Mubyange mubyemere Yesu Kristo yarabambwe,arazuka asubira mu ijuru mu bwiza bwe kuko ariho yari yaravuye mbere yo kwambara ishusho muntu. Ni Imana azahoraho. Niwe nzira n'ukuri n'ubugingo. Ntawe ujya kwa ku Mana Data atamujyanye. Ababihakana bazasenge basabe Imana Data igire ibanga ibahishurira.
Imana ibampere umugisha! Yesu Kristo Umwami bita Massih Issa, iyo Adapfa ngo Anazuke, nta cyo Yajyaga kuba atumariye kuko ibihembo by'icyaha ari urupfu; akaba igihano kiduhesha Amahoro cyarabaye kuri We. Mbese bya bihembo byacu by'urupfu, ni We wabihembwe mu kimbo cyacu, akaba ari na yo mpamvu Yitwa Umucunguzi wacu! Ni Umushumba mwiza wapfiriye intama Ze, si iza Se! Muri make Yigize Umuntu adatakaje Ubumana Bwe! Ni We Imanweli bisobanura Imana iri kumwe natwe. Ubu rero Ntakiri kumwe natwe, ahubwo Ari muri twe mu ishusho ya Mwuka Wera iyo tuvutse ubwa kabiri mu kwizera Amaraso Ye, mu kwihana ibyaha no mu kubatirizwa mu Izina Rye (Yesu Kristo). Ni We ya Ntama Nabi (umuhanuzi) Ibrahimu yasogose igacungura umwana we Isiaka agataha (n'ubwo Abayisilamu bavuga ko yari Ishimayeri).
@thevoiceofthesign55924 жыл бұрын
Impamvu mutazi nuko mutaramenya, kandi impamvu mutazamenya nuko mutabigenewe. Mwe muravuga yesu ariko njye sinizera yesu ahubwo nizera Umwami Yesu Kristo. Uwo rero muvuga koko nuwanyu ntiyababwe kuko ntambaraza yari kugira zamuzura. Uwanjye rero byamubayeho kuko nizera Umusaraba kandi Yarabambwe arazuka. Mujya mubitabareba ntimwasobanukirwa
Yesu kristo ni Imana cyane ubyemere cyangwa ubyange.mwi ijambo ry’Imana ari yp Bible yera (Holy BIBLE) muri Yohana 14:6 uravugango Yesu aramubwira ninjye nzira nukuri n ‘ ubugingo ntawe uzajya kwa data ntamujyanye. Ukomeze umurongo wakarindwi havuga ngo iyaba nwaramenye muba mwaramenye na data .uhereye none muramuzi kandi mwamubonye.usome Matato16:15 usome nanone usome ibyakozwe n’Intumwa 4:11,12.usome nanone Abakorinto na mbere 12:3 haravuga ngo nicyo gituma mbamenyesha ko nta muntu ubwirijwe n’umwuka W’lmana
@utina50524 жыл бұрын
Ukomeze usome icyo gice abakorinto ba mbere 12:3 Nukuri Yesu kristo akugirire neza kandi ukizwe wakire unwami Yesu Kristo mumurima wawe.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@utina5052 ntaho ndi kubona Yesu ubwe yiyise Imana nk'uko yiyise INTUMWA Y'IMANA cg se Umuntu None se iyo mirongo natanze haruguru ni ibinyoma? Cg gira ukundi uyinsobanurira bihabanye n'ibigaragara ahubwo sinzi muvandimwe niba wasomye neza iyo mirongo.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@utina5052 naho Yesu kuvuga ko ariwe nzira n'ukuri n'ubugingo! Ni uko utazumva ubutumwa bwe adashobora kugera ku Mana koko! Kuko ariyo yamutumye, kandi koko umenye intumwa neza akayumva aba amenye uwayitumye!
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@utina5052 Wansubije nkaho hari ijambo ryanjye na rimwe riri muri iyo mirongo kandi yose iri muri Bibiliya!.
@winshmhn11644 жыл бұрын
Umwami wanje Yesu yarabambwe, naho We ata caha yakoze, arapfa arazuka, Yicaye iburyo bwa Data!
@byishimoobednday7794 жыл бұрын
Amen
@lesbeautyglory28694 жыл бұрын
Amen Amen Amen 🙏 ni ko kuri kuzuye
@nkubitojaffar5584 жыл бұрын
ni byo yesu ntabwo ya babwe mbay uwamber bwemey yesu ari mwijuru kandi aza garuka kwisi
Bibiriya irimo amagambo meza ariko ikaba irimo namagambo ya muntu bitewe ninyunguze bwite
@ayaanradjabtv30964 жыл бұрын
Isimbi tv Kora umuti in shaa Allah murwanda basobanukirwe neza Islam Sheikh Ashraf Allah agume kukwongurera ubumenyi ndetse nokuramba ucyigisha abantu kumenya neza ukwiye gusengwa
@MrFaajn4 жыл бұрын
Ni wowe se man ushyizeho iyi comment? Papa Queen?
@uwamungucansilde41084 жыл бұрын
Muri Luka 28-35 Kamvuge ku mu rongo urimo Simiyoni aravuga ati"uyu ashyiriweho kuba ikimenyetso kigirwaho impaka"mujye muvuga muziga kuko ubumenyi bwa muntu ntibwemera ark Kristo yakwihuriye wagaruka unyomoza ibyo uvuze,Yesu ni Umwami wacu kd satani akorera mu biyita injijuke kugira ngo bahakane,Yezu abihishurire gs nkeka ko ataragufata uvuga uko ushaka.
Maa Shaa Allah, I can't wait kojyere kubumva sabin uzojyere ubazane kuri icyo kiganiro azakoresha imirongo ya bibiriya nawe uzemera kbs, ubusilam buraryoshye kweli😍😍😍😍😍
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
1 Timoteyo 2:5 BYSB Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w'Imana n'abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo .YESU NTABWO ARI IMANA AHUBWO NI UMUNTU AKABA INTUMWA Y'IMANA.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@angelique5867 Yego bakubrize uwamuteye inda kuko Imana ntiyiyiziye kuri Mariya ahubwo yatumye Malaika Gabriel 😀 umbwire nawe ubwo nyir'inda ni inde?
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
Kuko uwabonanye na Mariya ni Malaika🤗
@solangemunezero61203 жыл бұрын
Thanks isimbi we love you so much from NEW YORK
@kwzrvivanHamza2 жыл бұрын
Balaq'allah feekhum bwana walimu wetu , mnasemesha ukweli kbs, ubundi abantu batazi umu Islam babwibeshyaho, ntbw Islam ari abicanyi no. Thex sabin
@shirikaniyonkuru65604 жыл бұрын
Aba bagabo bazi ko aribo basomye ubwo ni abahanga mugusoma! Ni bageze aho!
Muvuge muti: twemeye Nyagasani ALLAH n’ ibyo twamanuriwe, ibyamanuriwe Ibraahiim, Ismaa’iil, Is’haaq, Ya’aquub n’abamukomokaho, ibyahawe Muusa na Isa n’ibyahawe abahanuzi biturutse kwa Nyagasani wabo. Nta n’ umwe tuvangura muri bo, ni na We twicishaho bugufi.
@kabanamary4534 жыл бұрын
Ubundi Agakiza kabonerwa k'Umusaraba kandi ntibawemera ubwo rero kuba bazi Yesu ntacyo bivuze keretse bemeye ko yabambwe akazuka mubapfuye
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
Kwemera ko yabambwe akazuka, ntaho bihuriye n'imyemerere imushingiyeho inashingiye ku Mana yamutumye! Icy'ingenzi ni uko atari Imana akaba ari Intumwa yayo akaba n' UMUGARAGU WAYO.
@landrymuzima25344 жыл бұрын
Munsomere musigur icyo Muhammad (SAW) yavuze hano Surat 7:158 Surat 19:33 Izindi nzazizana ni biba ngombwa
@asiaabdala7374 жыл бұрын
Asalamawalaikum walahamatululah wabalakatuh save nakundaga isimbi ariko byarikubye ndabakunda cyanee cheikhe wacu turamukurikira ijana will jana numusaza wacu Allah abahe ibyiza byari jana 🥰🥰🥰🥰
@laurence79614 жыл бұрын
Mu mateka y'iyobokamana ( histoire de l'église) by'umwihariko amateka ya kisilamu, mwibuke ko muri Orient basengaga ibigirwamana byinshi dont l'un s'appelait allah. Muhamadi icyo yakoze ni uko yishe abanze gusenga allah. Icyo yakoze ni uko yashoboye guhindurira abantu ku kigirwamana kimwe gusa. A bon entendeur ,salut. Bantu b'Imana, ndabinginga ngo musenge Imana , izabasobanurira byose. Consultez bien un ancien sataniste qui s'appelle Jonas Lunkutu Mpala. Azababwira byinshi. Arahari kuri KZbin.
@godfirst58994 жыл бұрын
Kandi mubihe byanyuma yesu ntazareba amadini azareba imitima yacu nibyo twakoze muli iyi si ubundi agende afata muli buli ibyo twita amadini abazaba balitwaye neza yesu atugilire neza Amen🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
@nurarich49454 жыл бұрын
God First ubumuntu nibwo bwambere ntawuzakandagira mwijuru nta bumuntu yigeze agira.
@anetkantarama Жыл бұрын
Yesu azabihishurira kandi muzamenya byose. disepline mugira yiba mwayongeragaho kumenya yesu numwuka Wera
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
✍YESU NTAZI BYOSE, NTASHOBORA BYOSE, SINAWE UGABA IJURU🛑 ▪︎Mariko 13:32 = “Ariko uwo munsi cyangwa icyo gihe nta ubizi naho baba abamalayika bo mu ijuru cyangwa UMWANA W’IMANA keretse Data”. ▪︎Yohana 5:30 =”Ntacyo mbasha gukora ubwange ahubwo uko numvise niko nsha amateka kandi ayo nsha ni ay’ukuri KUKO NTAKURIKIZA IBYO NKUNDA UBWANGE AHUBWO NKURIKIZA IBYO UWANTUMWE AKUNDA”. ▪︎Matayo 20:20-23 =”Maze nyina wa bene zabedayo azana n’abana be aho ari aramuphukamira ngo agire icyo amusaba Nawe aramubaza ati: urashaka iki? Aramusubiza ati: tegeka ko abana bange bombi bazicara mu bwami bawe umwe iburyo bwawe undi ibumoso. Yesu aramusubiza ati: Ntimuzi icyo musaba mwabasha kunywera ku gikombe nzanyweraho,ARIKO KWICARA IBURYO BWANJYE N’IBUMOSO SI JYE UBIGABA, KERETSE ABO DATA YABITUNGANIRIJE✍
@angelique58674 жыл бұрын
Erega Yezu ni IMANA yigize umuntu ikaba yaraje gutabara Isi mumyumvire no mubugingo. Niyompamvu yari INTUMWA ikaba n' UMWANA W'IMANA. Ibyo mwandika ni mubutumwa bwe Yohani 17.6 kugera 14. : I revealed your name .......cg I given them your word...... Ni ukutwereka ukuri. Naho UMWANA W'IMANA ni ukuduhishurira abo turibo nko kunyigisho isengesho rya Dawe uri mwijuru..... Naho ubundi muri Yohani 17.5 atwibwirirako yahozeho. No muri luka 1, 34-35 Gabriella yabwiye Maria uko azatwita, kandi yavuze Roho Mutagatifu ntabwo yivuze. Kandi Yohana 16.28 aravuga ngo I came out from the father and l have come into the word....Urumva ko twe ntabushidikanyo dufite🤷♀️ kuko abyivugira🤷♀️..EREGA ikibazo arinacyo gitera INTAMBARA ahanini mubihugu bimwe nabimwe. benshi bumva ijambo kurindi🤷♀️ Yezu yatweretse ko naba Yahudi aricyo cyabagoye. 🤷♀️Urumvako ntawe narenganya nubwo ntazi niba ari uko namwe mubyumba.
@francoisuwiringiyimana5034 жыл бұрын
Yesu nuwenziranukuri nubujyingo ntawujyankadata tamujyanye esekuwakoragicyahayaterwagamabuye Yesatarazamuracyayaterwa mwakunzeyesurahacyibona
Muraho neza mwese bwana Sabin ibyo biganiro ni byiza aliko byaba nka bya bindi ngo ni ukwikiligita ugaseka Icyo kiganiro cyarushaho kuba kiza hali impande ebyili ni ukuvuga kuba hali Umukristu bikaba débats. Murakoze
@zaza86254 жыл бұрын
Bonne idée habaye umukristu byabakarusho
@Blackrwander4 жыл бұрын
Isimbi nihano mbasha Kureba Video imara isaha ikarangira. Aba bagabo Bazi ubwenge kbsa. May Allah Bless them in the name of Jesus Christ.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
IMANA IMWE RUKUMBI, UWITEKA, UHORAHO Soma:👇BIBILIYA 👉Gutegekakwa kwa kabiri 4:39 =”Ni uko uyu munsi menya iki, ugishyire mu mutima wawe, y’uko Uwiteka ariwe Mana mu ijuru no mu isi. ntayindi” 👉Abefeso 4:6 =”hariho Imana imwe…” 👉1 abakorinto 8:6 = “Ariko kuri twe hariho Imana Imwe…” 👉Yesaya 45:25 “Ni jye Uwiteka nta wundi, nta yindi mana ibaho itari Jye”. 👉1 Timoteo 1:17 =”Umwami nyir’ibihe byose udapha kandi utaboneka niwe Mana imwe yonyine ihimbazwe kandi icyubahiro kibe icyayo iteka ryose”. 👉Mariko 12: 32 =” Uwo mwanditsi aramubaza ati : ni koko mwigisha, avuze ukuri yuko IMANA ARI IMWE NTA YINDI KERETSE YO YONYINE.”
@godfirst58994 жыл бұрын
Nibyiza buli wese afite imyemerere ye nkuko ntawe yavuga allah nabi ngo mwishime muturekere papa wacu yesu umwami numucunguzi Amen uvuga bikaba ukora bigakoreka Amen oooh yesu uvura bagakira utegeka bikaba yoooo yesu shyirwa hejuru icyubahiro nicyawe yesu Amen hallelujah
Turabashimiye kukiganiro cyiza Sabin. Hon Sheikh Harerimana na Sheikh Ashraf Imana Izabahe iherezo ryiza kubumenyi badahwema kutugezaho. Tuzishimira kongera kubabona.
@bibiliyaumucyowisininzira86714 жыл бұрын
Coraan ya kopeye amagambo meshi muri Bibilia cyane kuko Mohammed yandika coraan muri za 680 ikindi yesu isilam ivuga siwe yesu ahubwo bashyiraho ibindi
@jeanbaptistetuyishime6484 жыл бұрын
*SubhanAllah*
@russobenjamin53404 жыл бұрын
ndi umukristu Arko aba muslm ndabemera cyane
@janetgaaj27054 жыл бұрын
YESU ARAVUGA ATI NIJE NZIRA YUKURI NUBUGINGO.KNDI NTANUWOVUGA VYINSHI KKO MWIJURU HAZOJAYO ABEJEJWE.
@russobenjamin53404 жыл бұрын
@@janetgaaj2705 kwa data yesu yavugaga se wiwe yozefu
@amanirugamba59354 жыл бұрын
Ukuri kuzageraho gutsinde
@russobenjamin53404 жыл бұрын
@@amanirugamba5935 ukuri x kuhe icyingenzi genda were imbuto Nziza ibyo birahagije
@amanirugamba59354 жыл бұрын
@@russobenjamin5340 ntakibazo ariko mfite
@umulisagraceumulisa41954 жыл бұрын
Ibya Israheri na Palestine byo Sheh abihereye hagati. Bose ni abavandimwe kuva mu ntangiriro Kuko Israheri akomoka kuri Izaki Abrahamu yabyaranye na Sara, naho abanyepalestina bagakomoka kuri Ismael Abrahamu yabyaranye n'umuja Hagara. Kandi ntakwirengagiza ko abayisraheri bambuwe igihugu cyabo Kuko bagiye batotezwa birukanwa bakanabajyana bunyago ( ibi byabayeho guhera na mbere y'ivuka rya Yezu Kristu ) . Nkuko n' abanyepalestina nabo bagiye bahura n'akaga no kubabazwa nubu bitararangira ( nabyo umuntu wese ukunda amahoro atashyigikira ) .
@emmd12344 жыл бұрын
Mwakoze ku kiganiro cyo gusobanura ko kumenya no gusobanukirwa neza ibyo tugenderamo ari byo bidukiza. Gusa, ariko se ko mbona, ku ngingo zimwe na zimwe, amadini atanga versions zitandukanye? Birayobera abantu birangire babonye ko idini y'ukuri (Imana) iba mu mutima w'umuntu, kumenya gutandukanya icyiza n'ikibi (kubaho neza no kubanira abandi neza), cyane ko idini ubwaryo ritazajyana abantu mu ijuru kuko imico myiza idaterwa no kubarizwa mu idini ahubwo gukora ibyiza bikurimo n'ibyigishwa hose n'amadini arimo, Imana itagira idini itanaritangije, yabagaho mbere y'uko amadini tubarizwamo abaho, byongeye umuntu yemera ibyo yigishijwe cyangwa yakuriyemo, kandi Imana ni iy'abantu bose.
@AminaSinzobakwiraАй бұрын
❤❤
@richarddavis57124 жыл бұрын
I used to be Muslim, but right now I'm a Jesus follower. Yesu ni Imana ikomeye cyane, akuraho ibyaha byacu, arakiza. Abasilamu barabura umwuka wera. Ibyanditswe byera (bibiliya) birabitwemeza ko Yesu ari Imana.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
1. Njye nunyereka aho Yesu yivugira ko ari Imana ndagukurikira, 2. Sinzi niba waba uri umu Catholic bagira isengesho rya DAWE URI MU IJURU urikurikire neza wumve uwavugwaga Nubwo banagira NDAKURAMUTSA MARIYA aho bavugamo ko Mariya ari umubyeyi w'Imana Kandi muzi neza ko Inka ibyara indi, Umuntu akabyara undi, Imana ntibyara ntiyanabyawe, Ibyaye yabyara indi zikaba nyinsho zikororoka kandi ntikeneye n'umufasha Kuba yesu ari umwana w'Imana ntabwo ari nk'uko uri umwana waso, Yesu yabwiye nyina ati " NTUNKOREHO KUKONTARAZAMUKA NGO NJYE KWA DATA ARIWE SO,(aha wakwibaza uburyo ki umwana na nyina bahuje se) Arakomeza ati " KU MANA YANJYE ARIYO MANA YAWE💞
@uwinezahonorine58324 жыл бұрын
Sabin wakoze cyane muri iki kiganiro kuzana uyu musaza w'idini ukamuhuza n'uyu muvandimwe tumenyereye. kuri devoir agiye kudukorera nk'uko yazanye na sh. Abdul Karim ubutaha azanye na Hadj Sulaiman wari pasteur byaryoha cyane
@angelique58674 жыл бұрын
Jean 14. 9. Reka nsubiza ntya wenda twakumvikana. Yezu muzi impamvu yasubizaga muma parabole ? Matayo 13, 10 kugera 11
@lionelmusitanteri16514 жыл бұрын
Allah abashimire
@kantengwacatherine97903 жыл бұрын
Ngahooo ngo ntiyabambwe ibi turabizi ko muzabihakana ariko se ko twabwiwe ko abazabihakana aribo antikristu igihe kirageze ngo akore cyakora ngo muzamenya ukuri Niko kuzababatura umunsi babashyiriyeho gusenga umunsi umwe nibwo twese tuzemera ko Yesu yasize avuze ko Hari abazamwihakana niwe mwami w isabato tuzabimenya bitari kera
@mwenedataandrewkaggwa77474 жыл бұрын
Ko ntacyo mwavuze kuri djihad cg ibyo bita intambara ntagatifu. Izo zatangijwe kera cyane kandi zakorwaga mu izina ry'Imana njye nakeka ko arizo ntandaro y'ubwiyahuzi.
@ericanancy47894 жыл бұрын
Allah abongerere ikomeze kubarinda mumahoro sabe bwira sheikh harerimana uti ndamukumbuye narimaze imyaka ntamubona nanuherukaga kera nkiri akabebe bambi anyibukije murugo mumuryango disi nkimubonana na basaza bange
@wellarskanyebinj59954 жыл бұрын
Ntimukigire ba Bamenya ibyo uvuga se wabibyiwe n'iki jyuvuga ibyanyu mu basiramu ntugasobanure iby'abakristu
Mwemera ko yavutse muburyo bw'igitangaza mukemerera ko yarumwana udasanzwe mukemerera ko azagaruka kdi Muhammad wanyu mukemerera ko atazagaruka ese muhesha amahoro nimigisha Muhammad mute kdi ategereje kuzuka ese uwamaze gupfa abagisabirwa ngo bimumaririki?
@jayavatar15774 жыл бұрын
Sha numva kabisa aho hantu hari ikibazo, bemera gute uwapfuye atazonagaruka aho kwemera uwagiye mw ijuru kandi azagaruka? Na Muhammad wenyine yabasavye kumusuhuriza Yesu nagaruka!
@rutahasteven26834 жыл бұрын
@@jayavatar1577 bambarize Yesu yarapfuye arazuka nabo bemera ko azanagaruka ariko uwo Muhammad wabo ntiyazutse ahubwo birirwa bamusabira ahokwemera uzagaruka
@nduwimanaaline20344 жыл бұрын
Izina rya Yesu rikiza indwara zananiye abagànga imyuka mibi irahunga ikindi naco mutazi gihishijwe nuko ivyaremwe vyose vyaremwe nawe bisigura kwari mana data muvuga knd yaravuzeko atamwana atadata knd aravyongera ngo ntawuvuga ngo arakunda data akanka umwana
@kwizerahashim66674 жыл бұрын
sabin komerez,aho abantu bamenye ubuyislam
@kingdavid-jr8yl3 жыл бұрын
Iyo mbumba mbanumva intego yanyu nugukundisha abantu idini yanyu ya kislam ntakindi gusa harubwo muzahumuka mukamenya Yesu wabambwe nkuko uwahoze arimwene wanyu Anicet byagenze. Bene data ntiwashobora kumva ubyumusaraba utabibwirijwe namwuka wera nuko rero niba ntawe urimumuntu ntiyashobora kuba umuhamya rero ndumva ntarenganya utaramurikiwe nuwomucyo.
@nirembereburingi5252 жыл бұрын
Urayikura he kdi utemera Kristi, icyo ukwiye kumenya Ni ukotuzi inkomoko yanyu muzabeshe abatagira icyobatazi.
Matayo 26:39 BYSB Yigira imbere ho hato arunama, arasenga ati “Data, niba bishoboka iki gikombe kindenge, ariko bye kuba uko jyewe nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.” Ese Yesu yitabaje Imana ariwe yitaga Data ariko Imana kuba Data ntibisobanuye ukuba mvuka kuri Data duhuje buri kimwe. Kuko YESU neza neza ni UMUNTU ntabwo Imana Ibyara abantu NTIBYARA. Kereka niba mutazi kubyara icyo aricyo YESU NI UMUNTU 1 Timoteyo 2:5 BYSB Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w'Imana n'abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo Muganire na Bibiliya yanyu yabayobora k'ukuri
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@angelique5867 Ibyo ni ukubura aho werekeza amayobera, none se ni YESU ubwe wakubwiye ko yihinduye umuntu, ni inde wari kukubwira mission ye atariwe nyiri ubwite cg Imana Uwo wakubwiye ibyo yabibwiwe na nde! Muduhe proofs zifatika mwe kudutwara mu kirere Twereke aho tubisoma! Kandi niba bivugwa n'undi ndamugereranya n'ibya Yesu ndebe uwo nkwiye kumva.
@angelique58673 жыл бұрын
Wari uziko isugi yabyara? Nibindi ntabyo uzi. Ise wa Yezu ninde?
@landrymuzima25344 жыл бұрын
N'iba atagira se akaba yavuy mw'ijuru akaba yasubiye mw'ijuru ubwo muramwita umwana wa mariya gusa cnk n'umwana w'Imana? Kuba yatumwe n'Imana biramubuza kuba intumwa y'Imana biramwambura kuba intumwa yayo? Kuba izongera ku mutuma akagaruka navyo ntibihagije ngo mwumve ko ari mukuru kurusha Mhmd? Gut se muvuga ko atavumwe kndi bashakaga kumwica ubwo urabona iyo scene y'uko bashaka kumwica batamututse batamukubise ngo banamuvume? Kubwanyu abantu bamwakiriye neza ataha mw'Ijuru atakibazo agiranye n'abantu? Kuba Quran imuvugaho byinshi n'uko nyine yabayeho kndi na Mhmd ubwe yarababwiy ngo mumukurikire iyo mwigisha mwigisha ibyo Muhammad yavuz ntabwo mwigisha ibyo Yesu yavuze ni kuber'iki? Ku menya Yesu ntabwo ar'ukumenya ibyo yanditsweho ahubwo n'ugukora ibyo yavuze ngo dukore harimo kumumenya kumenya icamuzanye n'uwamutumye... Iyo utumye umwana wawe guhaha ntabwo byamugira intumwa bikamwambura kuba umwana wawe? Kuba hari ibyanditse mur Quran bitari mur bible n'uko handitsemo ibyo yakoze bijany n'ubutumwa bwamuzany kndi byatangiy amaze imyaka 30 ahandi ni hake arik harimo aho yarafite imyaka 12...Ubwo nanje ndabategerej kur'ico kiganiro c'ubutaha mbabaze
@landrymuzima25344 жыл бұрын
@@angelique5867 ibaze kuba bakindi bongeraho mubyo yavuze, ibaz kuba bavuga ko bemera ibitabo 3 aribyo Quran, ijeel( nouveau testament), na zabur...ariko bisomera Quaran gusa nabwo ntibayisoma bose kuko ni bake bumva icarabu ca Quran ubwo se baritiranya umuntu umwe rukumbi yabayeho atagira se abandi bose bafit ababyeyi bose? Ubwo s baritiranya umuntu umwe utapfuye abandi bose barapfuy? Basanga umuntu wagiy mw'ijuru akazanagaruka kw'isi haruwo bangana muri twe? Usibye ko baducanga mukuvuga mucarabu ngo dutinye nta kintu mbona baduhaye cadukura kuwo twemey gukurikira..... Arik naw ntabwo ndi sister ndi brother
@landrymuzima25344 жыл бұрын
@@angelique5867 ndishimy kumva umuntu ushobora guhagararira ukuri ... Aba bagabo barashobora kuvuga ko iby'Imana bireberwa kwi honi ubwo Imana bavuga barayizi kweli? Njy ntuy mur dubai naho kuvuz'ihoni kirazira iyo atakintu kir significant ninjoro ho n'icyaha ubwo s twavuga ko twubah'Imana kubera tutavuza ihoni... Imana ntabwo ari ibintu bya humanitarians codes gusa it's beyond kwubah'Imana ni kimw kwubah'Imana n'ikindi n'ubwo byose bingomba kubana Ubwo s sinaba nibesh nkwakita sister uri brother?
@samuelnsengiyumva7264 жыл бұрын
Nongeye gushimira mwe abatugeza ho iki kiganiro. Nigeze gusaba ko habaho débat hamwe nk'Umukristu koku byaba byiza kurusha ho. Rero niba byakunda jye nsabye ko mwazantumira nk'umukritu tukaganira. Murakoze .
@duniaainthome4 жыл бұрын
Nukuzirikana ko haricyo twumvise twese umunsi runaka tuzibutswa ibyo twabwiwe nabo twahuye nabo nibyo batugejejeho Sabin uba wakoze cyane nkunda ko ba sheikh batajya bavuga nabi abo badahuje ukwemera
@betterhometv44874 жыл бұрын
Amahoro y'Imana kurimwe duhuje ukwemera namwe duhuje ubumuntu mbararikiye gusobanukirwa idini ya Islam kuri channel ya BETTER HOME TV murakoze!.
Icyo UTEMERA SE NI UKO YESU Ari : 1. UMUNTU 2 . INTUMWA Y'IMANA Cg icyo utemera ni UKO ATARI IMANA? Mbwira ngufashe! Niba unavuga ko YESU Yabambwe utubwire aho yabanbwe n'isaaha yabambiweho! Kuko na Bibiliya ntibivugaho rumwe.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
YESU NI UMWANA W' UMUNTU MATAYO 12:40 KUBA UMWANA W'IMANA NTA MANA IBYARA UMUNTU IBAYE IBYARA YABYARA INDI MANA! KEREKA NIBA MUTEMERA IMIRONGO IGARAGAZA KO YESU ARI UMUNTU CG SE KO ARI INTUMWA Y'IMANA.
@cyuzuzo6484 жыл бұрын
Mbere na mbere hariho Jambo; Jambo uwo yahoranye n'Imana kandi Jambo yari Imana. (Yohana 1:1).
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@cyuzuzo648 Ibi se wowe wumva ubisobanukiwe ngo udusobanurire neza utubwira IZO NI IMANA ZINGAHE? mugihe yesu we avuga ko hariho imana imwe akanongera ko ubugingo buhoraho ari ukuyimenya ko ariyo y'ukuri yonyine no kumenya uwo yatumye ariwe Yesu Kristo Yohana 17:3
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
@@angelique5867 Yego nawe Imana iguhe umugisha, gusa twari dukeneye kumenya niba Yesu ari IMANA ukaduha gihamya mu magambo ye. Naho kuduhuriza Jambo kuba yari Imana akaba yarahoranye n'Imana ari nawe wari uriho sinzi ubwo zaba ari Imana zingahe Ese mugihe Yesu yari mu isi ni inde yasengaga? Mbese yarijijishije agenda atanabivuze adusiga mu rujijo???? UWO YESU YAGARAGAYEMO NIWE YARI WE. Kuvuga ko yigize umuntu ntaho biri muri bible niba mbeshya uhampe. Aho niho mugera muti "ni Amayobera matagatifu🤔" Koko??? Muvandimwe, RWOSE IMYEMERERE YANJYE KURI YESU IRI MU MAGAMBO YE MURI BIBILIYA NA QURAN ibyahishuwe ntabwo ari amagambo y'abantu bigisha za gatigisimu. References ziruzuye kuri njye. IMANA NTIYABYAYE, NTIYABYAWE YEWE NTANICYO ISA NACYO MUBYO YAREMYE YESU AKABA IMWE MU NTUMWA ZAYO Z'INYACYUBAHIRO .
@angelique58673 жыл бұрын
Jean14.8-9 : Philippe lui dit: Seigneur montre nous le Père et cela nous suffit. JÉSUS lui dit : il y a longtemps que je suis avec vous et tu ne m'as pas connu Philippe..🤷♀️ aya se si amagambo ye🤷♀️
YESU NI UMUGARAGU USENGA IMANA IKAMUYOBORA🛑 Ibyakozwe n’intumwa 3:13 =.👍 Matayo 26:30 = >.👍
@marcelshema1094 жыл бұрын
Uyu Sheikh Ashraf muzamuhuze n'umu Pastor witwa Ngarambe Albert baganire kuri Yesu byaba byiza natwe tukungukiramo
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
Matayo 15:24 BYSB Arabasubiza ati “Sinatumiwe abandi, keretse intama zazimiye zo mu muryango wa Isirayeli.”
@samuelnsengiyumva7264 жыл бұрын
Twibuke ko yavuze ati nimakwa hagati y'isi n'ijuru nzireherezaho amahanga yose
@urusaroaline84844 жыл бұрын
Yoo,disi mwaratagangaye ,ese kwizera muhamedi waheze mugituro wanaboze agahinduka umukungugu ,nuwasubiye mwijuru da adapfuye nkuko mubivuga ,ubwo wakwizera nde koko ,yewe mwuka wera abakore kumaso
@chany99504 жыл бұрын
Yooo uvuze ibintu ntarizi pe urakoze imana ikumpere imigisha
@rugambaali72414 жыл бұрын
Aline we ushobora kuba wabyitiranyije, Yesu na Muhammad bose turabemera. Yego rwose Muhammad yarapfuye kandi Yesu ntiya pfuye turabyemera pee.
@lisalatiifah10004 жыл бұрын
Ariko mwajya muvuga ibyo musobanukiwe neza???? Muhammad turamwemera nyine kuko ari intumwa y'Imana gusa icyo mudakunze kumenya nuko tutamusenga nkuko mwe musenga Yesu kurusha Imana.
@mgquranmedia49814 жыл бұрын
🛑YESU SI IMANA NI UWATUMWE N’IMANA 👍Yohana 17:3 =>. 👍Yohana 7:16 = . 👍Matayo 15 : 24 = (Yesu) arabasubiza ati: “sinatumiwe abandi keretse intama zazamiye zo mu muryango w’isireyeli”>>.👌 👍Yohana 20:17 = >. 👍Mariko 12:28 = Ni uko umwe mubanditsi yumvise bajya impaka amenya yuko abasubije neza aramwegera aramubaza ati: mbese itegeko ry’imbere muri yose ni irihe? Yesu aramusubiza ati: iry’imbere ni iri ngo : umva isirayeli Uwiteka Imana yacu niwe mwami wenyine>>. 👍Matayo 27:46 =
@eliseerollerskater50574 жыл бұрын
Niba ataruko barimbere y’a camera, ibyo bavuga baramutse babyubahiriza baba bafite ukuri kandi ari bazima, kuko nzi benshi kandi bo hejuru bakora nibibi birenze kubatari abisilamu. But these two guys are somehow right niba bitari za njuga kuko kubivuga no kubikora ni inshinga 2 zitandukanye
@Dinosucre104 жыл бұрын
Islam is perfect but muslim are not perfect , ntukareba ibyo bakora ahubw ujye wumva ibyo islam itubwira
@eliseerollerskater50574 жыл бұрын
Dino 10 ntago ariko bimeze biranditswe ngo tuzabamenyera ku mbuto zabo, nta wagira amatsiko yo kwinjira ahantu ngo arote ko ari heza atabona abahatuye bo babayeho neza iyo abona ko atari beza ntiyakwifuza ko yahaba biri clear! Uburyo wifata nuko ufata abandi not kuvuga gusa nibwo buguhesha kwizerwa no kuganwa ntago arinyubako rafiki yangu
@am-khalifa64914 жыл бұрын
Uzadutumirize sheikh Mohammed rubona numuhanga cya yize amateka
@martinhabimana4 жыл бұрын
Nkunda ukuntu Sheikh Abdulkarim atuje cyane
@laurence79614 жыл бұрын
Nyamara coran yemera ko bica umuntu wese uhakanye cgw uvuye mu idini ya islam. Uvuze nabi Mahomet....aricwa 😭 Nimunyemerere ko ari uko tugira umugisha wo kuba igihugu cyacu kitagendera ku mategeko ya islam ! Ibyo mutubwira mwabihindura. Avec tout le respect que je vous dois, munyemerere mbabwire ko byinshi mubyo muri kutubwira muri guca ku ruhande y'ukuri namwe muzi. Coran twarayisomye,.......
Uwo murongo kubera guhindura indimi wataye umwimerere. Wowe wabayeho rimwe na so. Kandi wowe wari so. Nushira mubwenge urabona ko traduction ari trahison!
@sawdaasawdaa79033 жыл бұрын
Asalaam alyekum ba sheikh bacu nivyinshi biri muri bible bina besha bible bavugako uwamvyaje ni youseph coroan ivuga umwanya wikuvyara yariwenyene Allah ariwe wamurongora ico yakora aramugaburira urumva bible vyinshi nububeshi .kandi bible ivugibi ikavuga biria ntiyigeze yubaka urugo mugabo bible ikavuga umugabo we ni youseph ukwo nukubesha yozefu yarumuntu babana murugo ntiyigezarongogwa yabayehukwo mpakarapfa asezerisi bibiria iracanganya cane kumuntufitubwenge ningombwa uboneko arinkorano.
@antoinentagwabira91374 жыл бұрын
Amazing!
@kingdavid-jr8yl3 жыл бұрын
Sabin uzaduhamagarire Anicet Niyomugabo.
@larycheerful894 жыл бұрын
Sabin, uzabahuze na Pastor Antoine Rutayisire kuri debate ya Yesu 🙏🏾👌🏾
@samsungk25084 жыл бұрын
Uriya ninjiji
@chema59614 жыл бұрын
Ndakurahiye niyabyemera erega bariya mwita ko arabasiteri babahisha ukuri ndakurahiye abatinya debeti na gafanga bazayikirana naba
@rugambaali72414 жыл бұрын
Sheikh Ahmed Deedat ubwe yasabye debate na Pope gusa ntibyapfa gukunda cyakora ushaka kumenya ukuri ubasha kumva icyongereza ushake Debat za Dr Zakir Naik kuri KZbin
@hakizimanabadrou85663 жыл бұрын
Sabin wazadukoreye ikiganiro na sege(ushinzwe ivugabutumwa muri Islam murwanda) mukaganira kuri yesu icyo bibiriya imuvugaho nicyo cor'an imuvugaho
@mbonigabajeanpaul73374 жыл бұрын
Muzamenya ko ari umwana wimana akanaba Imana umunsi muzapfa nibwo muzamenya ko ari Imana kuko muravuga ibyo mutazi muri mu mwijima.
@nsanzumuhirechaffy14323 жыл бұрын
Muvandimwe munyacyubahiro nta mukristu ufite ubumenyi bwuzuye kuri Yesu kuko Biblia yanditswe n,abantu batazi Yesu urabizi, hari abashinzwe kuyivugurura,ntabwo yaba Imana NGO Abe n,umwana wayo,ntabwo warukwiye kujya impaka ahubwo jyira amatsiko yo kumenya ibyo utamenye.
@russobenjamin53404 жыл бұрын
nines kuki aba muslim mutavuga yesu issa ahubwo mukavuga muhamadi cyane
@educationbusinessfaitsdive70714 жыл бұрын
Yesu turamwubaha no munkingi zukwemera zubuyisilam utemeye Yesu ntiwaba Uri umuyisilam naho kuvuga Muhammad nuko ariwe woherejwe kugihe cyacu Yesu yohererejwe abayisirael niyo mpamvu.
@BNG39234 жыл бұрын
Nuko Muhamad ariyo ntumwa yanyuma yoherejwe kubantu bose. Hanyuma yesu cy issa tumwemera nkintumwa y' Imana gusa kuko we yoherejwe kubana ba israel gusa