Nkurikije uko urimo uvuga wowe Mike. Ndakubonamo ibinyoma gusa gusa. From the little mentorship skills I have banza wige kuba umunyakuri Kandi ujye urya duke uryame kare. Kuko isuri isahira byinshi ikabura na duke igeranayo
@YvonneKaligirwa2 жыл бұрын
Noneho wumve ikiganiro cya Odette uwo mugore bari barabanye. Urahita wumva ukuntu uyu Mike ari umuswaganyi. Mike akwiye kwivuza.
@@zoepaul2463@ Nabikurikiye rwose,ark na none ndakomeza gushima Imana ko hatabayeho kwihanira ku mpande zombi.ubu tuba tuvuga ibindi naho ubuzima n'ishuri ritajya rirangira duhora twiga
@amanirutson63392 жыл бұрын
I don’t know this man ark uyu mugabo afite ikinyoma nuburyarya mumamaso ese ubundi koko mwebwe mushyize munyura bwenge urumva umugabo yagiye kuryama murugo rwundi mugabo inkweto akazisiga murisoro koko mutekereze kubintu byuyumugabo ubryo uvugamo ibintu birimo ibinyoma cyane
@mutabazididier18832 жыл бұрын
Urasekeje koko abantu arega bararangiye rimwe c cg kabiri ese noneho umugore uhakana marriags ye ngo ni aniversaire urumva ariwe urishyashya
@jeanafazari18642 жыл бұрын
Yebabawe ibi birakabije Mike we Imana irakuzi uri mwiza uriya ntiyari uwawe
@umwaliclementine47912 жыл бұрын
Kubwanjye uwo mugabo namugira inama yo kwisunga Yesu kuko niwe wamuha urugo ruzima rw'umunezero,ndetse n'ibindi birenze ibyo atekereza.
@alphonsengarambe42762 жыл бұрын
Ibyingo mwami yesu! Tabara imiryango
@jopraize14362 жыл бұрын
Kujya guhuruza mudugudu, police n'itangazamakuru ni ikigaragaza ko ivyo wakoze wabipanze ngo usebye umugore wawe wibagirwa ko ukuri kwawe kudahagije nyawe afite ukwe. Washatse gutwika birarangira uhiye! Ayo mateka adafututse mwibuka ko abana banyu bazayareba bakabagaya??!!
@gira1102 жыл бұрын
Wowe uri njiji mu rda Niko bigenda utabikoze hubwo wafungwa wowe uravuga byiwanyu burundi
@ajbgroup2502 жыл бұрын
Ahaaa numiwe pe mbegumugore washizisoni cyakoze Imiryango yikigihe nukwiyambaza nyagasani tugasenga nahubundi nahotugana pe
@nlambert692 жыл бұрын
Kugeza numvise version y'umugore nta kintu na kimwe nafata nk'ukuri mubyo Mike avuga kuko ntawivuga amabi ameza nayo ahari!Uriya mugore yakoze amakosa nibyo ariko ntekereza ko hari icyabimuteye n'ubwo atari impamvu yo gukora ibyo yakoze.
@mutabazididier18832 жыл бұрын
Ukeneye kumva iki umuntu ahakana ibyabaye ngo ni aniversaire
@bisteven1012 жыл бұрын
Pole muuvandimwe, ariko ushimire Imana kuko hari icyo ikurinze gusa komera. Ndizera ko Uwiteka azagushumusha undi mugore ugukunda.
Ntacyo mvuze wa mugabo we gusa nyuma yo kumva impande zombi washatse imitungo uyibuze utangira kwiyeza kumugore kdi amahane si ikintu kiza kuko umugore yemeye kugukunda akanakuzana mukabana mu kibanza cyu umugore izo 11M wari kuguramo ikibanza cya 2M ruguru ibweramvura hari hahendutse ubundi 9M mukazamuramo inzu nziza cyane plzzz murekere aho kwishyira hanze kuko hari amarangamutima ya bamwe muri kwangiza ibyabaye wabigizemo uruhare rukomeye
@josianeniyonzima1802 Жыл бұрын
Nukuri uwo Mugabo niwe avyiteye
@dukundepatience71422 жыл бұрын
Nuko dukomeza kumirwa!!
@alphonsengarambe42762 жыл бұрын
Patient dukunde Dukomeze kumirwa
@umutonichance85562 жыл бұрын
Kumirwa biracyakomeje
@ijwiryabatavuga67102 жыл бұрын
Komera Mike Muhima ,Imana Irahari kandi ntabwo ari impera z'ubuzima. Inama nakugira nuko wakwicecekera ntukomeze kujya mubitangazamakuru singombwa,nubwo ubabaye.
@odetteniyomusaba47892 жыл бұрын
Rekasha na bagabo bajye berekana ibibabaho kuko abagore baza biyita beza bose burigihe kubitangaza makuru sorry indaya nkuriya arazakuntuka
@mariejeanne49582 жыл бұрын
@@odetteniyomusaba4789 Nivyo p
@aimefamily88482 жыл бұрын
@@odetteniyomusaba4789 ushatse kuvugase ko abaza bavuga ibibazo byabo bose baba batababaye? Vuga make uri umugore ejo utazayabogoza uri kwishongora. Ese ubu tuvuge ko utajya ubona abagore bagowe bifuza no gupfa? Ako kuki muzira bagenzi banyu aho gushyigikirana? Ese wari wabona abagabo bandagaza bagenzi babo ko ariho mubera injiji? Ibyabaye kuri uyumugabo biteye agahinda gukunda indaya uzi ngo ni umuntu muzima. Ariko uyu ni umugabo umwe ubabaye kimwe nabandi bake cyane ugereranije numubare wabagore bagowe hafi yo kwiyahura. Uretse ko nabo ntabashyigikiye. Umuntu mukuru utabasha kwifatira imyanzuro mpaka arinze kugirirwa Nabi. Mike ihangane wahuye nuruva gusenya muvandi. Abashakanye bacana inyuma baba ari ibivume. Abantu bafite nabana koko?
Sinzimpamvu ndikubona mike hari side ye ariguhisha🤔🤔basi sorry😊nyagasani aguhe ibyo urikumusaba akakanya
@angekam78742 жыл бұрын
uyu mugabo si shyashya nawe,,,, ngo yanamukoye amafaranga menshiiii, nta mugabo muzima wavuga ibi, nta n umugabo muzima wavuga umugore we mu itangazamakuru....
Si ugushinyagura ariko story yuyu mujama sindi kuyizera. Sabin uzadushakire version yuriya mu mama kuko nta mugabo muzima birukana kuriya akagenda. Simbyemeye pe. 😞 😔
Pole Mike.Shima Imana ahubwo usimbutse urupfu. Byanashoboka ko n'uwo mugabo we waburiweirengero Wasanga Uwo mugore na Simeon baramwishe bakajunya Mu musarane Dore aho nibereye! AHUBWO RIB NIKORE ITOHOZA NEZA
@nyiratungawatunga1062 жыл бұрын
Si uko.
@donathauwizeye47792 жыл бұрын
Uragaragara nkigisambo pe ndabona utoroshye
@barakadonat56922 жыл бұрын
Murabeshya amaraso ya Jean de Dieu araje abagaruke!!!ahubwo nawe niba warabigizemo uruhare ba wishyikiriza RIB.
@barakadonat56922 жыл бұрын
Mbese mujye mwihererana abagabo banyu mubice ubundi ngo baburiwe irengero. Let ibyitirirwe ngo ishimuta abantu, Arimwe mwankunguzimwe ziri gukora amahano. Mike si ikibazo ahubwo iyo nzirakarengane Jean de Dieu.😭
@danmgakwaya28762 жыл бұрын
Hari abantu bagaye cyane Mike kuko ngo yabishyize hanze arko njye Mike namubonye nk'umugabo wihangana cyane. Sikubwawe Mike Ahubwo Imana iragukunda yanze ko urengana kabiri kuko wakabaye wishe uwo mugabo cg ugakora agatendo kabi bikagukoraho nawe. Ibi bintu bibaho cyane njye nzi ibintu bisa nkibyo gusa abakobwa bibirara batwiyoberanyaho tukabibeshyaho, bazadukoraho pee! Gusa rubyiruko dukwiye kwitondera cyane abo twibwira ko dukwiye kubana nkumugore n'umugabo Hari abantu babatesha mutwe badafite gahunda yokubaka bakeneye Address gsa ngo barubatse cg se nabagore cg abagabo bubatse arko ari ibyo kwizina gsa ntamutima muzima wUrukundo, kubaka no kurera urubyaro rwabo neza ndetse no guharanira iterambere n'ubusugire bw'umuryango. Imana nsenga ndayisaba Itabare imiryango nukuri kuko birababaje pee!🙏😢 Niba umuntu azi neza ko afite ingeso y'uburaya agumane uburaya bwe ariko areke kwangiza ubuzima bwamugenzi we cg ngo abyare abana bo kuvukira mukaga nkako n'amahoro macye mumuryango ashobora kubazanira kutitabwaho kugungira cg se kuba inzererezi zo mumihanda naza~mayibobo😢😢 Mike Sorry kabsa warahubutse gushaka Umugore nkuwo Urukundo rwaguhumye amaso Gsa Imana idutabare pee
@ikirezirehemu25282 жыл бұрын
Ikikigabo nikimyamitwe rwose
@chema59612 жыл бұрын
Igihugu cyamahoro c kikwemerara Kuba indaya ugaca inyuma uwo mwashakanye
@mutesimarcy89432 жыл бұрын
Muraho neza!!ndababaye ikimbabaje ngo wedding ya mukoreye ni birthday party koko ndababaye 🤔 gusa mike ihagane !I mama izakuburanira peeeee !!arandusebeje abagore twabaye ibindi bindi😩Yesu weee
Jye Chérie rwose nanyihere her secret ko ubushomeri aha ni ndaze 😆 nkaswe 3/4..Aniv my 🦶🏾 Pole sa kaka yangu ni bya mu vie 🤷🏾♀️ The Lord is your strength 🙏🏾
@niwemugenidonatille64332 жыл бұрын
Mike rwose pole sana!gusa nigeze kumva ukuntu umuntu ngo ashaka ari business nkagirango ni ukubeshya none ndabyiboneye! kurikirana ibyo wamutanzeho!nakwihakana nawe azerekana amafranga yakoresheje yubaka iyo nzu aho yayakuye!quand meme ntabwo waviramo aho ubutabera burahari bwiza mu Rda!gusa jya kure ye udatakaza ubuzima kko uwo si umuntu wo kubana nawe mu nzu!ariko yakuzijije iki koko!??gusa akweretse ko ibibonerana byose atari zahabu!ati ndatwite yavuyemo,ntwite indi!yabonye ukennye abana arakuragira!uwo ahubwo aboneza urubyaro niba utabizi ntamwana akeneye uko namwumvise!ariko se koko waraperereje usanga umugabo we wa 1 yaraburiwe irengero?
Ikibazo uyumugabo ninjajwa akantu kose yahamagaraga famille yumugore,ibyo nibiki banyarwanda,uyumugabo ndamukemanga arigukabya
@YvonneKaligirwa2 жыл бұрын
Ibyo byo ni injajwa mbi!
@gloriah45942 жыл бұрын
Pole nukuri Imana iguhe kwihangana nkumugabo🙏
@ramsonmugisha9612 жыл бұрын
Pole sana Mike ,. Ubundi abagore bameze nkuwo wawe ni benshi buzuye muri Kigali , ubwo nyine urize ubutaha uzahitemo neza nubundi gukunda umugore nk'uwo wari kuzasaza nabi ukennye , usuzuguritse . Courage bro abagore beza bariho mureke akomeze ubuzima bwe .
@shekadiane71942 жыл бұрын
Arikuvuga nkumuteka mutwe mumurebe mumaso neza c un farceur
@gogouwineza57042 жыл бұрын
Uyu mugabo yahuye nuruva gusenya pe Iyo umugore abaye mubi aba mubi pe niyo mpamvu burya tujye twemera ko ni ihohoterwa rya abagabo rihari .pole sana Mike.