Be strong Paccy. God loves you. Also forgive the father of your baby. Look ahead to the future. Love your baby. You will get a good and loving husband. A mistake is a mistake. Your past cannot define your future. Uri umukobwa mwiza. Kandi Imana iragukunda. Iyakurinze mubihe bikomeye izaguha ibyushaka.
Message yanjye kuki mwayinyonze???? Nabwiraga uwakoraga jugement ko atari byiza.murabishyigikiye se?Pacy nongere mbisubiremo courage tu vas t'en sortir va de l'avant. Tu as bcp appris alors personne n'a le droit de te juger. Un jour ton fils sera fière de la femme que tu es devenue. Tu es très très belle. Sabin mundekere message
Banyarwandakazi ijambo ego ntabwo ari ryiza nu kwica ikinyarwanda mujye muvuga yego
@zawadivanessa67754 жыл бұрын
Kbs abenshi barabivuga kd bumva bavuze neza
@s.m.91264 жыл бұрын
Cg ngo Hama?? Hanyuma
@bridgeofpeace56974 жыл бұрын
Cg ngo Natabizi🤷♀️
@zawadivanessa67754 жыл бұрын
@@s.m.9126 byanga kubi shahu cy ngo menya kd ari menya cy waba uvugishije umuntu cyane cyane igistina gore ngo cheri akantu kose ni cheri
@zawadivanessa67754 жыл бұрын
@@bridgeofpeace5697 kbs
@ishimomariemerci5684 жыл бұрын
Ndabona asa na Miss Guelda disii
@umutesifrancoise84004 жыл бұрын
Najye niko mbibona. Baseka kimwe
@inyangejuice21214 жыл бұрын
Not Guelda ahubwo mushambokazi niwe basa
@claudinefuraha89424 жыл бұрын
Cyaneee nanjye numiwe mwagira n impanga
@helenemarierobert85574 жыл бұрын
Nta wagutera ibuye, adolescence ni incontrôlable, kandi igitsina gabo baprofitiramo abo bana baba badafite contrôle.
@gagedamoursarusaru80794 жыл бұрын
Umukobwa mwiza kandi ujijutse bravo 👏 merci Sabin pour une autre riche histoire 🙏
@nzeyimanajeanclaude78764 жыл бұрын
Sha pasi uri umwana mwiza kd ukoresha ukuri sha wakubaka urugo rukagubwa neza
@RucaguBoniface-ct2qf2 ай бұрын
Fatiraho.
@eugenientihabose11965 ай бұрын
Uri intwari, uri umuhizikazi. Kandi nta kure hariho Imana itokura umuntu. Abo bana Imana ibitaho cane. Jewe vyaranshikiye ariko ibi uwo Mwana ni Dr USA. Humura Imana izoguhindurira izina. Gusa Ndiho azoguhe umugabo muzima atari uzoja aragutonek
@pinauwimana39614 жыл бұрын
Ntangi nshimira cyane Isimbi TV na bakozi bayo bose. Ibinganiro mukorana m' abantu batandukanye m' ubuzima birafa cyane. Bigarura umuco nyarwanda. Dabashimira kandi ndabasabira.imbaraga musici n' ubushyobozi. Imana ibarinde.
@isaacshumbusho97424 жыл бұрын
Imana iguhembere gutekereza kugira abandi Inama uhereye ku byakubayeho 🙏🙏🙏😭😭😭
@mendezapoccalypto75344 жыл бұрын
Sorry Pacy...courage kandi wicika intege...gusa twese nkabanyarwanda dufashanye..abana babakobwa bafashwe...kuko in my opunion...urubyiruko cyane cyane abana b abakobwa barasamaye cyane these days...so gye iyo mbibona mbona bisigaye biteye ikibazo, nukuri biteye ikibazo muri ino minsi...umwana muto w umukobwa ugize 15 aka bona taille (we nyine ara by ivugiye )"nabonaga ntasanzwe @14 , well abana bato batangira kw umva impinduka...mbona bisigaye biteye ubwoba pe...pls mureke dufashyanye. ariko sun chine wavuze neza..abantu nibakure amaboko mu mufuka.. abo bana bato baba kobwa ni bakoreshe amaboko yabo bareke gutegereza abagabo baba shuka...biteye isoni n abagabo/ abahungu..ibuka ko uwo mukobwa wangiza ashobora cg se ari mu myaka imwe na mushiki wawe..pls.
Ntimukavuge ngo umuntu yabyaye umwana mu buryo butateganyijwe. Umuntu siwe ugena cg urema hagena Imana hakarema Imana. Nta muntu wavutse kuko iwabo bamuteguye ni Imana imutegura icyo ababyeyi bagira ni ibyifuzo. Yashoboraga no kuba ari mariée ari kumwe n' umugabo aribyo mwita ko d'office biba byateguwe kandi ntibabone umwana. Ngirango buri wese azi couple imwe nibura imuri hafi yabuze umwana si uko baba batakoze ibisabwa ngo bamubone ahubwo Imana iba itarabigena. Ngo yakumenye utaraba urusoro mu nda ya mama wawe bavuze ngo ibyacu ni ibyifuzo gusa ariko ibindi ni iby'Imana niyo mpamvu iyo bibaye tugomba kubyakira kuko nta kiba itakemeye.
@allcheck61184 жыл бұрын
Uri intwari ,God loves you and you will live Inshallah
pole if every boy/man could treat every lady like a sister it can limit some bad adventures, you may think that you are having fun with that girl but when there is such things it affects many people, family and friends so be careful
@mugishaparfait39324 жыл бұрын
All might is there for u paccy....komera cyane amateka abereyeho kutwigisha kd nubyubutwari kuba ikiraro kubandi ubasangiza amateka yae ndibaza ko benshi bazakwigiraho byinshiii...the bleeding from God be upon u!!!%%
@agnesuwayezu67494 жыл бұрын
Kwizera kurarema umwana wumukire yabonye papa we ahembye umukozi umwana we yumvako agomba gukorera amafara naw kd ntiyibuka ko mubyase afitemo umugabane munini agenda kuba ikirara twibuke kugarukira imana mubyo yaremyedufitemo umugabane munini
I think the best interview is to tell your story very well and clear before giving any advice, the fact you are seating there says much, so my dearest don’t aloud speculation by being shy or shame because it is your story, your life. You are very beautiful and clever, you can achieve much by helping young people. your past mistakes makes your future decisions. the best way to advice young people is to be open, honest even when we sank low! I’m so sorry but Im still not satisfied, you have the very best stories and platform so please use well. I love you 😍
@niwemutoniangelique74424 жыл бұрын
Kuba atari kuba open ni uko n'ubundi atabyakira. Nabyo byaba ubuhamya, Niba Hari Igice cy'ubuzima uvuga uteruye. Ntako atagize no kuba yaje kuvuga muri public. Gutaanga ubuhamya ni ubutwali. Buriya kuriya atabivugaga yeruye, yihishira bigasaba Sabin kumubaza Des sous questions ngo yirekure naabyo bifite icyo bisobanuye cyabera n'inyigisho abato kuri we. Niko mbibona. Par contre Hari na desavantage mbona mu birekura bakavuga byose bisanzuye, hari ubwo bagusha ubumva mu kintu kimeze nka theatre ukaba warangazwa n'uburyo ateraa inkuru ntiwumve isomo ! Kandi nyamara bavugaga ubuzima bukomeye. So ndumva interview yose ifite icyo yexprima.
@niwemutoniangelique74424 жыл бұрын
Kuba atari kuba open ni uko n'ubundi atabyakira. Nabyo byaba ubuhamya, Niba Hari Igice cy'ubuzima uvuga uteruye. Ntako atagize no kuba yaje kuvuga muri public. Gutaanga ubuhamya ni ubutwali. Buriya kuriya atabivugaga yeruye, yihishira bigasaba Sabin kumubaza Des sous questions ngo yirekure naabyo bifite icyo bisobanuye cyabera n'inyigisho abato kuri we. Niko mbibona. Par contre Hari na desavantage mbona mu birekura bakavuga byose bisanzuye, hari ubwo bagusha ubumva mu kintu kimeze nka theatre ukaba warangazwa n'uburyo ateraa inkuru ntiwumve isomo ! Kandi nyamara bavugaga ubuzima bukomeye. So ndumva interview yose ifite icyo yexprima.