Cyakoze bruce melodie arabahungabanyije koko 😅😅😅😅😅
@ake16583 жыл бұрын
Ark super manager yibonyemo iki☹️ si wowe si murumuna wawe mwese ntakigenda 🤨 ayo mashuri wirata ataraguhaye uburere n’ikinyabupfura ni mashuri bwoko ki 😒 ubundi iyo urenze uba urenze, Melody nimumureke ari class above 👌
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
@@karmakarma4372 ibaze wowe n ubwenge bwawe bucagase.😂😂😂
@roseflower73873 жыл бұрын
@@karmakarma4372 ubwose uvuziki?😏
@vestineuwiragiye88333 жыл бұрын
Umuntu ubona ko super manger ameze na yaka amurusha ikinyabupfura like hano kandi super gabanya ubujajwa melody ntiwapfa unajyeze aho ajyeze
Ngew mbona nt mutima mubi ugira arko urabura discipline p ni hafi yantayo p
@georgetusiime21053 жыл бұрын
Ibyo nibyo peee nanjye ndi umufana we ariko hano yakabije He should apologize kabs
@niyonsengajoselyne31093 жыл бұрын
Jyewe supa ndamufana cyane ariko hano hoho mpise mwana rwose gusebya undimwana ngo ninjinji koko ?
@sosojully61303 жыл бұрын
Nidispiline yumugabo 🤔
@ubumweubwiyunge85173 жыл бұрын
Utazi ubwenge ashima ubwe. Kuvuga “how do you do ?” Ngo niko kumenya ubwenge ! Uzi injiji ziba mu isi zivuga icyongereza ukuntu zingana. Uyu mu type niwe munyarwanda wa mbere wiyemera ku isi, mubo nzi. Ubundi yagiye avuga ikinyarwanda, aho kwiha rubanda avuga igifaransa n’icyongereza bipfuye.
@fridausissajohn28803 жыл бұрын
Super sinkunda ukuntu uvuze ngo ni njiji turagukunda ariko ntukanjye uvuga amagambo atari Meza Imana iguhe umugisha 🙏
@gilbertsimbikangwa72583 жыл бұрын
Atangiye kwiyemera
@semutochristine6883 жыл бұрын
@@gilbertsimbikangwa7258 rwose ibyo sibyo. Ubgo s arusha iki Melodi. Uri inkunguzi wowe. Urumnva ukuntu amutuka kweri
@TreyMax3 жыл бұрын
arko na Bruce yita abandi uko ashaka
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@patitipatitic38143 жыл бұрын
Bande se? Urumva Melody atukana?
@ingabirenadine4293 жыл бұрын
Ukwiye kujya iwawa kuko urutwa na mayibobo iryama mu kiraro cya nyabugogo. Uri umwanda nibyo uvuga ni umwanda gusa. Bruse melodie komeza utsinde👍👍
@rafikipatrick95523 жыл бұрын
Umurushije iki x buriya ntaho mutaniye pe iyo umunenga ukicecekera ntube nkawe Displine iba ikenewe Mama
Ariko super ndabona agiye kuzima kuk asigaye atagira indero mugutuk abantu ukombibona mélodie ntakwiye nokwishura ivyo super yavuze
@ezrankeshimana29343 жыл бұрын
Nta mwanya yabona👌🏿
@anithauwimana49803 жыл бұрын
Hhhhhhh uko ateye si ubugom niko nkeka ariko abantu benshi babaye munka cyane bavuga bishongora disi ntabundi bugome
@emeryininahazwe36663 жыл бұрын
Super niwivugire nyne mugani wa riderman naw ufise hit kur intervieu ino Burundi tukuzi ku isimbi gusa nayo indirimbo dutamba nizicamamare bruce melody ww umuzik wureke waranse
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Super ntakintu afite, cyakoze imyaka yo arayifite hafi 50. Ariko ubwenge buracagase. Super uruwo gusengerwa
NTUZAGAMBANIRE BRUCE MELODY DORE KO BIGEZWEHO KANDI WAMWIHAYE☝️URITWAZA SITUATION YA MEDDY NA THE BEN NKAHO UBITAYEHO🙄🤔GASOPO☝️IYO MICO MWIHARAJE SIMYIZA MUKIZWE
@aquariumw36883 жыл бұрын
Itahiwacu yazamiwe na Nyagasani uyu siyamusubiza hasi habe namba nishyari rimuzana kuri social media kwirirwa avuga Melodie gusa gusa nkunda ko Melody atajya amusubiza amuseka gusa
Super manager uricyigoryi wa cyomanziwe Bruce melody 💙 niyoko niso wamukuye mururwo rugambo rway ubona harya uriki mugihugu umenye ahowavukiye nicyakujyanye cyangwa icyajyanyeso nakogasuzuguro kanyu wabwawe
@mmroxy21873 жыл бұрын
Abagaye super manager mutere agatoki!! Nukuri harimo no kurengera pe! 😢😢😢Usuzuguye Melody urakabya kbsa! Cool down Mehn!Ubuzima ni gatebe gatoki!!🤔🤔🤔🤔🤔🤭🤭🤭🤭
Watangiye tubona uri umuntu usobanutse ariko uri unjiji yigendera ubundi utuka umuntu ute utamutunze Bruce melody ni umuhanzi twemera Kandi utiyemera nkawe abagushutse n'abakubwiye ko usobanutse ariko niwo kontorora uzasanga usobanye
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Yatangiye nabi rwose. Yatangiye asimbuka ibere rya bigogwe umbwire ikintu kizima super yigeze avuga
@tuyisengesamuel1723 жыл бұрын
Uko nukuri burya utazubwenjye ashima ubwe naho ubuzi agashima abwabandi
@semutochristine6883 жыл бұрын
@@tuyisengesamuel172 ubgenge se nta discipline ni 👎👎👎
@tuyisengesamuel1723 жыл бұрын
@@semutochristine688 super nice fake sana mn nabyoyize ntacyo bimaze agisuzugura aboyita ko batize kd Bruce yarize sinjiji ahubwo ubujiji bwa super ntagipimo bufite umvugo zuzuye ububea gusa nagasuzuguro!!
@merissambabazi79683 жыл бұрын
How do you live and what do you live for? That question for un educate people 😩😂 afite agashyari burimunsi sbashaka competitions, uyumugabo afite ubujiji bwishi ariwe .avanga vanga ibintu nawentazi ibyabavuga:( arisebeje agirango arigusebya Melody. ubwenge arushya Melody nubu?👎😳😂
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Afite ubwenge bucagase nashake azisubirire kuragira kuko nibyo bimubereye. Nta burere ntago muri iki kinyejana.
@@supermanagerhuuukwiyemerah4044 ashakisha attention kungufu, izinadye nibushati super manager se uyuyama managing nde? Ninakabi maze karanabeshya.🏃🏽♀️🏃🏽♀️
@merissambabazi79683 жыл бұрын
@@bisimwamaurice7264 kabushati karakabije karishumbukuruje kati reka nvuge Bruce Mélody ndaba mbikoze 😳🙄😂😂
@cyubahiroemmanuel3043 жыл бұрын
Nooo Displine No competition to king 👑 melody
@youngflyisco52423 жыл бұрын
Ahubwo nsanze uyu super manager ariwe ushakira hit kuri Melody. Kwirigwa usakuza gusaaa tokaaa 😂
@lodana25753 жыл бұрын
Nta munsi aja mur intervier ntavuge melodie ham wirata itunga nuwahamvy isuk n'ubukene yarayizuy ayicish ingero uri kw'isi isi irakubona
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Erega Melody ni hit. Uyu mukaritasi se ninde umuzi. Reba za ndirimbo ze zimazw imyaka iruta iyo Melody amaze avutse views zifite
@patitipatitic38143 жыл бұрын
Arazigira se burya?
@merissambabazi79683 жыл бұрын
Uyu super manager ari very disrespectful 👎👎 yavuze byishi kuri Melody, none yamwise injiji, nibindibyishi. Big up To Bruce Melody keep making us proud 🥲 we love Bruce Melody ❤️❤️
Ubuse kweli Super urunva ibi uvuga bifasha iki abanyarwanda.
@dansial78953 жыл бұрын
Pwaa C'est fini😕😕 uruswende n'igiki mwa bantu mwe🤭🤭🤭🤭 nibwo bwa mbere mbonye comments zikwiyama wa mugabo we😱😱😱😱 amashule se yakugeza hh udakoze 😒😒 genda Uri sans discipline 😵
@yanisbebeto92083 жыл бұрын
Ahubwo niyongera tuzanamuvuna iyingegera gusa😮
@janemk77843 жыл бұрын
Urumva mu kuvuga kwe ko ari inkirabuheli.Nta kinyabupfura ahubwo afitemo ubujiji ariwe.
@dansial78953 жыл бұрын
@@yanisbebeto9208 nukuri pe hakuvuga ubujajwa nkubwo ngubwo waceceka🤢
@mr.triplen46383 жыл бұрын
Ni umumbweti kbsaaa
@mr.triplen46383 жыл бұрын
@@janemk7784 Exactly
@cadet14643 жыл бұрын
Sabin iki giganiro kuki wakitweretse??? Bro ntidushaka super again hano plz guys turarushe nogutuka mélodie wacu
@anithagiramahoro55883 жыл бұрын
Disi warasaze super nawe siwoe ahubwo turagusabira😭😭😭😭
@nirereornette94693 жыл бұрын
j’ai le pleuve🤣🤣🤣🤣🤣uyumugabo mumujane kumuvuza ndabasavye🤣sabin please ushaka ko tuguheba uzogume utumira supermanager nta displine afise nukuri
@jeanboscontawukuriryayo6273 жыл бұрын
Kwibeshya bibaho si ururimi rwacu sha wimwiha sigaho!
@johndakar91633 жыл бұрын
Ubundi super jye namutahuye kera,numwe muri babatutsi babahezanguni bamwe baziko ngo imana ibakunda kurusha abandi ,ngo aribo bavukana imbuto zo gutegeka 🤣,ngo ibyiza byose nibyabo ndetse nikimenyimenyi uzumve role model we ngo ni (kagonyori) mbese super Ari mugatebo kamwe na (TOM NDAHIRO, INGABIRE MARIE IMMACULEE, YOLANDA MUKAGASANA,INGABIRE EGIDIE BIBIO,JEAN DAMASCÈNE BIZIMANA)n'abandi bantu bimbwa batereye Aho bumva ibyiza byose byaba ibyabo ,gusa ndashishikariza abantu cyane cyane abahutu nabashingwacumu Bose kuba bareka bakanava kumbwa nkizi
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@@blacclivesmatter4637 akora iki se ko nta nakimwe ni ukwirirwa yivuga gusa. Sha naramwiyitiriye kubera muzi neza ngo njye munyomoza, mfite nibindi nzi kuri we nakomeza kurengera nzabishyira hanze
@blacclivesmatter46373 жыл бұрын
@@supermanagerhuuukwiyemerah4044 uziko bikaze. Nonese yaje aturutse he? Yamenyekanye biturutse kuki? Njye mubona mu ma interviews hano youtube gusa nayo sinyareba ngo nyarangize kuko mba numva avuga ubugoryi gusa
Nta gapime kbsa, ntiyanafungura udushumi tw'inkweto za Bruce
@antoinettempaimana27243 жыл бұрын
Merody hejuru
@roseflower73873 жыл бұрын
@@mr.triplen4638 aba ari kumuriraho hit
@letsevolve49073 жыл бұрын
Uyu mujama ateye iseseme!!! Sabin nawe ndabona aba yahawe umufungo ngo ntamubaze ibibazo kandi ngo yemere amafuti yose amubwiye!! Ifaranga ni hatari walahi...
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Super umuziki waramunaniye. Kdi ashaka kumenyekana yirirwa yiyahuza ibigambo, kdi nta bafana. Views agira ku ma channel atandukanye agora arebwa n abantu bamwe
Nimba youth of Rwanda are inspired by Super Manager vyukuri Urwanda rw’ejo rufite ikibazo
@himbazatv51443 жыл бұрын
Caneee
@imenagwenore73853 жыл бұрын
Ariko ndabona Super ari kubicurika niwe ari kugabuza kwizina rya Bruce melody Ntakindi akivuga muri Interview ze atari Melody! Melody ari kugukorera umuti murino minsi
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Melody yakoze kera. Iki kigabo cyo kirirwa kivuga ubusa. Imyaka hafi 50 utaragira ubwenge ni ikibazo
@philbertmutayinka25133 жыл бұрын
Avuga melody kubera ari gushaka kuzamukira kwizina rye
Yabiteje ndaq, ariko Merodi muramwemera kweri. Erega wa super ni super star. Mujyemumwubaha cyane. Mwese nabahaye twa likes guys.
@aquariumw36883 жыл бұрын
Melodie arabizi kuyu abashaka kumuzamukiraho ntakindi ...ubukoroni bwuzuye mumutwe wa Super Manager umuntu wumva ko uzati Anglais ntaho warenga buriya se iriya ye yigikonyine yayirengana mu Rda harya imumva nande ko yarutwa nutayivuga haha
@kezahosine15293 жыл бұрын
@@aquariumw3688 super urakabije p uuratuka umuntuwumugabo witunze ngo ninjij ntasoni cyerek niba ahajyez harinitafari wamushyiriyeh super ndakwanze kurushah gus iga kubah ntugasuzugur umuntu udatunze ukus gus
Arikina gusa ubu se we yize angahe koko mbere yuko abwira abantu ngo ninjiji
@richardbukuru24143 жыл бұрын
Mubuzima ujyuvuga uziga nibwombwenge super manager naho ubundi ntiwarezwe rwose
@Reine2573 жыл бұрын
Ubwo ushaka kumurirah hit😂😂😂😂😂😂Bruce yubahwe ntabwo mungana reka reka ntukarye unamwigereranya 🤧🤧twe turaba ibikorwa bye aho bimugejeje wewe ibyawe nabyita ko aramahirwe wagize 😂😂nayo Bruce yarabikoreye arabirondera arabironka agira ihirwe ariko ari talented ❤️✍️akose wewe talent yawe irihe?😂😂😂😂
@semutochristine6883 жыл бұрын
Bruce melodi ahubgo numuhanga cyane kubona kugeza ubu ataragusubiza. Ahubgo niwowe njiji cyane. Mu gifaransa baravuga ngo: on reponds un imbecile par un silence. Jya muri gogle translate kuko ntiwabyumva. Bruce yubahwe
@nteziryayojeandedieu35213 жыл бұрын
Utuka utamutuka aba yituka uko wita melody nibibi umwifuriza ntago byahagarika umugisha we
Super naho yakora arasuzugura nokwiyemera aravuga agiye kuzamera nkaherode mbega Bruce merode ndamwera kundirimbo super niyanamukurikira ndi America 🙏🇱🇷🇨🇩
Super twamufanaga ark arikugenda yangiza izina rye asebya byagenzi be rwose ibintu byo gusuzugura abantu bireke sibyiza
@chezzosirballo88523 жыл бұрын
Super yaje yahaze zanzoga yamamaza
@mikamika120393 жыл бұрын
Umenya harimo nakakantu ko kumugongo w'ingona sigusa.
@tiinspiretv4823 жыл бұрын
Super yaje yayikuye mu icupa none dore imukuye mubagabo🤣
@dieudonnenahimana77973 жыл бұрын
Runashaje
@josephniyonsaba71873 жыл бұрын
Sha yabiteje tuuu. Mwese nabahaye utu likes guys.
@jeandedieumuhire57463 жыл бұрын
Uyu mu type yagiraga ibitekerezo ariko ari arrogant ndetse ishyari rizatuma agwa hasi. Kbsa natagabanya azajya ku rwego rw' ibitekerezo bimwe na Yakamwana
Ndagusabye uzasabe Bruce mélodie imbabazi uvuze nabi pe kandi nangendumufana wawe nanga ikintu cyagukuraho icyubahiro turagukunda rwose ariko kuvuganeza abandi nishema super uzabireke pe
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Bruce ntamwanya afitiye iki kigabo gisaziye ubusa.
Uwo mugabo, nakure ngaho ivyo bintu vyiwe naramugaye kandi Nubu ndamugaye, ivyo wize n Imyaka ufise igupfuye ko ubusa
@amazonclearing39583 жыл бұрын
Super Manager ndamwemera sana mbona ari Intergent sana nkunda gukurikirana Speec ze God Blesse you Brother Ujye ubonera aho abandi baburiye muhungu wanjye ndi umusaza nitwa Dieudonne Gikondo Magerwa Compony Amazon C&F Ltd my Adress
@andersonndabishaka76783 жыл бұрын
Super manager nikimara kbs maze kumurambirwa
@flawlessmyles3 жыл бұрын
Being old-timer doesn’t mean to have wisdom! This man act bossy and put others down , what hell! A successful man is a man with a good character , and I think he doesn’t know the definition of success, but lemme give to you the meaning of it: success is to measure by what you do compare to others instead to finish what you have assigned to do, you can beat the iron but start punching hard but through matching the conscious and subconscious mind you control your temper. They said fool are those who think they are too wise enough to stop learning and the enemy of success is not failure but success itself, when you give a man a power, man and sex you will know who he is. This niga freak out my mind as if he is peachy. No way man , your words describe how you’ve parented and how good you can show respect to others, nothing is harder than riding a horse in ocean when you’re wasted. As man’s heart as he is . Be the agent of change and live the life that impact others mentally, physically , financially and emotionally even spiritually . Am Dr. Myles
@lubayilouis67813 жыл бұрын
Iyi mbwa ngo Ni super magambo....yo yizehe..nobyongereza bipfuye amaso,🤔🤔
@tuyisengesamuel1723 жыл бұрын
Sinkibyo iriya English avuga wayitana kurinde?
@lubayilouis67813 жыл бұрын
@@tuyisengesamuel172 ati brazza from another Mazza😂😂😂😂😂😂iyi mbwa rwose sinkunda ukuntu yikinisha isebya abantu knd arinturage araho!!
@tuyisengesamuel1723 жыл бұрын
@@lubayilouis6781 nagende yarakotoye!!
@tuyishimebaptiste54523 жыл бұрын
Mwiriwe neza, Njyewe iki kiganiro kirambabaje pee. Gakumba Patrick yitekerezeho..
@hakizimanajimmymark23603 жыл бұрын
Uwo mujama arotaa asinziye Bruce ntago wamufungira inkweto wangu wowe urumumotsi gusa icyindi jyugira icyubahiro urumutindi sana
@emmanuelmuramutsa32373 жыл бұрын
Super manager nta ndero nimwe agira rwose niba ari amashuri urata udafite discipline yaba ari ubusa kandi nizo ndimi ntabwo twazivukiyemo kuzimenya rero numva utari igitangaza
Stop those no sense brother. 🤝🤝🤝🤝mukore nibyo byambere peeeee
@milkcollectioncenter63673 жыл бұрын
Uyu mugabo Ngo Ni supa mbona Ari Nyarubwana atuka merodi ubundi bapfa iki Koko Sabin uzatubarize icyo ahora merodi gusa supa ngabanya urwangano no gutukana Mbona uri umugome wanakwica kuko uri kwica merodi Kandi uri kumwica police irebera sinzi ugushyigikira mukugira ubutindi kwisura iripfura ariko kumutima uri umutindi rwose
@reneleking35623 жыл бұрын
Uyu mugabo afite imvugo mbi kandi ni umunyeshyali arwaye Melody. Ubwo rero super something uzagaruke aha usabe imbabazi ku mugaragaro Melody kuko umutukiye ku mugaragaro kandi ni umugabo witunze ntumutunze.
@lianal41003 жыл бұрын
Super manager nta ndero pe agaragaje ubushumba 🤣🤣🤣ari inama nagira melody azamwereke ko discipline utayiga ukuze super manager uuuu sabin uuuu Robert uuuuu🤣🤣🤣🤣ubundi ikizima kimuvamo nikihe ahora mumagambo amwe 🤮🤮🤮