Namwe intsinzi tv nagirango mbamenyeshe ko utarakora subscriber iwanyu yarahomye pe kuko muhetse amateka hafi yayose y'urwanda 80% murandyohereza kabisa ITSINZI TV mukore sub kabisa
@nkurunzizaeric92373 жыл бұрын
@@mr_manpower250 nibyo kbs intsinzi itumara irungu
@m.a50323 жыл бұрын
@ndimbati tv comedy ntawubikurusha
@janetlatigresse85823 жыл бұрын
@@ISIMBITV can I get the location of her shop? Precisely! Thank you
@user260413 жыл бұрын
tujye duha agaciro abantu batanga ubuhamya bakomeretse gutya ndahamya ko hali aho bibakura bigasana imitima yabo pe kuko abantu barababaye pe🤔
@reginenyiramana20193 жыл бұрын
Juste nababikoze iyo babibonye ikimwaro kirabica. Baba bafite umutima was kimuntu bagasaba imbabazi about bahemukiye!
@mamakensane83883 жыл бұрын
Nibyo pe uyu mumama ndamukomeje,kdi mujye mubumva biraruhura kubivuga
Erega mu isi ntahantu nahamwe hari amahoro uretse muri Kristo Yesu,naho ubundi abantu banana n'ibikomere byinshi cyane ariko mu ijuru hari Imana yomora ibikomere byose.
Muburayi hari fake smile nyishi . It’s hard to know a real friend nukuri nuwo utaziga akugira disappoint ukumirwa. Niwihangane bibaho abantu biburayi majority niryarya. Much 🥰
@odettetwiringiyimana99743 жыл бұрын
Omg 😲😱😲😱
@lynamusabimana85783 жыл бұрын
Oya ntago ari abi burayi bari indyarya ahubwo abanyarwanda Ni indyarya Aho Bari hose. No mu Rwanda Ni uko koko tubona buri gihe ibiganiro batanga. Abanyarwanda Ni indyarya
@SN-wb3gm3 жыл бұрын
Muburayi ntanzara bagendera kumategeko kandi ils se respectent ntabwo ari nkomuri afrika ntawuraba undi mukanwa canke uko abayeho kuko umwe wese arikwije umuntu wese aribeshejeho. Nicyo gikuru ntawurira ninkomuri paradis ntantambara hari amahoro abantu barisanzura. Uyomugore gusa yahuye nurushako rubi umugabo amufata nabi ariko Europe nayireke ntaco yamugize. Natwe tuba en Europe turahazi turubatse kandi ntakibazo ntabakozi dufise.
Jacqui wihangane yesu aracakora. Nibenshi abagore musangiye ikibazo
@ruberwaemmy3 жыл бұрын
Yooooo niyihangane uwo mu mama nukuri nange emotion ziraje nikiniga kishi
@bambeirene1823 жыл бұрын
Pole sana mama Assumer seule la responsabilité parentale, peut devenir un poids,gusa on est responsable de son propre bonheur. Avant d'être une maman vous êtes une femme, une personne à part entière. Occupez bien de vous✌️
@alicemukeshimana36963 жыл бұрын
Well said.. she still bitter and it will take time to heal from the brokenness. She is beautiful, smart but there is a avoid in her. That void will be taken away by God only because He is the manufacturer of our human beings. She made a mistake by trusting a snake 🐍 in form of human. Many of us women make such mistakes in the name of “papa wabana twabyaranye” There is a quote that said by a judge in the USA ,” don’t let a man tell you two times that he doesn’t love you, one time is enough” women mwunve
@uwaseliliane89972 жыл бұрын
Ton idée est geniale
@bambeirene1822 жыл бұрын
@@uwaseliliane8997 c'est mon expérience qui parle😉
@uwaseliliane89972 жыл бұрын
Et tu as raison!!! Mais tu dois chercher la joie Ça coûte cher, mais tu en a besoin je te jure!!! Si Dieu t'a donné ces moyens là, c'est très bien, c'est super, mais tu n'est pas contente!!!! Pense bien ce qui peut te rzndrz heurese!!! Chercher par exemple les amis masculins jeunes; veuves, ds ces derniers tu trouvera celui qui t'attire et tu finira par te confie à lui sans lui parlé de tes éconimies là!!! Tu lui dira ça petit à petit après qlq années de votre marriage. C'est une seule idée, et tu a réçus peut être d'autres!!! Essayer d'en tire qlq chose qui t'aidera
Banyarwanda Banyarwandakazi, mureke dusabe Imana ubwenge, no kwihangana.
@odettetwiringiyimana99743 жыл бұрын
Birakwiye kandi biratunganye
@annauwa18443 жыл бұрын
Jacky kuki ugifite ibikomere byinshi kandi hashize imyaka 20 ubashije kwibeshaho. Abana barakuze, ni beza, why dont u move on and be happy with your kids, ahubwo ukaba ukirizwa nuko umugabo yaguhemukiye? Umugabo yaguhaye icyo yarafite:visa. Niki kindi ushaka, ko ntacyo afite. Niba utarashimye visa hashize 20 yeqrs uri free to go back to your country but you didnt. Waramukunze ntiyagukunda, just move on.
@umuhozaclementine17252 жыл бұрын
Nicyo kibazo agomba kumwikuramo kugira ubuzima bumuryohere le plus grand ennemi de l'etre humain c'est l'amour
Yooo pole Mama ukomere cyane impore cyane kabisa bivuge uruhuke mumutima kweri
@yesumwiza44303 жыл бұрын
Pole mama , ariko ikibazo suko uri iburayi nino murwanda byakubaho cyane kdi rwose barahari babaye gutyo kdi bari murwanda! Ahubwo iga kwiyakira uracyafite agahinda, ibikomere biracyatose komera kbs
Aprēs les échec la vie continue .mwijuru hari Imana yomora ibikomere nawe izakomore kd ikomeze kuguha imparike nzima ukomeze wite kubana bawe kd ihe umugisha imirimo yamaboko yawe
@umupfasonigloria43483 жыл бұрын
Pole
@fideleruvugwa79993 жыл бұрын
Pole my sister Imana iguhumurize keep fowerd God is good in every circumstance .
@hzhightech5750 Жыл бұрын
Sabin jack nakomere wampaye number ze
@hzhightech5750 Жыл бұрын
Nkeneye kuvugana awe pe nfasha uzimpe
@lxllxl77832 жыл бұрын
Urumva Jcky,kubera nawe utaja mu manza z'abandi,nico gituma nawe batakwitaba !!!Kandi baca bagutinya !!!Warakomeretse pe !!!!Iman'iguhezagire !
@cecilebukuru22983 жыл бұрын
You can,t judge someone untill you walk in her/his shoes! Iyo ni error ikomeye abantu tugira. Ni gute ucira urubanza umuntu kubintu udafitiye experience?
@theresenyamwana52313 жыл бұрын
Jacky warashoboye kurondera ikigutunga uragerageze wi kuremwo uwo mu gabo. Kuvyo mbonye usa neza mu gabo nturakira ibikomere yaguteye.
Pole sana bambi wahuye nuruvagusenya wahuye numugabo wigikoko
@Sharon_Nimwiza3 жыл бұрын
ibi ni ukwiyandagaza kweri, ubundi igituma abantu bata umutwe ni ukutamenya kuzibukira. ko numva batangiye nabi,kuva yagerayo ntacyo yamumariye yamugaruraga mu buzima bwe gukora iki koko.
@fanibazanuwofanibazanuwo1353 жыл бұрын
Yavuzeko atazi kuvuga no mubuzima bwe. Kandi bibaho siwe wenyine harabatazi kuzibukira Yavuzeko bamaranye 6mois gusa wamugani nuatangiye nabi kabisa
We rero nicyo cyabatandukanije harigihe imico yanga guhura bibaho cyane
@sunward14903 жыл бұрын
Have ntukabeshye kuko burya abahuje ntibarwana n ibyo abadahuje barwana nabyo.ubundi ukuri ni uko urushako rugira intambara zarwo zisanzwe ariko noneho iyo ugeretseho gushaka uwo mudahuje uba wongeye ibibazo mu bindi kuko abadahuje bagira intambara zisanzwe z urushako nk abandi bose ariko noneho bo hakaniyongeraho ko badahuje mbese barwana intambara z ibice bibiri. Uyu rero yivugiye ibye ni we wabibayemo kandi arivugirako kuba badahuje ubwoko byari mu ntambara none wowe uraza umubwirako atari byo nka nde koko. Ubundi icyo abantu b ubu birengagiza ni ukutigira ku bwenge bw abakera,nta na rimwe abakera bigeraga bashakana n abo badahuje kirazira ,niyo mpamvu ababyeyi bajyaga gushakira abana babo muri bene wabo gusa niyo mpamvu bavugaga ngo hashakana imiryango ntihashakana abantu 2 gusa ,bakongera bakavuga bati umwana ni uw umuryango kuberako nyine uba warashatse mu bo muhuje ariko uyu munsi abantu barifata bagashakana n abo badahuje ngo urugo ni urwa babiri,imiryango yabo ikanga ikababwira bakavunira ibiti mu matwi nyamara nyuma ugasanga barira ngo imiryango yabo ntibakunda ngo ntibakundira abana nonese ushaka mu muryango iwanyu badashaka cg mu muryango utagushaka ukibwirako bazemera abana bazakuvamo?urumva rero nyirabayazana w ibyo byose si imiryango ahubwo ni abo banze kumvira imiryango yabo ngo urugo ni urwa babiri ngo nibo baziyubakira nyamara nyuma mukarizwa n uko ngo imiryango itabakira cg itabagerera mu rugo nyamara ari mwe mwanze kuyumva yababwiyeko itabishaka ko mubana mwe mubirengaho murabana nta mpamvu rero yo kwitwaza ko imiryango itabakunda kandi ari mwe ubwanyu mwahisemo kubana itabyemeye nayo rero ifite uburenganzira bwo kutajya mu rugo rwanyu cg mu byanyu kuko nubundi ntiyigeze ishaka ko mubana. isomo ririmo hano rero ntuzigere na rimwe ushakana n uwo mudahuje kuko burya abana ntibaba bakibaye ab unuryango kuko ntago baba bahuje n umuryango kandi burya abadahuje ntago amaraso akururana ntibazakubeshye muba muri amahanga abiri,irindi somo ntuzigere ushakana n umuntu iwanyu badashaka cg iwabo batagushaka kuko burya iyo ushakanye n umuntu ntago uba ugiye kubana nawe gusa wenyine kuko uwo muntu afite inkomoko afite isoko avamo rero uzabana n iyo soko ye ntago uzabana nawe gusa niyo mpamvu utagomba gukora ikosa ryo gushakana n umuntu iwabo batagushaka cg iwanyu batamushaka ,mwigire ku ba kera sha hashakana n imiryango ntihashakana abantu babiri gusa ,iyi ni inama ku batarashaka,naho uyu mubyeyi niyihangane nta kundi ikosa yararikoze byararangiye nakomeze yiyubake naho abatarashaka bajye bamenya ubwenge bamenyeko gushakana bitagendera ku rukundo by amarangamutima ahubwo bigendera ku bwenge ukareba umuntu ko muhuje inkomoko ukareba ingeso ze ko zikorana n izawe ukareba ko imiryango yanyu ibashyigikiye ibi bintu uko ari bitatu nibyo by ingenzi mu rushako nibyo byubaka naho ibyo mwita urukundo ni ubuswa 100%biriya ni amarangamutima si urukundo mu by ukuri kuko ibitarimo ubwenge si urukundo,ukurikira amarangamutima birangira aririra mu myotsi yicuza ariko ukurikira ubwenge uwo aranezerwa rwose.
@l-ey3 жыл бұрын
@@sunward1490 Hoya uribeshye cyane. Njye Nashatse uwo tudahuje race kandi yambereye imfura. Umugani wa lucky Dube we are different colours but one people! Urugo rwiza n'umugisha uva ku Mana gusa. Ababyeyi, ubwiza, amafranga, ubuhanga si garantie kukuba uzagira urugo rwiza. Only God!!!
Komera wa mubyeyi we ufite ibikomere kbs, urimwiza pe.kdi kuba waraganirije uwo muntu mwari muhuye nintabwe yambere yokuruhuka kumutima, nubwo kujyeza ubu harubwo uvuga bikitwa ko washyize urugo rwawe hanze. Nyamara kuvuga biraruhura.gusa pole pole komera.sabin Imana ikomeze kuguha umugisha.
@jajaniyo44393 жыл бұрын
Ihangane ncuti yanje, niko bimeze, nanje vyambayeho kandi narimuto cane, nari naratumweko na familie runaka, nabimazemwo imyaka4, ariko ubu ndashima Yesu yabinkuyemwo ubu mbayeho nishimye ariko nize kumenya ikiremwa muntu uko kimeze, nacane cane mubihugu vyohanze,
@mariemwiza61553 жыл бұрын
😭😭😭😭😭😭😭😭 impore mama mwijuru har’imana niyo karuhura.
@mazimpakadative76663 жыл бұрын
Kumenya Yesu ntako Bisa
@niyoyitacharles11043 жыл бұрын
Pole sanaaa mama lmana izaguhoza ayomarira kandi umugabo numwana wuwendi
@JHappy-ph7vq3 жыл бұрын
🙄🤔ubwo buzima abenshi twarabubayemwo ncuti.ariko ugerageze ,umubabarire ..ukomeze nokwiyakira.pole sana mama
@claudinebigirimana54083 жыл бұрын
Ubugome buri kwinshi, Umugabo nubwo mwatana kandi mufitanye abana aragufasha basi nokubarera, abana nabo bakabona part ya se na part ya nyina, na participation muma activité de sport , muri loisir, mumissa, muri activité sociale.
@dreamgirl59513 жыл бұрын
Uyu mama ni ntore! Abandi bagore baragenda kuri tribunal gusaba child support! Naho umugabo yanse baca bayikuramwo muri salaire yumugabo direct
@justinemumu3032 жыл бұрын
Jacqui ntibyari ngombwa kuza kuri bose babireba .babyeyi mugerageze kugira ibanga .aba psychologue nicyo babereyeho barabyize mureke gushyira ubuzima bwanyu kugasozi. Mwibuke ko abana banyu babireba kandi ntibabishima. Nyuma wabanye n abandi bagabo muratana .mukobwa mwiza vuga uziga nibyo bupfura. None se koko umugabo uzajya utandukana nabo uzajya ujya kuri bose babireba.???????
@christinenyirarukundo68173 жыл бұрын
Wambaye neza cyane 🙌🏽🙏🏻
@mariendayisasirire89383 жыл бұрын
Ndashaka iyo bubu Jacky nayikunze
@nicolekalisa74833 жыл бұрын
@@mariendayisasirire8938 me too🙏🏽
@janenshimiyimana29243 жыл бұрын
Pole sana Mama abantu barabaye
@umutanguhagrace44533 жыл бұрын
Be strong nshuti yanjye.Uwiteka niwe womora ibikomere Jacky ihangane
@coucoubye1293 жыл бұрын
Aliko rero Reka kwizera umugabo cyane izere yesu niwe mugabo wukuli
@aliwest35073 жыл бұрын
Pole mama, ndakumva i Burayi habara abahazi si ahantu, uzitahire iwacu ni heza ntarungu rihaba . Uwo mugabo n’impumyi uburanga ufite Mana uwo mugabo nta mu noza azakwicuza atakikubonye.
@esperancemujawiyera79863 жыл бұрын
Irungu n'inzara hababaziki ?
@jeaninenahimana92242 жыл бұрын
Jackie pole sana ncuti, courage wanje, ndashim'Imana kubona nkubonye,nkaba nshimiye Isimbi TV yatumye nkubona nguheruka kera Buja muri primaire 🤗
@amazingtvshows52893 жыл бұрын
Yoooo disi uyu mubyeyi ari too honest Imana iguhe abantu bazima mubuzima bwawe my dear
@gapiramuhire2133 жыл бұрын
Uwomwana ukina football turamukeneye azakinira urwanda kdi mama azadufashe bikunde
@@tetarwanda3951 nukuri m chr nugusenga cyane niryobanga ryonyine
@girbeltopeacenelly96782 жыл бұрын
Uyu mugore ni mwiza cyane, jyewe noneho aranantangaje, uzi ko ari Queen of Beauty and Dressing mu kujyanisha, uri uwambere, wasanga n'ikariso isa n'imyenda n'isakoshi. Nkunda na none umugore wambara akanigi k'amasaro mu nda hejuru y'ikariso.
@j.inyange94593 жыл бұрын
Jacqueline uravuga ko uwagusaba gutaha wataha, ok sécurité et stabilité ufite aho Belgique wazibona i rda ? Izo aides babaha iyo mudakora, i rda uzazihabwa nande mu rda ? Komera uhahire abana ibindi wihangane si wowe wenyine uri muri iyo situation. Bangahe bifuza kuba i burayi babibuze ? 🤔 ngaho subiza nationalité belge usubirane ibyawe
Iyi nkuru iravangavanze yoooo ntamugabo nigeze nyuma ati umu copain wumunyamahanga oh nagaruye umugabo urumva inkuru ye ivanzeeeeee cyaneeee ntisobanutse nagato
@gasanafreddy27973 жыл бұрын
Yeahh ntabwo isobanutse kbsa
@dreamgirl59513 жыл бұрын
Yagaruye umugabo after 10 years kuko yari akimukunda surtout bafashanye kurera abana! Yaciye amureka uyo mu copain yari afise at that time! Nabwo azi kwisigura imbere ya camera! I think she was nervous
I feel you my lovely lady. U have suffered for sure ariko ubu umeze neza rwose ndabibona. Rekareka abarundi sabantu nibisimba especially iyo bashakanye nabanyarwanda nkuko arumugabo agashakana numunyarwanda. Urumunyamugish. Keep it up, Imana yawe murikumwe.❤
@@remesha i may have experienced it or not. Namwana nabyaye uzigera ushakana numurundikazi or umurundi. Sabantu nibisimba weeeeee very rude people 😥😥😥😥😥😢😢😢😢😢 imagine umuntu ugukora kuri kandi muri mugihugu cyubuhungiro. Mwakagobye gukorera hamwe.