Uburyo shenge yisekera ariko mama Christian reka nkubwire Imana yaguhaye ubutunzi abandi baburiye kuriyisi. Amahoro yo mumutima no kwizera. Icyampa impano nkiyo nange we. Uwiteka aragukunda cyane pe
@@MutesiFanny-mi9ln Uko n'ukuri, abana ni umugisha wacu! Kandi tunezerewe ko twabaye indashyikirwa tukirerera abana, njye imyaka 15 irashize adutaye, abana be ntazi n'amasura yabo, n'abana ntibazi isura ya Se. Ariko kera muri za 2013-2014 najyaga mbohereza gusura Papa wabo bagerayo bagateka ibiryo byashya we n'umugore we bakajya mu nzu bakarya, abana ntibabagaburire, kuva ubwo abana bazinukwa kujyayo. Niho baheruka isura ya Papa wabo.
@manishimweprovidance4798 ай бұрын
@@dorotheuwamaria5107ise winjiji gusa
@UwimanaDaphi-qu1cq8 ай бұрын
Umubyeyi numenya igise ukocyiryana
@user-qc8id9bq5u2 ай бұрын
Imana iguhe umugisha kuduhumuriza nanjye mfite umwana ufite ubumuga mubyeyi ariko nanjye mba nifuza gupfa NGO niruhukire kubera umwana na byaye kugeza ubu nananiwe kwiya kira mba nifuza gupfa
Gerard iyi number watwandikiye hasi Ya Sifa itandukanye niyo we yivugiye ! Sha birancanze kumenya neza number ifatika cg yukuri Kandi twifuzakuvugana nawe please,dufashe uduhe number yukuri,asante Sana.
Sifa ni uwiwacu disi, sinarinzi ko yanyuze muri ubu buzima disi
@nemery-jk7pg3 ай бұрын
Navuga ngo komera mubyeyi
@mulhumesanders54558 ай бұрын
Ikinyamujongo ni inyama iryoha kandi ihenze ni uko abanyarwanda bayinena kubera umuco na kirazira ariko bitewe no kutabimenya kubera ko batagendaga ngo bamenye imico y'ahandi.