Рет қаралды 315,710
S.Lieutenant Ian Kagame ubu ni umwe mu barinda Perezida
Uyu musore ukiri muto mu myaka ariko mu bumenyi ndetse n’imyitozo ateye ubwoba
Ubusanzwe abasirikare barinda umukuru w’Igihugu, bagaragara nk’abafite imyitozo yihariye ndetse n’igihagararo gishyitse, kandi Sous Lieutenant Ian Kagame bigaraga ko abyujuje, yaba igihagararo gishyitse ndetse n’ibigango by’umubiri wuzuye.