Рет қаралды 224,875
Umuvugizi w’ihuriro ry’imitwe irimo M23, Corneille Nangaa ari i Goma, ejo kuwa kane, nyuma y’aho umutwe avugira wigaruriye umujyi wa Goma yabwiye abanyamakuru ko batazava i Goma, ahubwo ko bazarwana kugeza i Kinshasa. Ni nyuma y’uko Perezida Felix Tshisekedi asabye abanyekongo guhaguruka bose mu kurwanya M23.