ufite ubuhamya bukomeye gusa byose nu mugambi w,Imana kugirango abo bana mwabyaye baba vukeho wowe nawe ako kantu mukavuga muri beshi ko ko kuvugango aho gutandukana wa pfakara ni bibi kuko ibyo abantu bakuvuga bifite agaciro gacye kurusha ko papa wa bana yaba riho cg mama wabo kuko ubwabyo abana baba babona ababyeyi bombi ikindi nonaha harigihe umwe adafasha undi kubera ubushobozi cg ushake bucye ariko isaha nisaha imana ikora ibitangaza kuko ntawanga uwo ya byaye
@uwineza-Angelique3 күн бұрын
Umugabo wa Carine avuga yitwa Fredy
@uwineza-Angelique3 күн бұрын
Carine ntabwo nibaza ko yabeshya imbere yimbaga ingana gutya
@yzi5593 күн бұрын
Rwose ntawusohoka murugo asetse pe Ariko nanone kuvuga ko washenye useka nkaho ntacyo bikubwiye nacyo nikibazo.uwasenye aba yatsinzwe tutitaye kumpamvu yabiteye.none watsindwa ukishima?
@ariellamwiza979514 сағат бұрын
iyo uhuye na kristo aragusetsa cyane ibyakubabazaga akabitwara ugaseka nonese dear usenye ukanisenyesha umubabaro waba umariye iki abana bawe