Sabin, n’ ukuri ndagushimye cyane. Isimbi tv yabaye platform abanyarwanda bahabwa umwanya wo kwinigura. Abanyarwandabarababaye isimbi tv ni therapy. Abantu benshi bakeneye umuntu ubaha umwanya akbatega amatwi. Imana ijye ikomeza iguhe imigisha itagabanyije. Komereza aho muvandi.
@marieuwase47764 жыл бұрын
Sabin ngaho ereka ubu buhamya Eliane uvuga ko umugore ariwe utera ibibazo murugo , yimwereke ndakwingize agire icyo avuca kuri case
@hillgift77734 жыл бұрын
Marie Uwase @ ncuti ibyuriya jya wicecekera ngo utabusya abwita ubumera!!! Ariko harya buriya ni ubuki🤣 ni uburo ni ububuye nibuki?! Harabantu borohewe kuri iyi isi sha!!!! Niyihangane nicyo narenzaho
@marieuwase47764 жыл бұрын
@@hillgift7773 😂😂😂ugomba kuba ugira urwenya
@ntaganzwamuhirefidele62334 жыл бұрын
Eliane we mumwihorere sha!:UTARAKUBITIRWA MU KIRIZIYA( URUSENGERO) AGIRANGO SI INZU MUZINDI!!"" Ajye yinumira!!
@nadinedouceinkindi36884 жыл бұрын
@@ntaganzwamuhirefidele6233 hhhh
@picotgranet94974 жыл бұрын
@@hillgift7773 hari umugani baca ngo uhiriwe na bazimu agirango arusha abandi guterekera😂😂😂 uwo Aliane nawe ni umwe muri abo
Muvyeyi, iyo uri mubibazo incuti ni miryango bose bakuvako. Iyo uri mumahoro (ufite inoti) ukagira benshi. Aba Kristo bubu nta rukundo dufise rwaraheze. Imana iturengere
@musabyemariacecile50683 жыл бұрын
Ihangane mubyeyi. Warakubititse. Gusa ingo nyinshi ziraregetse kuko ababasha gutera intambwe bakavuga ni bake hari benshi bapfiriye muri Nyagasani . Abagore bavuze ibyingo zabo mwakwipfuka mu maso.
"Ngo umworo ntagira ijambo umukene ntagira umuryango"..niko abarundi bayamaze. Mwihangane muvyeyi,burya uko usanga tuva mu miryango ikenye niko umengo namhirwe mubuzima atabaho. Niko tubayeho. Mwigumye🙏🏿
@mugishayves71733 жыл бұрын
Ariko Abagore baragowe ni ukuri. ko bavuga ko abantu bahinduka, njya nibaza niba nzaba umugabo mubi gutya kuko numva ngo iyo abagabo bashatse bafata nabi abagore babo. cyakoza ngize ubwoba pe.
@rutsobekevine66274 жыл бұрын
Hey Sabin nkunda ibiganiro byawe but next time when u're interviewing people especialy wome!! it does not look gd at all when they are having running nose and tears bcz of being emotional remember to buy some boxe of tissues pls☝️☝️ beside of that ur'e doing a gd job.👌👌👌
@umutoniwaseclarisse41584 жыл бұрын
True
@lamartineakeza8874 жыл бұрын
Ariko natw abagore twiriyohereza! Kuki umuha umwanya igih uvyara yarahari?ronderera umwana waw niw mukunzi ufise ntu subire guhendwa nutw dufaranga avug uzi gusuka, gute yo gutesha umutw?subira umu bloc umwana waw umwerek famille yiw Hama ubandany ubuzima bwawe ,nawe agusuzugura kubera umurondera uti hagazeko azokwama agucira mu maso! Uri mwiza cane rondera ubuzima bwawe fata ww ko atakiriho!..
Abana babakobwa bose nabagira inama yo kwishakira imibereho yabo. Naho abagabo si abantu. Abarokore bo ni bisiness baba bibereyemo. Si umutima
@uzabakirihoemmanuel15514 жыл бұрын
Si bose muvandi oya
@lilianenyambo11043 жыл бұрын
sha ihangane peee
@lilianenyambo11043 жыл бұрын
gusa umugabo ukubita umugore uwo ntabwo aba akiri umugabo aba yabaye imbwa
@beamukeshi95704 жыл бұрын
Le femmes rwandaise sont libérées elles osent maintenant à parler leurs problèmes à l'époque elles cachent tout je vous félicitent murakoze cyane je vous embrasse très fort ❤💜💙
@imenagwenore73854 жыл бұрын
Mais la question que je me demande tjrs , est-ce qu'il y a une avantage en disant ce genre de témoignages ?il ya bcp des femmes qui souffrent dans leurs foyers mais préfèrent de se taire de peur d'avoir tué par leurs partenaires.
@beamukeshi95704 жыл бұрын
@@imenagwenore7385 pas avantage juste souffrir plus il vont mieux peut être parler avant de mourir ça ne sera rien de se taire.