Nta muntu ufite uburenganzira bwo gutukana mu ruhame nta ndangagaciro iba irimo,niba hari nikibazo ufite uko wambwira abantu ibyo bakosora udatukanye!
@Uw8110 ай бұрын
Nkeka baba barakuze ba se barataye ba nyina ntibatozwe gukunda ba se no kububaha .hari abagore bireraba abana bagahora babwira abana ubundi bwaba se umwana agakura yanga igitsina gabo cyose.Jolly nawe nkeka yarakuze atabona se ahari?
@angetesi528510 ай бұрын
Wambaye neza weee, uraberewe pee.
@הבלשלום10 ай бұрын
Mbese mwa nshinzi mwe z'abagore b'inkorashyano kuki ntumva mwita abagore babi ko ari imbwakazi mukura hehe ububasha bwo kwibwira ko mwatuka abagabo mwitwaje ko bakoze nabi?
@aishaumutesi994710 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@OlivierNTEZAMASO10 ай бұрын
Mukase, opposite ya muka ni se. Opposite ya se ni nyina . Ubwo rero mukase opposite ye ni senyina.😂
@IramfashaAnneghislaine10 ай бұрын
uraberwa san
@Hekima2910 ай бұрын
Ngo Ubwo rero nawe uravuze,abababaaaa
@dorotheuwamaria510710 ай бұрын
Ariko koko mwabaye mute koko?? Koko mubyo atubwiye, urumva nta message ifite isomo irimo???
@_trust999410 ай бұрын
@@dorotheuwamaria5107 usibye kuba naive... niki wigiyemo hano?
Noneho hari abagabo basahura urugo bashyira abagore basambana ngo bamwere ko ari umuntu mwiza. Hanze bamuvuga neza ariko mu rugo atagurira numwana bombo pe! Hari abagabo kabisa wibaza niba ari ubugome, ese baba bafite ikibazo cyo mu mutwe. Sabin iyi sujet irambabaza ku buryo byanteye depression na hypertension