Kujyana umuntu mu murenge si cyo kigaragaza ko agukunda, aribyo abatandukana ntibakabaye babikora,ahubwo aba yaguteye inda n ubundi atagukunda cg nta gahunda yo kubana na we afite.
@MPUNGANEWS Жыл бұрын
@@jeanbosco3728 ikibazo burya si n ibushobozi bw amafaranga, ahubwo umuntu ukunda gukora, utekereza,ushakisha,wakugira inama y icyo mwakora. Naho umuntu utekereza ko kubaho kwe kuri muri mugenzi we gusa biragoye muri iki gihe. Kuko n ubwo umwe yaba afite ubushobozi uwo wundi utazi gukora ntiyaburinda cg ngo abwongere, yagukenesha
@jinamajody Жыл бұрын
Mumezi abiri ndumva mwarahiye uhita ugarama. Hamwe nwuko yakurusha imyaka uri n'umunyeshule ndumva wari wahisemo guta ishule kugira wijyendere ku mugabo. Humura si ayo mahitamwo yatumye uca mubyo waciyemo ahubwo ni guko wabinyuramo uri na muto. Abana badukurikira babe bumva ko kwirinda gushira inshingano ku zindi mugihe baba bakiri mumyaka yo kwiga
Sabin ndashaka whatsap yaw tuzoganire. Remy from Burundi
@3bbrightbravebrain994 Жыл бұрын
Wa mugore we gito, ku ki warekuye abana bawe? Wishakiye kwiryohereza ariko abana ni nyina sha! Iyo umuntu akunaniye ashobokera abana? Ubwo abagore bararaga bamuhamagara baraje babarindagize wumirwe 🤭
@rebeccauwagirinka8975 Жыл бұрын
wamwumvise nabi yavuze ko abana bajya ibihe byo kuba kwa nyina cyangwa kwa se ariko bakaba bari kumwe kuko yanze ko abana be baba ahatandukanye .Igihe kimwe baba kwa se ikindi gihe bakaba kwa nyina.
@3bbrightbravebrain994 Жыл бұрын
Wongere wumve neza
@ntirenganyamatien8302 Жыл бұрын
gusa kurarana n'abagabo 2 kugitanda nibyo 1day or 1 week ariko njyewe ndumva warufite abagabo 2 gusa warakosheje pe nubwo warumwana ntabwo waba warabiganije Mama wawe neza uko Papa wawe yaba akaze kose ntiyatuma uryamana n'abagabo 2 kugitanda nukuri niyo yaba Ari Shitani ntiyabyemera