais comme je les ai grandies, je ne peux nier que je puisse refaire ma vie de couple ni confirmer.Tout viendra ā point nommé mes filles y sont préparées car j ai l hypertension et je prends des médicaments å vie . Mes enfants s inquiètent fort pour ma santé d aussi loin qu elles sont . C est pas du tout plaisant pour moi c est comme si je bousillais leur bonheur.
@imnotgoinganywhere10344 жыл бұрын
Immaculée uzi Français kd uyandika neza cyane 💪👌
@Sirila184 жыл бұрын
@@imnotgoinganywhere1034 Merci bien. Je fais partie des anciens diplomés D 4 oū tous nos professeurs étaient des européens sauf le professeur de kirundi. Dans le temps on faisait beaucoup de dictées et de lectures. Je parle le français assez bien ,je l écris bien et je le formule assez bien. Et comme je suis enseignante avec mes élèves mêmement je suis très stricte dans les corrections et j aime leur donner des dictées et des lectures. Encore une fois merci
@imnotgoinganywhere10344 жыл бұрын
@@Sirila18 courage vraiment biragaragara .
@clairezaninka22724 жыл бұрын
Nyagasani akomeze abe mu ru hande rwawe ,ur'umubyeyi mwiza
None se lady mama queen aba Pasteur banyu bica abantu? Uwo wita Pastor ntatinya kuvuga ko kwica nta soni bimutera cyane iyo barenze umurongo. Kugeza ubu ntawamenya aho muvana imbaraga zo gushima no gushyigikira abatwicira. Numvise na Younger /Yanga arangiriza ubuhamya bwe bwiza ku magambo mabi nkayo. Ntimubura n'ibibacumuza.