Рет қаралды 30,055
Umuhanzi wagwije ibigwi mu muziki w’u Rwanda, Cécile Kayirebwa yatanze ibyishimo bisendereye kandi by’urwibutso mu gitaramo cyashyize akadomo ku iserukiramuco rya ‘MTN Iwacu Muzika Festival ‘Gakondo’’.
Ni nyuma y’imyaka ibiri yari ishize iri serukiramuco ritaba imbona nkubone ahanini bitewe n’impamvu zirimo icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi kigahitana ibihumbi by’abantu.